Mugitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 14 Ugushyingo 2022 nibwo hasakaye amakuru y’uko Hon Mbonimana Gamariel uvugwaho kubatwa n’ubusinzi yeguye ku mirimo ye nkuko byemejwe na Visi Perezida...
Nsengiyumva Janvier w’ imyaka 29 uri mu bakandida bigenga barimo kwiyamamaza mu matora y’ abagize inteko ishingamategeko, umutwe w’ abadepite ateganyijwe ku wa 2 kugeza ku 4 Nzeli yatangaje ko aho...
Bamwe mu badepite baravuga ko bagiye kujya mu kinamba bakoza imodoka abandi bakoza imisarane mu rwego rwo gushaka amafaranga yo gufashisha abaturage ba Uganda bugarijwe n’ ikibazo cy’ ibura ry’...
Bimaze kumenyerwa mu Rwanda ko uwabonywemo ubushobozi binyuze muri Cabinet(Inama y’Abaminisitiri ikuriwe na Perezida w’u Rwanda) bemeza umuyobozi runaka ku mwanya mu nzego zo hejuru, bikamenyeshwa...
Depite Mwangachuchu uheruka gutabwa muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano wa DR Congo ashinjwa gukorana na M23, yongerewe ibyaha mu rubanza rwe. Ku munsi wejo tariki ya 23 Gicurasi 2023, CP...
Kuri uyu wa Kabiri, u Bushinwa bwirukanye umudipolomate w’Umunyakanada wakoreraga muri Shanghai mu rwego rwo kwihimura nyuma y’uko Canada na yo ihambirije umudipolomate w’Umushinwa ukorera mu mujyi...
Abadepite bakomeje kwegura mu nteko ishinga amategeko aho utahiwe ari Hon HABIYAREMYE Jean Pierre Celestin nawe wamaze gusezera ku mpamvu ze bwite.Birakekwa ko yaba nawe yaraganjwe n’inzoga....
Dr Mbonimana Gamariel uheruka kwegura ku mirimo y’ubudepite kubera ubusinzi bukabije yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse yemeza ko yafashe umwanzuro wo kuzireka.
Dr. Gamariel Mbonimana...
Umudepite wo muri Kenya ari guhigwa nyuma y’uko ashinjwa kurasa akica icyegera cy’uwo bahanganye mu matora mu burengerazuba bwa Kenya.
Ababibonye bavuga ko Didmus Barasa, umudepite w’agace kitwa...
Kuva mu ijoro ryo ku cyumweru umutwe witwaje intwaro utaramenyekana neza wagabye ibitero ku misozi ya Chanzu, Ndiza, Runyoni n’iyindi mu karere ka Rutshuru muri Kivu ya ruguru bituma abaturage...
Ubushyamirane bwo kujya mu mitsi bwavutse mu nteko ishingamategeko ya Pan-Africa iteraniye muri Africa y’Epfo mu mujyi wa Johannesburg.
Iyi nteko ku wa mbere yagombaga gutora umukuru wayo ku...
Perezida mushya wa Tanzaniya,Nyakubahwa Samia Suluhu Hassan,kuri uyu wa kane yatangaje ko yifuza kwegera abatavuga rumwe n’ubutegetsi, mu ntumbero yo guharanira demokarasi n’uburenganzira bwa...
John Pombe Magufuli, umuhungu wavutse ku muhinzi-mworozi utifashije akaza kuba Perezida wa Tanzania mu mwaka wa 2015, yapfuye ku wa gatatu afite imyaka 61, leta itangaza ko yazize ibibazo...
Itsinda ry’abasirikare kabuhariwe ba Somalia rivuga ko ryasoje ihagarara ry’ubuzima kuri hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu yari yagabweho igitero n’intagondwa za al-Shabab zigendera ku mahame...
Lambert Mende wabaye Umuvugizi wa Guverinoma zinyuranye za Kabila kuva muri 2008 kugeza mu ntangiriro za 2019 yari yatawe muri yombi kuri iki cyumweru ariko aza...