Michael Cohen, wahoze yunganira mu mategeko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yemereye urukiko rw’i New York ko yishe amategeko agenga ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora ya...
Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
Ku kibazo cy’ abimukira, Ivanka Trump, umukobwa wa Donald Trump yagaragaje ko atemereranya na se. Mu nama yabereye i Washington, iyi mfura ya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ’n’ uburakari...
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2018, habayeho uguhura kw’ amateka hagati ya Perezida w’ Uburusiya Valadmir Putin na Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump wari uherekejwe n’ umugore...
Mu ruzinduko rw’ akazi Perezida wa Portugal Marcelo Rebelo de Sousa yagiriye I Washingtond DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yarase umunyapoltugal Cristiano Ronaldo watakira ikipe ya Real...
Igihugu cya Canada cyakiriye inama y’ ibiguhu 7 bikungahaye ku Isi ntabwo ishyigikiye ko Uburusiya rusubira mu bihugu 7 bikungahaye kurusha ibindi mu isi nubwo Perezida wa Amerika Donald Trump...
Ibiganiro Isi yose yiteguye gutega amatwi bizahuza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un wamamaye kubera gukora ibitwaro kirimbuzi...
Umuhungu n’umukobwa bafashwe amashusho yakwirakwiriye hose,bari gukorakorana ku myanya y’ibanga muri Restaurant izwi cyane ya McDonald’s iherereye mu mugi wa London mu Bwongereza ndetse bari kurebwa...
Iranian lawmakers burned an American flag and cried "Death to America" in parliament on Wednesday to protest President Donald Trump’s decision to withdraw from the multi-party nuclear...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
Umunyamideri w’ icyamamare muri Leta zunze ubumwe za Amerika Kim Kardashian yasabye Perezida w’ iki gihugu Donald Trump kubabarira umukecuru Alice Marie Johnson umaze igihe afungiye ibyaha...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gufata umwanzuro wo kubuza abaturage bayo gukorera ingendo muri Koreya ya Ruguru. Birakekwa ko intandaro y’ iki cyemezo ari uko aba baturage bafatwa...
Ivana, wigeze kuba umugore wa Perezida Donald Trump agiye gushyira ahagara igitabo kivuga kuri amwe mu mabanga ya Perezida Trump n’ abana be.
Muri icyo gitabo uyu mwanditsi azagaragaramo ubuzima...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashyigikiye abayoboke be ku ruhare bivugwa ko bagize mu bushyamirane bwaguyemo abantu bwabereye mu mihanda mu minsi...
Umugore ukekwaho kohereza ibaruwa irimo uburozi kuri Perezida Donald Trump wa Amerika yafashwe agerageza kwinjira muri Amerika avuye muri Canada nk’uko abashinzwe umutekano...
Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka yavuze ko izahindura uko bizajya bikorwa kugira ngo ibiganiro bibiri bisigaye hagati ya Donald Trump na Joe Biden ntibizabe nk’igiheruka...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ni umwe mu bakatiwe igihano cyo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara.
Mu kiganiro mpaka giteganyijwe kuwa kane hagati y’abakandida Donald Trump na Joe Biden ku mwanya w’umukuru w’igihugu gucana mu ijambo bishobora kutazongera kubera uburyo...
Hirya no hino ku isi by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga hari gucaracara amashusho ya Melania Trump ari kwiyaka umugabo we Donald Trump usanzwe ayobora US nyuma y’ikiganiro mpaka cyabaye mu ijoro...
Joe Biden yongeye kuvuga ko yizeye intsinzi mu gihe bigaragara ko ari kwegereza gutsinda Donald Trump mu matora ya perezida w’Amerika yabaye ku wa kabiri.
Umucamanza muri leta ya Pennsylvania yanze ibirego byari byatanzwe n’abashinzwe amatora ku ruhande rwa Perezida Donald Trump bashaka ko amamiliyoni y’amajwi y’abatoye bakoresheje uburyo bw’iposita...
Donald Trump yahagaritswe by’agateganyo gukoresha imbuga za Twittter na Facebook nyuma yo kwandikaho ashyigikiye abigaragambya bateye Inteko ishingamategeko ya...