Nubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe...
Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye abana, avuga ko mu myaka amaze akoresha imbuga nkoranyambaga amaze kunguka byinshi, ngo kuri we umukobwa wambaye ‘Uko...
Muneza Christophe uzwi nka Christopher muri muzika nyarwanda ari mu bahanzi bahabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya munani. Nawe ubwe ngo ikizere ni cyose,...
Cyamunara y’imashini zikoreshwa mu gutunganya itabi ry’uruganda ‘Premier Tobacco Company Ltd (PTC)’, rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, yari iteganyijwe kuri uyu wa Mbere yasubitswe ny’uma y’uko uyu...
Umutoni Assia na Tuyishime Robert bakoze ubukwe kuri uyu wa 19 Gicurasi 2018, aho umuhango wo gusaba no gukwa wabereye i Gikondo, basezeranira imbere y’Imana mu rusengero rwa ADEPR Karukungu ku...
Benshi mu bakunzi ba Ruhago mu Rwanda bategerezanyije ubwuzu umukino urahuza ikipe ya Rayon Sports na APR FC kuri iki cyumweru saa 15h30 kuri stade Amahoro I Remera.
Uyu mukino w’ishyiraniro ni...
Abakobwa 20 bahataniye ikamba rya Nyampinga w’Igihugu cy’U Rwanda 2018 bamenyekanye mu ijoro ryo ku wa 03 Gashyantare, 2018 mu birori byabereye I Gikondo mu ihema rinini ahari hateraniye umubare...
Muhire Kevin wavuye mu ikipe ya Rayon Sports nta ruhushya ndetse akagaragaza imyitwarire mibi mu ntangiriro z’iyi shampiyona,yongeye kugaruka mu myitozo y’iyi kipe ku munsi w’ejo taliki ya 30...
Karembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa...
Miss Sandrine Ikirezi wabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’Ubucuruzi n’Ubukungu riherereye i Gikondo (CBE ) mu mwaka wa 2016, yarushinganye n’umukunzi we barambanye mu rukundo.
Ikirezi...
Ikirezi Sandrine wambaye ikamba rya Nyampinga wa kaminuza ya CBE [yahoze ari SFB] muri 2016 n’umukunzi we, Kamugisha George bamaze gutangaza itariki y’ubukwe bwabo nyuma yo gusezerana mu mategeko....
Umutoza wa Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko umukinnyi Muhire Kevin atumvikanye na Komite ndetse ko kuba yaranze kugaruka mu myitozo byatumye ibibazo bye bidakemurwa bityo azakoresha...