Rose Muhando wo muri Tanzania wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana aranyomoza ibyavuzwe bikanandikwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge. Uyu muhanzikazi avuga ko abavuga ibyo ari abashaka...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kamena uyu mwaka nibwo Adrien Misigaro yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali. Ni nyuma y’imyaka irindwi akorera muzika muri Leta Zunze...
Mu majyaruguru ya Argentine mu gace kitwa Rosario aho Lionel Messi avuka niho habereye ubukwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kamena 2017, aho yambikanye impeta y’urudashira n’umugore we bakundanye...
Polisi yo mu gihugu cya Tanzania yamaze gutangaza ko ifunze Miss Wema Sepetu hamwe n’abandi bahanzi aho bakurikiranyweho gukoresha no gucuruza ibiyobyabwenge.
Miss Wema Sepetu ukurikiranweho...
RUBAVU-Kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Gashyantare 2017; King James, The Ben na Riderman bataramiye abakunzi babo mu buryo bukomeye aho igitaramo cyarangiye abafana bakinyotewe. Ni igitaramo...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dominic Nic Ashimwe, aravuga ko kugeza ubu ataramenya neza akamaro ko gutora Nyampinga w’u Rwanda akanibaza inyungu Abanyarwanda bakura muri iki...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, muri Leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye muri muzika bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 59....
Maniraruta Martin uzwi nka Mani Martin umuhanzi Nyarwanda uri kubarizwa mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Congo, yafashe mu mugongo umuryango w’uwitwa Norbert Paluku wari uzwi nka ‘Djo warashwe na...
Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, nibwo muri leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye bya Grammy Awards aho umuhanzikazi Adele yihariye ibikombe,...
Umuririmbyi Kitoko Bibarwa umaze igihe mu Bwongereza; aravugwa kuba mu rukundo n’umunyamakuru w’umunyarwandakazi.Ni nyuma y’uko aba bombi babigaragaje binyuze ku mufato bashyira ku mbuga...
Inkuru iri gucicikana mu bitangazamakuru bitandukanye ikanazengurutswa imbuga nkoranyambaga zitandukanye n’urukundo rw’umuhanzi Kitoko Bibarwa utuye mu Bwongereza uri mu rukundo n’umunyamakuru...
Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
Umuramyi Patient Bizimana, ukora muzika yo guhimbaza Imana uri mu bakunzwe muri iyi minsi, yatangaje ko umwaka wa 2018 usiga akoze ubukwe n’umukunzi atifuje gutangaza amazina.
Ni nyuma y’uko...
Umuririmbyi Rihana wavukiye i sait Michel muri Barbados, yahawe ishimwe ry’umwaka wa 2016 na Kaminuza ya Harvard yo muri leta zunze ubumwe za Amerika nk’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu...
Umuririmbyi Umutare Gaby [Nikuze Gabriel umenyerewe mu ndirimbo z’urukundo, yabaye agiye kurushinga mu minsi ya vuba, aho ashobora guhita yerekeza ku mugabane wa Australia ndetse amakuru avuga ko...
Umuhanzikazi Teta Diana wavuye mu Rwanda mu ntangiriro z’umwaka wa 2016 ndetse kugeza ubu akaba ataragaruka; washimangiye izina rye mu ndirimbo ’‘Velo’ agiye kugaruka mu Rwanda mu minsi iri imbere...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi ku izina rya Bruce Melody mu njyana ye y’ R&B yaririmbiye abitabiriye Siporo rusange yo kuri iki Cyumweru tariki ya 5 Werurwe 2017
Nk’ uko bimaze kumenyerwa buri...
Umunyamakuru John Ndabarasa wari umaze igihe atagaragara
Umunyamakuru akaba yari n’umuyobozi wa Sana radio, Jean Marie Vianney Ndabarasa (bita John) wari umaze igihe kinini atagaragara ubu ari...