Buturaga wari ufite imyaka 35 y’amavuko, yagwiriwe n’ikirombe maze yitaba Imana, ubwo yacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko mu kagari ka Mubuga mu murenge wa Miyove mu karere...
Abagabo batandatu bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Muhoza mu karere ka Musanze nyuma yo gufatanwa ibikoresho bitandukanye by’amashanyarazi bibye mu minsi ishize.
Umuvugizi wa...
Inzego z’ubutasi muri Ameika zavuze ko umugabo wari ufite igikapu yatawe muri yombi nyuma yo guca ku biro by’umukuru w’igihugu wa Amerika bizwi ku izina rya White House.
Perezida Donald Trump yari...
Polisi y’Igihugu iravuga ko iri mu iperereza ku rupfu rw’uwitwa Nteziryayo Emmanuel wabonywe n’abaturage yitabye Imana mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Werurwe 2017 afite ibikomere mu...
Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo, yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro ya magendu nyuma yo gushyiraho bariyeri ahitwa mu Kajevuba, mu murenge wa Ntarabana ku manywa yo kuri iki...
Umwe mu barwanyi ba FDLR,
Maj Uwimana Jean Claude, umwe mu barwanyi bakomeye muri FDLR yagarutse ku mu Rwanda nyuma y’ ukwezi afunzwe n’ igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo....
Muri iki cyumweru, abantu bane barimo abana babiri bapfuye barohamye hirya no hino mu gihugu. Abo bana barimo uw’imyaka itandatu y’amavuko w’umukobwa wanyereye akagwa mu kidendezi cy’amazi kiri mu...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...
Umubare w’abarwanyi b’umutwe wa Leta ya Kislamu bahitanywe n’igisasu rutura cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyitwa “Nyina w’amabombe yose” uragenda wiyongera.
Leta y’Afghanistani iratangaza ko...
Dr Sayinzoga Felix, ukuriye porogaramu y’ umubyeyi n’ umwana muri RBC
Mu gihe hari bamwe mu bakobwa batinya kwitabira gahunda zo kuboneza urubyaro bavuga ko hari bagenzi babo bitabiriye izi...
Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Umuyobozi mukuru wa Authentic Word Ministries na Zion Temple Celebration Center Intumwa ( Apostle ) Dr. Paul Gitwaza yirukanye k’umugaragaro Bishop Dieudone Vuningoma , Bishop Bienvenue Kukimunu...
Uyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’...
Kuri uyu wa Kabiri urukiko rw’ubujurire mu gihugu cya Uganda rwatesheje agaciro ugutorwa kw’umwuzukuru wa Idi Amin witwa Taban Amin, mu nteko ishinga amategeko nk’umudepite uhagarariye Kibanda...
Uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya, Jakaya Kikwete yatangaje ko inshingano zo kuyobora igihugu zitamwemereraga gukora ibindi ashatse byose gusa ubu ngubu kuba ari mu kirihuko cy’izabukuru bituma...
Abaturage b’akarere ka Burera by’umwihariko abatuye hafi y’ikirunga mu gace k’amakoro baravuga ko bugarijwe n’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatswe nabi kubera ubutaka bugufi mu bujyakuzimu.
Nk’uko...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
Nitwa Manzi Golden, ndi umusore w’imyaka 25 y’amavuko. Navukiye mu cyahoze ari komini Musambira ubu hakaba ari mu karere ka Kamonyi. Mu by’ukuri nashimishijwe cyane n’uru rubuga mwaduhaye aho...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...