skol
Kigali

Search: Itangazo (4344)

Umuhanzi w’umusirikare Robert yahawe irindi peti muri RDF

Umuririmbyi Kabera Robert ari mu basirikare bazamuwe mu ntera kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Mutarama 2017 na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umugaba mukuru w’ingabo z’u...
13 January 2018 3070 0

Umukinnyi w’umukongomani yapfiriye mu myitozo

Myugariro Ntaku Zibakaka ukomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo wakinaga mu ikipe ya Sagrada Esperança yo muri Angola yishwe n’uburwayi ubwo yari kumwe na bagenzi be bari mu...
11 January 2018 687 0

Umugore yarumye igitsina cy’umugabo washakaga kumufata ku ngufu

Umugore wo mu gihugu cy’Afurika Y’Epfo yarumye igitsina cy’umugabo washakaga kumufata ku ngufu mu rwego rwo kwitabara nkuko amakuru aturuka muri Polisi abitangaza. Uyu mugore utavuzwe izina...
10 January 2018 1717 0

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa azasuura u Rwanda

Tariki ya 12 Mutarama 2018 nibwo biteganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubushinwa, Wang Yi azasura u Rwanda hagamijwe gutsura umubano hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa. Wang Yi agiye...
10 January 2018 140 0

Thailand: Abagabo bahururiye guhinduza ibara ry’igitsina kibaka ikizungu

Guhinduza ibara ry’igitsina ku bagabo mu gihugu cya Thailand bimaze kuba iturufu ikomeye mu miryango imwe n’imwe aho abagabo bahinduza ibara ry’igitsina cyabo kikareka kwirabura ahubwo kibaka...
9 January 2018 698 0

Umuriro wibasiye inzu y’ umugore ushinja ushaka kuba senateri ko yamufashe ku mabuno

Ubuyobozi bwa Alabama burimo gukora iperereza ku cyatwitse inzu ya Tina Johnson washinje Roy Moore umukandida ku mwanya w’ umusenateri ko mu 1991 yamufashe ku mabuno. Nta muntu wigeze atabwa...
6 January 2018 662 0

LONI yasabye Perezida Kabila kubahiriza amasezerano yo kurekura ubutegetsi

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yashishikarije perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubahiriza amasezerano yo kuva ku butegetsi....
2 January 2018 270 0

U Rwanda rwatangiye gutanga Viza ku banyamahanga bakigera mu gihugu

Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo. Amb....
2 January 2018 544 0

Rihanna yamuritse ibirungo yakoze ashingiye ku mihango y’abagore

Umuririmbyikazi Rihanna wo muri Canada yatangiye gucuruza ibirungo bishyirwa ku minwa y’abakobwa “Rouge à lèvres” yakoze ashingiye ku ibara ry’imihango y’abagore. Ibi birungo, Rihanna yabyise...
30 December 2017 453 0

James Sano wayoboraga WASAC yagizwe umwere

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwagize umwere Sano James wayoboraga Ikigo gishinzwe amazi isuku n’isukura (WASAC) ku byaha byo gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda inyungu no gutanga amasoko...
29 December 2017 548 0

Perezida wa Koreya ya Ruguru yaragaragaje ko ibihano bifatirwa igihugu cye bitababuza gutera imbere

Perezida wa Koreya ya Ruguru yavuze ko kuri ubu Isi yose itewe ubwoba n’ ibitwaro by’ ubumara bikorwa na Koreya ya Ruguru. Mu itangazo ryashyizwe aharagara na repubulika ya Koreya ya Ruguru...
24 December 2017 481 0

KU KUBONEZA URUBYARO: ‘Amadini yo mu Rwanda ari hejuru y’ itegeko nshinga?’ Hon Mukama

Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yasabye urwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB gutegurira itorero abanyamadini kuko ngo banga gahunda zo kuboneza urubyaro...
22 December 2017 537 0

Zambia: Abaturage bamaganye icyemezo cyo gushyira abashinwa mu gipolisi

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 2017 Igipolisi cya Zambia cyahagaritse umugambi wo gukoresha Abashinwa umunani mu rwego rw’igipolisi.Ni nyuma yaho abaturage b’iki gihugu bamaganye iki...
20 December 2017 557 0

Umuherwe n’ umugore we bapfuye mu buryo bw’ amayobera

Umunyamamiliyari Barry Sherman n’ umugore Honey, imirambo yabo yabonetse muri kave y’ umuturirwa wabo. Icyateye uru rupfu gikomeje kuba urujijo. Ikinyamakuru cyo muri Canada cyatangaje ko...
16 December 2017 652 0

Impinduka ku muganda usoza umwaka wa 2017

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko ku matariki ya 30 na 31 Ukuboza 2017 nta muganda rusange uzakorwa nk’uko byari bisanzwe mu matariki asoza ukwezi. Ibinyujije mu...
15 December 2017 969 0

Magufuli ababajwe cyane n’abasirikare be biciwe muri Kongo

Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
9 December 2017 788 0

Congo: Inyeshyamba zivuganye abasirikare ba Loni 14

Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
8 December 2017 1502 0

Rwanda: Minisiteri y’ uburezi iyoborwa n’ abataraminuje uburezi

Uburezi ni rumwe mu nzego Leta y’ u Rwanda itemerera umuntu kurukoramo atarize ibijyanye narwo. Kugira ngo ube mwarimu wemewe w’ imibare bigusaba kuba warize imibare ukongeraho uburezi,...
8 December 2017 10855 0

Akari ku mutima wa Nsengimana na Musafiri bakuwe muri Guverinoma

Ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 nibwo Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko nshinga yakuyeho ku myanya Minisitiri w’uburezi na...
7 December 2017 3878 0

Minisitiri Musafiri yasimbujwe nyuma y’ iminsi 5 hazamuwe ikibazo cy’ abarangiza kaminuza ntibibone mu bagomba gupiganira...

Nyuma y’ iminsi 5 abagize inteko ishinga amategeko babajije guverinoma y’ u Rwanda ikibazo cy’ abanyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya Kaminuza ntibibone mu bagomba gupiganira akazi, Perezida...
7 December 2017 4997 0

Perezida Kagame yakuyeho Minisitiri w’Uburezi n’uw’ikoranabuhanga

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakuye ku myanya Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Papias Malimba na Minisitiri w’Ikoranabuhanga, Jean...
6 December 2017 2203 0

Umusifuzi wasifuriye nabi Mukura VS yahagaritswe

Umusifuzi Ngabonziza Dieudonne wayoboye umukino wa Mukura VS na Miroplast FC ku munsi wa karindwi wa Azam Rwanda Premier League yahagaritswe by’agateganyo nyuma yo kwitwara nabi muri uyu mukino....
2 December 2017 1283 0

Umubyeyi yabuze umwana we w’imyaka 3 nyuma yo kumusiga aryamye mu Cyumba cye nijoro

Umubyeyi witwa Kristy Woods ukomoka mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri Carolina y’amajyaruguru yatunguwe no kubyuka akabura umwana we w’imyaka 3 witwa Mariah yari yasize aryamye mu...
30 November 2017 1257 0

Icyogajuru cy’ u Burusiya cyaburiwe irengero

Icyogajuru cy’u Burusiya cyagenewe gukora iby’iteganyagihe cyari kimaze amasaha make cyoherejwe kimaze kuburirwa irengero mu isanzure ry’ikirere,ni amakuru yemezwa n’abahanga bo mu kigo Roscosmos...
28 November 2017 933 0

Igikomangoma cy’u Bwongereza agiye gukora ubukwe n’umukinnyi wa filime

Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry wo mu Bwongereza agiye gukora ubukwe n’umukinnyi wa filime w’umunyamerikakazi Meghan Markle umurusha imyaka 3. Ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle,...
28 November 2017 1060 0

FEVA basabye ko abihishe inyuma y’ ubucakara muri Libya bashyikirizwa ICC

Perezida wa DGPR akaba na Perezida wa FEVA, Dr Frank Habineza Ishyirahamwe ry’ Amashyaka Arengera Ibidukikije muri Afurika, Fédération des Verts d’Afrique (FEVA) ryasabye Umuryango w’ Afurika...
24 November 2017 1873 0

Abavoka bavuze impamvu batakomeje gukurikana ikibazo cya Me Toy warashwe n’ abashinzwe umutekano

Urugaga rw’ abavoka mu Rwanda rwatangaje ko rutatereye agati mu ryingo nyuma yuko Me Toy Nzamwita wari umwavoka arashwe n’ umupolisi, ko ahubwo rwakurikiranye iki kibazo kugeza ubwo umuryango wa Me...
24 November 2017 1434 0

Mpayimana yanenze Gilbert wayobotse ubuhunzi akamwita igikoresho cya Leta

Umunyarwanda Mwenedata Gilbert wiyamamarizaga kuyobora Igihugu ariko ntabigereho yikomwe na mugenzi we, Mpayimana Philippe umushinja kumwita igikoresho cya Leta. Kuri uyu wa kane tariki ya 22...
22 November 2017 1052 0

Mugabe yandikiye inteko ishinga amategeko ayimenyesha ko yeguye ku mpamvu ze bwite

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
21 November 2017 2260 0

Umuhindekazi yasutsweho aside azira gukora akazi atagishije inama

Mu gihugu cy’ Ubuhinde mu mujyi wa Mumbai, umugore yatwikishijwe acide n’umugabo we amuhora ko ngo yashatse akazi atamujyishije inama. Umugabo witwa roobab Ali Sheik wo mu gace ka Malwani ho mu...
21 November 2017 1225 0
0 | ... | 4020 | 4050 | 4080 | 4110 | 4140 | 4170 | 4200 | 4230 | 4260 | ... | 4320