Umuhanzikazi Clarisse Karasira wamamaye cyane mu ndirimbo za gakondo zagiye zikundwa hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yerekanye imodoka ye nshya asigaye...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuwa kabiri tariki ya 08 Ukuboza 2020, Abajura bane bitwaje intwaro gakondo bagiye kwiba koperative Umurenge Sacco iherereye mu Murenge wa Munyiginya mu...
Umukinnyi wa filime muri Amerika Lupita Nyong’o aherutse kugaragariza isi ko atewe ishema no gusokoza amasunzu (insokozo)ikomoka mu Rwanda, ni mu gihe ibyamamare nyarwanda byo banyotewe no...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Gakoni mu murenge wa Muganza ho mu karere ka Rusizi yafatiwe mu cyuho we n’umuzamu basohoye amabati yari abitse mu biro by’aka kagari bivugwa ko bari...
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana witwa, Nigel Giasie, yemeje ko ashobora gukora ibitangaza umukinnyi wa Basket, Kobe Bryant n’umukobwa we Gianna baguye mu mpanuka y’indege bakongera bakaba...
Abarimu 1000 bo mu gace kitwa Kabalo muri RDC bari mu marira kubera ko umushahara wabo wa miliyoni 170 z’amakongomani angana n’ibihumbi 100 by’amadolari wibwe n’abagizi ba nabi bitwaje...
Si kenshi mu Rwanda mu bahanzi bakizamuka uzasangamo urubyiruko rwibanda ku njyana ya Gakondo, aho usanga bamwe binjirira mu njyana ziba zikunzwe kandi zigezweho muri icyo...
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,nyakubahwa Felix Tshisekedi yabwiye abakongomani ko ari mu rugamba rwo kugarura amahoro muri RDC ndetse no mu karere ndetse ngo yiteguye no...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 29 Kamena 2019,agakiriro ka Gisozi gaherereye mu karere ka Gasabo kongeye gufatwa n’inkongi y’umuriro yangije cyane ahitwa APARWA hakorerwa...
Abantu bo mu bwoko bw’aba Huaorani bagera ku bihumbi 4 bibereyeho mu buzima butangaje bwa gakondo mu burasirazuba bw’ishyamba rya Equateur, aho batunzwe no guhiga inyamaswa zitandukanye akaba ari...
Umuhanzikazi Jackie Chandiru wakonje mu muziki kubera ibiyobyabwenge byamubase,yaraye aguye imbere y’abanyeshuli ba kaminuza ya Makelele mu gashami k’Ubucuruzi gaherereye ahitwa Nakawa,ajya...
Umupolisikazi ukomoka muri Argentina witwa Celeste Ayala urinda ku bitaro bivura abana bya Sor Maria Ludovica biherereye mu mujyi wa Buenos Aires, yamamaye hirya no hino mu binyamakuru kubera...
Umukobwa witwa Uwimana w’imyaka 27 wari ucumbitse mu nzu iri mu mudugudu wa ETO Nyakigezi, Akagari ka Kiniha mu murenge wa Bwishyura yaraye ahiriye mu nzu afungiranye...
Mu mugi wa Malmedy mu gihugu cy’Ububiligi bakoze agashya maze mu rwego rwo guha agaciro umuco gakondo wabo ku nshuro ya 22 bateka umuleti w’igitangaza w’amagi ibihumbi...
Umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Declan Rice yizeye ko mugenzi we bakinana mu ikipe ya Arsenal Ben White azahindura ibitekerezo akongera kugaruka mu ikipe y’igihugu atacyemera...