Umuhanzi wo muri Tanzania Ambwene Allen Yessayah wamamaye mu muziki nka AY yahakanye yivuye inyuma ko atigeze atandukana n’umunyarwandakazi Umunyana Rehema [Remy] bamaranye umwaka urenga...
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste Migi ukinira ikipe ya KMC muri Tanzania yavuze ko we na bagenzi be 15 birukanwe mu ikipe ya APR FC batarenganye nkuko bivugwa ahubwo batatanze ibyo basabwaga...
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda, UPDF,witwa Charles Omoding yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umugore utwite witwa Winny Awino amugira intere amuziza ko yanze ko batera akabariro ndetse ngo...
Ibinyamakuru bikomeye i Burayi biratangaza ko umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane,ashobora kwegura ku kazi mu minsi iri imbere igihe cyose perezida w’ikipe Florentino Perez azaba ananiwe...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yaraye mu byishimo byinshi nyuma yo gutsindira Chelsea kuri penaliti 5-4 akayitwara igikombe cya Super Cup byatumye yita umunyezamu we mushya Adrian izina...
Umuhanzi Diamond Platnumz wageze mu Rwanda muri iki gitondo mbere y’uko yerekeza mu gitaramo mu Burundi,yabwiye abanyamakuru ko ibyavuzwe hambere ko akundana n’umunyarwandakazi Mbabazi Shadia uzwi...
Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp yatangaje ko bifuzaga kugarura umukinnyi Philippe Coutinho ariko amafaranga baciwe na FC Barcelona yatumye batabibasha.
Uwahoze ari Visi Perezida wa Uganda,Prof. Gilbert Bukenya, uzwi nka “Kampala king of ladies happiness” yatangaje ko akunda kurongora abakobwa bato kubera ko bamuruhura mu mutwe ndetse...
Umukobwa witwa Hollie Funke Hersey w’imyaka 22,wigeze gutorerwa kuba Miss Ireland yatangaje ko umugabo witwa Manuel Munares yamukorakoye ku maguru no ku nda yarangiza akamubwira ngo “ibi bikwiriye...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yarize cyane ubwo umunyamakuru Piers Morgan yamwerekaga bwa mbere amwe mu mashusho ya se, Jose Dinis Aveiro, wari warazahajwe n’inzoga amushimagiza ko azaba umukinnyi...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo waraye agiranye ikiganiro cyaciye ibintu n’umunyamakuru wa ITV,Piers Morgan,yavuze ko akunda cyane umukunzi we Georgina Rodriguez bamenyanye mu myaka itatu ishize...
Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yabwiye abakinnyi ba rayon Sports ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi 10 bamaze I Ngoma ko umutoza mushya w’iyi Kipe Javier Martinez Espinoza yamusabye ko...
Inyeshyamba yitwa Caporal Ndayizeye Emmanuel,iri mu zateye mu karere ka Musanze zikicisha abantu, yafashwe n’abaturage ku munsi w’ejo,ishyikirizwa inzego zishinzwe...
Nyuma y’imyaka isaga 4 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Nkurunziza Pierre uyobora Uburundi badahura,kuri uyu wa Gatatu taliki ya 09 Ukwakira bazahurira I Bukavu muri Repubulika iharanira...
Umutoza wa APR FC witwa Adil Mohammed Erradi,uhembwa akayabo k’ibihumbi 18 by’amadolari ku kwezi,yamaze kugurirwa imodoka nshya ya SUZUKI Vitara yo mu bwoko buheruka gukorwa ifite imiryango...
Abagore b’aba rutahizamu bazwi cyane mu Bwongereza barimo Rebekah Vardy wa Jamie Vardy na Coleen Rooney wa Wayne Rooney bari mu ntambara y’amagambo ku mbuga nkoranyambaga bapfa amazimwe bivugw ko...
Ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Uwahoze ari umukinnyi w’icyamamare mu ikipe ya Chelsea, Didier Drogba,yabwiye abitabiriye inama ikomeye ya Youth Connekt 2019 ko u Rwanda rwamubereye urugero rukomeye mu kwiyubaka nyuma y’ibyago...
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer,yishimiye bikomeye imyitwarire y’abakinnyi be babiri barimo Marcus Rashford na Daniel James bamufashije guhagama Liverpool kuri iki...
Rutahizamu Samuel Eto’o uherutse gusezera ku mupira w’amaguru yavuze ko uretse Lionel Messi yemera ko aturuka ku wundi mubumbe,yemera ko Andres Iniesta ariwe mukinnyi w’umuhanga kurusha abandi bose...
Umunyamerika witwa Gary DeNoia w’imyaka 35 ukomoka muri Leta ya New Jersey,yavuze ko nta muntu waryohewe no gutera akabariro nkawe kuko yamaze imyaka 2 ayikorana n’umuzimu bari mu...
Umwana w’imfura wa David Beckham n’umugore we Victoria witwa Brooklyn arashinjwa gusambana na murumuna w’umukobwa bakundana muri iyi minsi witwa Hana Cross usanzwe ari...
Umutoza Arsene Wenger umaze kumenyera ubushomeri nyuma yo kuva muri Arsenal yamazemo imyaka 22 yose,yavuze ko agifite amahirwe menshi yo guhabwa akazi ko gutoza Bayern Munich kuko ngo yaganiriye...