Umuyobozi w’ akarere ka Kicukiro Dr Jeanne Nyirahabimana yagaragarije abaturage uburyo bune ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwamo asaba abaturage kurirwanya.
Muri gahunda yo gutangiza...
Ikipe ya Singida United yo muri Tanzania yarangije kumvikana na myugariro wa APR FC kuzamugura amadorali ibihumbi 50 ubwo umwaka wa shampiyona uzaba ushojwe. Singida United yo muri Tanzania,...
Magingo aya ikipe ya Rayon Sports yamaze kwizera mu buryo budashikikanywaho ko igikombe cya shampiyona y’ u Rwanda uyu mwaka ari icyayo. Dore ibintu bine byafashije Rayon Sports kuba igiye gutwara...
Akanyamuneza kari kose ku baturage bo mu mudugudu wa Mpanga akagari ka Kanzenze umurenge wa Mageragere wo mu karere ka Nyarugenge bahawe umuriro ukomoka ku mirasire y’ izuba na polisi y’ u Rwanda...
Ikipe ya Rayon Sports FC yandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ko igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere yamaze gutwara yazagishyikirizwa ku mukino ifitanye na...
Abantu 15 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu muhanda Kigali Musanze kuri metero 800 uvuye ku giti cy’ inyoni
Iyo mpanuka yabaye kugicamunsi cyo kuri uyu wa...
Abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Madame Louise Mushikiwabo ,yatangaje ko yifatanyije n’ababuriye ababo mu bitero...
Minisitiri wo kurwanya ibiza no gucyura impunzi Seraphine Mukantabana yasabye abakora mu nganda guhora bari maso bakirinda ibiza, avuga ko inganda ari umutima w’ igihugu mu iterambere bityo ko...
Abantu 6 barimo abagore batatu bafunzwe na Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba nyuma yo gufatanwa urumogi mu turere twa Rubavu, Rusizi, Rutsiro na Nyamasheke. Bafashwe mu bihe bitandukanye...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Kamena bashyikirijwe aya mafaranga y’impozamarira, abantu batandatu bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi bahawe indishyi baregeye mu rubanza rwaregwagamo...
Gaudence witabye Imana kubera ibyo yanyoye asize abana bane
Abantu bane bo mu murenge wa Rwezamenyo Akagari ka Rwezamenyo ya II bararembye mu gihe undi umwe yitabye Imana.
Ikinyobwa aba bantu...
Nyuma yo guhesha igikombe cya shampiyona ikipe ya Rayon Sports umutoza Masudi Irambona Djuma arifuzwa bikomeye n’ikipe ya Mukura Victory Sports nyuma y’aho iyi kipe itangaje ko itazakomezanya ni...
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram umukinnyi Mugisha Francois usanzwe ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports amaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports azamugeza mu mwaka wa 2019....
Umunya Mali wari umaze umwaka akinira ikipe ya Rayon Sports ashobora kuyisohokamo akerekeza mu gihugu cya Misiri aho yifuzwa cyane n’ikipe ya Ismaily aho bivugwa ko abayobozi b’iyi kipe bamaze...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude yasabye abayituye kwirinda kwishora mu biyobyabwenge no gufatanya kurwanya iyinjizwa ryabyo mu gihugu , icuruzwa n’ikoreshwa ryabyo...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho abakinnyi ba Rayon Sports batangaje ko biteguye kumanura mu cyiciro cya kabiri Kiyovu Sports isabwa...
Rutahizamu Danny usengimana usanzwe ukina mu ikipe ya Police FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Singida United aho yamaze kuyisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
Uyu rutahizamu warangije...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo ifungiye kuri Sitasiyo ya Rugarama abagabo 30 yafashe ku itariki 21 z’uku Kwezi bacukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti mu buryo butubahirije...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, kuwa gatatu tariki ya 21 Kamena, yataye muri yombi umugabo witwa Ntegeyimana Jean de Dieu w’imyaka 38, ukomoka mu murenge wa Mudende akagari ka...
Bugesera yarangije ku mwanya wa 5 iri mu biganiro na Ndatimana Robert aho bivugwa ko bari hafi kumvikana n’uyu musore wahoze akinira Rayon Sports mbere y’uko yerekeza muri Police FC amazemo imyaka...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Gakenke, hafungiye abagabo babiri bafatanywe ibicuruzwa bitemewe birimo n’imiti ya magendu mu mukwabu wakozwe na Polisi ihakorera mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu...
Umutoza wa Rayon Sports yatangaje uburyo ari buze gukinisha ikipe ye ikigaranzura Espoir mu mukino uzabera I Rusizi kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Kamena 2017.
Nubwo ikipe ya Rayon Sports...
Urubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo...