Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo kugongana na Eduardo Camavinga mu myitozo, ahita ava mu bakinnyi izakoresha mu gikombe cy’isi muri...
Biravugwa ko ikipe ya Chelsea ishaka gusinyisha abakinnyi 3 barimo Jude Bellingham, Declan Rice na Christopher Nkunku mu rwego rwo gufasha Todd Boehly kuzama impinduramatwara kuri Stamford...
Kuri uyu munsi tariki ya 28 Werurwe 2021, twabazengurukiye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye maze tubahitiramo ifoto y’umunsi. Iyo ntayindi ni ifoto ya Butera Knowless afatanye agatoki ku kandi...
Umuhanzikazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda, Butera Knowless yavuze ku mibanire ye na Clement, ku muziki we ndetse anavuga ko urugo atari paradizo nk’uko bamwe...
Umunyemari Paul Muvunyi wabaye na Perezida wa Rayon Sports, ukurikiranyweho gukoresha impapuro mpimbano, yashyikirijwe ubushinjacyaha nyuma yo gutabwa muri...
Perezida Donald Trump wa Amerika amaze gutangaza ko Mark Esper wari umunyamabanga wa leta (yagerewanywa na minisitiri) ushinzwe ingabo ibye ‘byarangijwe’.
Ingabire Butera J’ean D’Arc wamamaye nka Butera Knowless muri muzika Nyarwanda, avuga ko we n’umutware we ari ikipe itsinda, ngo yanyuze mu bizazane bikomeye ariko barakomeje kugeza ku itsinzi...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Kuri iki cyumweru nibwo mu irushanwa rya Tour de France bari bageze ku gace ka 9 kari kagizwe n’ibirometero 181,5.kavaga ahitwa Nantua kerekeza Chambery aho kabayemo impanuka nyinshi cyane mu...
Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari abahanzi bagera kuri batatu aha amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Prims Guma Guma Super Star iri kuba...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya...
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi, Dream Boys niyo yabaye itsinda rya kabiri ryegukanye iki gihembo cya...
Bivugwa ko Chelsea iri gushaka uburyo yagura Karim Benzema cyangwa Roberto Firmino kugira ngo ikemure ibibazo bya ba rutahizamu ifite muri uyu mwaka w’imikino.
Amakuru agera ku UMURYANGO aremeza ko CG (Rtd) Gasana Emmanuel wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yaba yahawe imbabazi ndetse ubu akaba ari mu rugo iwe atakibarizwa muri gereza nkuru...
Umucamanza muri Leta ya New York yanzuye ko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yamaze imyaka akora uburiganya mu gihe yakoraga ubucuruzi bw’amazu bwamufashije kuba ikimenywabose kugeza...
Umutoza Mauricio Pochettino yavuze ko imvune zatumye ikipe ye ya Chelsea isigarana abakinnyi 14 cyangwa 15 ′ gusa bazima ndetse ari nbo akoresha akina na...
Ikipe y’igihugu y’u Burundi yabuze itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika 2023 nyuma yo gutsindwa na Cameroon ibitego 3-0 mu ijoro ryo kuri uyu wa...