Kabarira Edith, umugore wa Dr Frank Habineza, yavuye i Burayi ahita atangira gufasha umugabo we mu bikorwa byo kwiyamamaza, ubwo yari Kimironko aho yatoreye yavuze ko naba abaye First lady...
Mwizere Marcel wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Tambwe ko mu murenge wa Ruhango uherutse gusenyerwa inzu yari imaze kumutwara miliyoni zirenga enye z’ amafaranga y’ u Rwanda aravuga...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza avuga ko natorwa azaharanira ko ubucuruzi buciriritse bujya mbere akavuga ko n’ abacururiza mu mihanda bazwi...
Gilbert Mwenedata wigeze kwiyamamaza ku giti cye mu matora y’abadepite aheruka muri 2013 avuga ko kugeza ubu nta cyemezo cyo kwiyamamaza afite mu bitekerezo bye haba mu matora ya Perezida y’uyu...
Ubwo Bishop Rugagi Innocent yatangizaga ku mugaragaro amasengesho y’iminsi 67 mu Itorero Abacunguwe kuri uyu wa mbere Tariki 24/07/2017, yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari umuyobozi w’umugisha...
Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr Denis Mukwege, na Delly Sesanga, bari mu biganiro i Pretoria, muri Afurika y’Epfo mu kureba ko...
Mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku...
Perezida wa Sénégal yahakanye ko byaba binyuranyije n’itegekonshinga mu gihe yaba yiyamamarije manda ya gatatu itavugwaho rumwe.
Ayo magambo ya Macky Sall, yavugiye mu kiganiro yagiranye...
Kuwa kane, ku nshuro ya kabiri muri uku kwezi, Jenerali Muhoozi Kainerugaba yasibye ubutumwa yatangaje ko aziyamamariza gusimbura se Perezida Yoweri Museveni mu matora ya 2026.
Tariki 03 z’uku...
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House.
Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati...
Kuwa kabiri, Perezida William Ruto yatangaje ba minisitiri bagize guverinoma ye n’abajyanama barimo abagore 10 n’abanyapolitiki batowe.
Ruto yari yizeje ko 50% by’imyanya azayiha abagore, ariko...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Habineza Frank aratangaza ko agifite inyota yo kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ndetse ko kuba Perezida Kagame...
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda ari imbere mu majwi amaze gutangazwa by’agateganyo na komisiyo y’amatora mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.
Museveni amaze kugira amajwi 1,536,205 (65.02%) mu...
Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine uri mu bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yatangaje ko abasirikare b’igihigu bateye iwe mu rugo muri iki gitondo, bata muri yombi...
Umuhanzi witwa Grand-P ndetse akaba ari umukandida mu matora mu mwanya w’umukuru w’igihugu muri Guinee agiye gukorana indirimbo na Koffi Olomide uri mu bakomeye muri...
Abantu batari bake bakomerekeye mu karere ka Kayunga, hafi y’umurwa mukuru Kampala muri Uganda ubwo abashinjwe umutekano barimo bahangana n’abarwanashyaka ba Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya...