Koreya ya ruguru itigeze yerekana ibisasu bya misile byambukiranya imigabane mu karasisi ka gisirikare ko kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 y’iki gihugu.
Perezida George Washington siwe wabaye Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika ahubwo yabanjirijwe n’ uwitwa John Hanson, umwirabura waharaniye ihinduramatwara muri Amerika. Uyu John...
Ambasaderi wa Amerika mu Bwongereza yasabye k’umugaragaro Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May, gushigikira Prezida Trump nawe akava mu masezerano yo kugabanyiriza ibihano Irani nayo...
Umusenateri w’ umudemukarate muri Leta zunze ubumwe za Amerika Jeff Woodburn yatawe muri yombi kubera ihohoterwa ryo mu rugo aho ashinjwa kuruma umugore inshuro...
Leta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi...
Niba imico myiza ari ibyo umuntu akora ntawe umureba ibyo uyu mupolisi wo muri Leta ya Floride Tony Carlson yakoze ni ubumuntu budasanzwe abandi bamwigiraho.
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, Joseph Kabila yatangaje ko ashyigikiye Kandidatire ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’ U Rwanda Louise Mushikiwabo, ku mwanya...
Nubwo David Beckham ari umuherwe ndetse akoresha abakozi benshi mu mishanga ye,umwana witwa Freddie Every w’imyaka 17, abereye nyirarume abayeho nabi mu kazu k’icyumba kimwe ndetse ashobora...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Barack Obama has used his first high-profile speech since stepping down as US president to take swipes at "strongman politics" and politicians’ disregard for the...
Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Louise Mushikiwabo, has formally entered a bid to head the Organisation Internationale de la Francophonie (OIF), a bloc of French-speaking countries and...
We saw it coming: after Pyongyang’s refusal to kneel, the accusations are coming from everywhere: US officials claim that Pyongyang is trying to deceive the Washington authorities. They think that...
Mu nshamake y’ uko isi yiriwe harimo ko umubano w’ u Rwanda na Uganda ukirimo agatotsi, Amerika yahagarikiye Visa abashinja ruswa muri Congo, mu Burundi Perezida Nkurunziza ntabwo azaba Minisitiri...
The UN on Friday acknowledged Washington’s decision to stop separating migrant families at the US-Mexico border but insisted that detaining children with their parents was not the...
Ku wa Kane mu gitondo nibwo umugore wa Perezida wa US Melania Trump yageze muri Leta ya Texas agiye gusura abana bacumbikiwe ku mupaka, nyuma y’uko ababyeyi babo batawe muri yombi bagerageza...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu 12 Kamena 2018 harimo ibyo Perezida wa US n’ uwa Koreya ya Ruguru bemeranyije ubwo bahuraga bwa mbere mu mateka y’ ibihugu byabo, Loni yababajwe n’ umusirikare...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko izishyurira imisoro abacuruzi b’Abanyarwanda bashobora kuzagirwaho ingaruka n’umwanzuro wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wo kurukura muri gahunda yo kwinjiza...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu wa 31 Gicurasi harimo uruzinduko rw’ Antonio Guterres muri RDC, Uruzinduko rw’ intumwa ya Kim Jong un muri US mu rwego rwo gutegura ibiganiro bizahuza Kim na...
Ubuvugizi bw’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika bwavuze ko ingabo za Amerika ziteguye gutera igihugu cya Koreya y’Amajyaruguru, Kim Jung Un naramuka ahirahiye azamura ukuboko kwe ashaka...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ntabwo azahura na Kim Jong Un mu kwezi gutaha niko ibiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe White House byatangajwe kuri uyu wa 24 Gicurasi...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida...