Urwego rwashinzwe kurangiza imanza zasigajwe n’inkiko mpuzamahanga (International Residual Mechanism for Criminal Tribunals, IRMCT) rwategetse leta ya Niger kuba ihagaritse itegeko ryo kwirukana...
Radiyo yo mu Bufaransa, France Inter, yasabye imbabazi inemera ‘ubujiji’ ku kiganiro iherutse gutangaza gikubiyemo imvugo zipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu...
Ku mugoroba wo kuwa Gatanu taiki ya 21 Gashyantare 2020, Museveni yabwiye baturage ba Uganda ko batazarekura bamwe mu banyarwanda bakatiwe kubera ibyaha bikomeye...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye mu mugoroba wo gusoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020, wabereye muri Kigali Arena i...
Umunyarwenya Patrick Salvador wo muri Uganda yanenzwe ndetse anasabwa gusaba imbabazi nyuma y’aho akoreshereje ijambo “Jenoside” mu rwenya yateraga agaruka ku bijyanye n’ingendo z’indege mu bihugu...
Umuhanzi Ngabo Medard,Meddy waraye ageze mu Rwanda ari kumwe n’umukunzi we,yabwiye abakunzi be ko yiteguye kubaha igitaramo cy’amateka ku bunani muri “The Eastern African...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mbere yo guhura na Nigeria mu mukino wa mbere w’itsinda C,Antoine Hey utoza Amavubi yijeje Abanyarwanda ko nta kabuza baraza gutsinda ikipe ya Nigeria kuri uyu...
Kidumu Kibido Kibuganizo, Umuhanzi w’Umurundi umaze kugira mu Rwanda nko mu rugo kuva yahakandagira bwa mbere mu 1999, , ari mu bahanzi bakomeye bazaririmba mu gitaramo giteganyijwe kuba kuri uyu...
Ubukwe bwa Chris CM. na Yvone bwahereye kuri uyu wa gatanu w’icyumwe gishize kugeza kuwa mbere muri Amerika hari higanje Abanyarwanda bari bitabiriye ubukwe bwa Chris CM. na Yvonne. Henshi mu nzu...
Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda, aravuga ko kuba abanyarwanda bishimiye ari intsinzi ikomeye kuri we, ngo no muri 2024 yiteguye kongera kwiyamamaza naramuka adatsinze amatora yo...
Ku igicamusni cyo kuri uyu wa Gatatu ikipe ya Rayon Sports nibwo yasesekaraga ku ikibuga mpuzamahanga cya Bamako muri Mali aho igiye gukina umukino nyafurika na Onze Createurs, ikaba yakiriwe...
Muri uyu mwaka wa 2017, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika. Ni amatora agiye kuba ku nshuro ya gatatu u Rwanda ruvuye mu bihe bya Jenoside yakorewe abatutsi. Aya mbere...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, Abanyarwanda baturutse mu bihugu by’Uburayi ndetse no mu mpande zitandukanye z’Isi barahurira i Ghent mu Bubiligi mu gikorwa cyitswe ‘Rwanda Day’, aho...
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 19 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi ibiri agira mu gihugu cya Zambia, yashimye mugenzi we wa Zambia, Edgar Chagwa Lungu uburyo igihugu cye cyakiriye...
Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi...
Umukuru w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda yatangaje ko bafite impungenge ko abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza bashobora kubera umutwaro iki...