Umukinnyi Jacques Tuyisenge yasezeye ku ikipe ya Petro Atletico yakiniraga nyuma y’umwaka 1 ayerekejemo avuye mu gihugu cya Kenya mu ikipe ya Gor Mahia yakoreyemo...
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri wamaze gusinyira AS Kigali yatangaje ko yateye umugongo Rayon Sports kubera ko yatinze kumuha ibyo bari bumvikanye hanyuma iyi kipe y’umujyi wa Kigali igaseruka...
Rutahizamu HAKIZIMANA Muhadjiri wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports yamaze kuba umukinnyi wa AS KIGALI ndetse yemeye kuyikinira mu mwaka utaha...
Ikipe ya Yanga Africans yo mu gihugu cya Tanzania yamaze gusezerera abakinnyi 7 bari bafitanye amasezerano barimo n’Umunyarwanda Sibomana Patrick gusa Haruna Niyonzima we yasigaye mubazakenerwa...
Umukinnyi wa APR FC,Niyonzima Olivier uzwi ku izina rya Seif yamaze gutangaza ko tariki ya 06 Nzeri 2020 aribwo azarushinga n’umukunzi we Mushambokazi Belyse yatereye...
Umukinnyi wo hagati ukomka mu Rwanda Ally Niyonzima,yamaze kwerekeza mu gihugu cya Tanzania mu ikipe ya AZAM FC iri mu zikomeye muri iki gihugu aho yayisinyiye amasezerano y’imyaka...
Rutahizamu Sugira Ernest wari intizanyo ya APR FC muri Rayon Sports, yamaze gusinyira iyi kipe ikunzwe mu Rwanda amasezerano y’umwaka umwe wiyongeraho undi yari afitiye APR FC ziba imyaka...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Paul Muvunyi yatangaje byinshi ku byatumye yamamaza Munyakazi Sadate uyoboye ikipe ubu birimo ko yaje abizeza ibitangaza ndetse atangaza ko icyo amusaba ari...
Amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye aravuga ko bidasubirwaho Muhadjili Hakizimana yamaze kuba umukinnyi wa Rayon Sports mu mwaka w’imikino wa...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwibikaho rutahizamu w’umunya Togo akaba na mwishywa wa Emmanuel Adebayor witwa Alex Nyarko Harlley, akaba yasinye umwaka 1 ushobora...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe bibi cyane yatakaje myugariro wayo w’inyuma ku ruhande rw’iburyo, Iradukunda Eric uzwi nka ‘Radu’ werekeje muri Police FC.
Iradukunda wasoje amasezerano y’imyaka...
Umukinnyi Ally Niyonzima ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko impamvu yavuye ku rubuga rwa WhatsApp ruhuza abakinnyi bose b’iyi kipe ari uko bavugaga ibijyanye n’amafaranga gusa...
Umukinnyi akaba na kapiteni wa Rayon Sports,Rutanga Eric, yatangaje ko ikimufasha gutsinda ibitego byo mu minota ya nyuma ari uko agira ishyaka kandi ngo iyo ari mu kibuga yemera ko umukino...
Minisiteri ya Siporo n’amashyirahamwe ya siporo yo mu Rwanda byatangaje ko hahagaritswe gahunda yo kwitabira imikino mpuzamahanga izakinirwa hanze y’u Rwanda mu rwego rwo kwirinda no gukumira...
Kapiteni wa Real Madrid,Sergio Ramos,yasubije myugariro wa FC Barcelona witwa Gerard Pique wavuze ko kuva yatangira umupira aribwo bwa mbere aribwo bwa mbere abonye Real Madrid ikina nabi cyane...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko Umunyarwanda Casa Mbungo wari umaze iminsi mu ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya yagizwe umutoza wayo mukuru nyuma y’igihe kinini idafite umutoza mukuru...
Amakipe y’ibigugu hano mu Rwanda Ariyo APR FC na Rayon Sports zamaze kumenya amakipe zizahura nayo mu mikino ya 1/16 cy’igikombe cy’amahoro aho zose zatomboye ibigugu kuri uyu wa Mbere taliki ya 17...
Ibintu byazambye kuri Rayon Sports yatsinzwe ubugira kabiri muri shampiyona y’uyu mwaka na Sunrise FC ibitego 2-0 bituma irushwa amanota 7 na mukeba wayo APR FC yasanze AS Muhanga iwayo...
Hakizimana Muhadjiri wari usigaye akina muri Leta Zune Ubumwe z’Abarabu mu ikipe ya Emirates Club ari mu Rwanda ndetse amakuru avuga ko yamaze gusesa amasezerano n’iyi...
Haruna Niyonzima wasubiye mu ikipe ya Yanga Africans SC yandikiyemo amateka, yatsinze igitego cye cya mbere muri iyi kipe kuva yava muri AS Kigali mu mukino bakinaga na Singida United urangira...
Umukinnyi wohagati mu kibuga Ally Niyonzima wari usanzwe akina muri Oman, yasinyiye Rayon Spports avuga ko yagarutse gukina mu Rwanda kandi ko asinyiye iyi kipe kubera urukundo asanzwe...
Umukinnyi wo hagati uri mu bitwaye neza mu mwaka w’imikino ushize, Ally Niyonzima, yamaze gusinya amezi atandatu muri Rayon Sports nyuma y’igihe gito avuye muri APR FC akerekeza muri...