Simbi Sabrina wambitswe ikamba rya Miss Personality 2012 mu irushanwa rya Miss Supranational, yakoze ubukwe n’umukunzi we Thomas bamaze igihe mu munyenga...
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi ku izina rya Riderman, Mu gihe cya vuba agiye kongera gufungura imiryango ya Studio ye yitwa Ibisumizi yari imaze imyaka irindwi...
Umuraperi uri mu ba mbere mu Rwanda Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane aguye mu bitaro bya Muhima.
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane nibwo inkuru...
Umuhanzi Tuyishime Joshua wakunzwe na benshi ku izina rya "Jay Polly" yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi aho yari arwariye mu bitaro bya Muhima mu mujyi wa Kigali.
Umuraperi Jay...
Umuhanzi Gabiro Guitar yakoze impanuka y’imodoka,ari kumwe na Producer Niz Beats na DJ Theo barokotse impanuka ikomeye y’imodoka barimo,ubwo berekezaga i Gikondo.
Ni impanuka yabaye mu gitondo...
Mike Karangwa na Nzizera Aimable, batangaje ko batigeze bagambanira na rimwe Murindahabi Irene [M. Irene] kugira ngo atandukane n’itsinda ry’abahanzikazi Vestine na Dorcas, ahubwo ari ibintu...
Ku mugoroba wa tariki ya 04 Nyakanga Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yafashe urubyiruko rw’abasore n’inkumi 19 bari bateguye ibirori by’isabukuru y’amavuko (anniversaire) ya mugenzi wabo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ubwo hasubukurwaga ibikorwa byo gukingira Covid-19, abantu 69.591 aribo bahawe dose ya kabiri y’urukingo, mu gihe mu bipimo byafashwe...
Kuri uyu wa gatatu, ku rukiko rwibanze rwa Nyarugenge hari hateganijwe kubera urubanza kw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo Ngabo Richard [Kevin Kade] na Habimana...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021,amakuru yacaracaye mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ko umunyezamu wa Rayon Sports yatorotse umwiherero w’ikipe akajya guhura...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru,abantu bane bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 280 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 43. Abarembye ni...
Abantu babiri bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 270 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 120. Abarembye ni 13, naho abakize ni 122.Abakirwaye ni...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 27 Ukuboza 2020, Polisi ikorera mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Shyogwe yafashe Ntagengwa Christian ufite imyaka 19 na Habimana Jules ufite imyaka 27 bakekwaho...
Ibyatangajwe na Papa Francis mu mashusho mbarankuru (documentary) yatangajwe i Roma ejo ku wa gatatu, ko yumva abaryamana bahuje ibitsina bakwiye “kwemerwa imbere y’amategeko” no “kugira umuryango”...
Ni gake cyane ushobora kumva ko abantu bari gukora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira impanuka bigatuma bajyanwa kwa muganga cyangwa se bikaba byabaviramo...
Umujyi wa Kigali wamuritse ku mugaragaro igishushanyombonera gishya, cyitezweho gufasha igihugu kugera ku iterambere mu myaka 30 iri imbere.
Ni igishushanyombonera cyari gitegerejwe cyane,...
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2020,abanduye Coronavirus mu Rwanda bashya ni 37 barimo ababonetse I Rusizi:15 (bapimwe mu duce twibasiwe kurusha ahandi), Kigali:13 (abahuye n’abanduye&Abaturarwanda...