Umuririmbyi Kabera Robert ari mu basirikare bazamuwe mu ntera kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mutarama 2017 na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umugaba mukuru w’ingabo z’u...
Myugariro Ntaku Zibakaka ukomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo wakinaga mu ikipe ya Sagrada Esperança yo muri Angola yishwe n’uburwayi ubwo yari kumwe na bagenzi be bari mu...
Tariki ya 12 Mutarama 2018 nibwo biteganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubushinwa, Wang Yi azasura u Rwanda hagamijwe gutsura umubano hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa.
Wang Yi agiye...
Ubuyobozi bwa Alabama burimo gukora iperereza ku cyatwitse inzu ya Tina Johnson washinje Roy Moore umukandida ku mwanya w’ umusenateri ko mu 1991 yamufashe ku mabuno.
Nta muntu wigeze atabwa...
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yashishikarije perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubahiriza amasezerano yo kuva ku butegetsi....
Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo.
Amb....
Umuririmbyikazi Rihanna wo muri Canada yatangiye gucuruza ibirungo bishyirwa ku minwa y’abakobwa “Rouge à lèvres” yakoze ashingiye ku ibara ry’imihango y’abagore.
Ibi birungo, Rihanna yabyise...
Perezida wa Koreya ya Ruguru yavuze ko kuri ubu Isi yose itewe ubwoba n’ ibitwaro by’ ubumara bikorwa na Koreya ya Ruguru.
Mu itangazo ryashyizwe aharagara na repubulika ya Koreya ya Ruguru...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko ku matariki ya 30 na 31 Ukuboza 2017 nta muganda rusange uzakorwa nk’uko byari bisanzwe mu matariki asoza ukwezi.
Ibinyujije mu...
Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
Ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 nibwo Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko nshinga yakuyeho ku myanya Minisitiri w’uburezi na...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakuye ku myanya Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Papias Malimba na Minisitiri w’Ikoranabuhanga, Jean...
Umusifuzi Ngabonziza Dieudonne wayoboye umukino wa Mukura VS na Miroplast FC ku munsi wa karindwi wa Azam Rwanda Premier League yahagaritswe by’agateganyo nyuma yo kwitwara nabi muri uyu mukino....
Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry wo mu Bwongereza agiye gukora ubukwe n’umukinnyi wa filime w’umunyamerikakazi Meghan Markle umurusha imyaka 3.
Ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle,...
Perezida wa DGPR akaba na Perezida wa FEVA, Dr Frank Habineza
Ishyirahamwe ry’ Amashyaka Arengera Ibidukikije muri Afurika, Fédération des Verts d’Afrique (FEVA) ryasabye Umuryango w’ Afurika...
Urugaga rw’ abavoka mu Rwanda rwatangaje ko rutatereye agati mu ryingo nyuma yuko Me Toy Nzamwita wari umwavoka arashwe n’ umupolisi, ko ahubwo rwakurikiranye iki kibazo kugeza ubwo umuryango wa Me...
Umunyarwanda Mwenedata Gilbert wiyamamarizaga kuyobora Igihugu ariko ntabigereho yikomwe na mugenzi we, Mpayimana Philippe umushinja kumwita igikoresho cya Leta.
Kuri uyu wa kane tariki ya 22...
Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde mu mujyi wa Mumbai, umugore yatwikishijwe acide n’umugabo we amuhora ko ngo yashatse akazi atamujyishije inama.
Umugabo witwa roobab Ali Sheik wo mu gace ka Malwani ho mu...