skol
Kigali

Search: Kwiyamamaza (742)

Umugore wa Frank Habineza yavuze iby’ ingenzi yaheraho abaye ‘First Lady’

Kabarira Edith, umugore wa Dr Frank Habineza, yavuye i Burayi ahita atangira gufasha umugabo we mu bikorwa byo kwiyamamaza, ubwo yari Kimironko aho yatoreye yavuze ko naba abaye First lady...
4 August 2017 6564 0

Ruhango: Gitifu wâasenyewe inzu yabanagamo n’ umuryango we aravuga ko yazize kwanga guha umuyobozi...

Mwizere Marcel wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Tambwe ko mu murenge wa Ruhango uherutse gusenyerwa inzu yari imaze kumutwara miliyoni zirenga enye z’ amafaranga y’ u Rwanda aravuga...
2 August 2017 9177 0

Dr Frank Habineza ngo natorwa azorohereza abazunguzayi gukora

Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza avuga ko natorwa azaharanira ko ubucuruzi buciriritse bujya mbere akavuga ko n’ abacururiza mu mihanda bazwi...
2 August 2017 1074 0

NEC izatanga inyandiko za Diane Rwigara mu nzego zibishinzwe

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yavuze ko izatanga impapuro z’uwari umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Diane Rwigara mu gihe cyose hagira inzego zibishinzwe zizisaba. Ubwo...
20 July 2017 2507 0

Abakandida H.E Kagame, Dr Habineza na Mpayimana bazahurira mu kiganiro kuri televiziyo

Umuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cy’ itangazamakuru RBA, Arthur Assimwe yatangaje ko Abakandida batatu bahatanira umwanya wa perezida wa Repubulika, aribo Paul Kagame uhagarariye RPF-Inkotanyi, Frank...
14 July 2017 1806 0

Mpayimana yavuze ko ubushobozi buke bwatuma akuramo kandidatire, anakomoza ku mupolisi yahawe atamusabye

Mpayimana Philippe uri muri batatu bahatanira kuyobora U Rwanda avuga ko ubushobozi buke afite butamwerera gukuramo kandidatire, ngo yahawe umupolisi umurinda atabisabye. Uyu mugabo w’imyaka 46...
12 July 2017 10442 0

Diane Rwigara na Mwenedata bashobora gutabwa muri yombi

Kuri uyu wa Gatanu tariki indwi, ubwo Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yashyiraga ahagaragara urutonde ntakurwa rw’ abakandida bigenga yavuze hari Diane Shimwa Rwigara na Mwenedata Gilbert bakoze...
8 July 2017 9627 0

Barafinda uvuga ko yazengurutse u Rwanda n’ amaguru ngo yamaze kugeza kuri NEC ibyangombwa byose asabwa

Barafinda Ssekikubo Fred umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu ariko utaragaragaye ku rutonde rw’ agateganyo aravuga ko yamaze gutanga ibyangombwa yari yabuze...
6 July 2017 4361 0

Amatora 2017: Inzira zose zigera i Roma, ntabwo ari mu Urugwiro

Diane Rwigara na Philipe Mpayimana (uhetse umwana) bose batangaje ko baziyamamariza amatora y’Umukuru w’Igihugu Mu ntangiriro z’ubukirisitu abantu benshi baturutse imihanda yose y’isi bajyaga I...
7 May 2017 15832 0

Mwenedata Gilbert yaba aziyamamariza kuba Perezida? Avuga iki kubatangaje ko baziyamamaza?

Gilbert Mwenedata wigeze kwiyamamaza ku giti cye mu matora y’abadepite aheruka muri 2013 avuga ko kugeza ubu nta cyemezo cyo kwiyamamaza afite mu bitekerezo bye haba mu matora ya Perezida y’uyu...
8 May 2017 5267 0

Barafinda yavuze impamvu adaherekezwa n’ umugore we iyo agiye gutanga ibyangombwa kuri NEC

Barafinda Ssekikubo Fred ni umugabo wubatse ufite abana 10, akaba n’ umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu. Yatangaje impamvu inshuro zose yagaragaye kuri...
25 June 2017 6490 0

Umunyeshuli wiga muri kaminuza ya UTB yasutse amarira abonye P.Kagame-AMAFOTO

Uwimana Yvonne, Umunyeshuri wiga muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ubucuruzi n’ikoranabuhanga (UTB) yabonye umukandida wa FPR-Inkotanyi bimutera gusuka amarira y’ibyishimo. Ibi byabereye mu karere...
28 July 2017 2180 0

Bishop Rugagi yavuze ugiye kuyobora U Rwanda mu iyerekwa yagize muri 2013 rijyanye na 777

Ubwo Bishop Rugagi Innocent yatangizaga ku mugaragaro amasengesho y’iminsi 67 mu Itorero Abacunguwe kuri uyu wa mbere Tariki 24/07/2017, yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari umuyobozi w’umugisha...
25 July 2017 35712 0

RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi mu nzira yo kwihuza mu matora

Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr Denis Mukwege, na Delly Sesanga, bari mu biganiro i Pretoria, muri Afurika y’Epfo mu kureba ko...
14 November 2023 1060 0

Sénégal : Perezida Sall ntaziyamamariza manda ya gatatu

Perezida wa Sénégal yaretse gushaka kongera gutorwa mu 2024, asoza guhwihwisa kwari kuri henshi ko aziyamamariza manda ya gatatu.
4 July 2023 265 0

Abanya Politiki bavugwaho ko baba abasimbura beza ba Perezida Kagame [URUTONDE]

Mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku...
4 April 2023 10702 0

Perezida wa Sénégal yavuze amagambo ashobora guteza akavuyo mu gihugu cye

Perezida wa Sénégal yahakanye ko byaba binyuranyije n’itegekonshinga mu gihe yaba yiyamamarije manda ya gatatu itavugwaho rumwe. Ayo magambo ya Macky Sall, yavugiye mu kiganiro yagiranye...
21 March 2023 919 0

Gen Muhoozi: Kuvuga ko aziyamamariza gusimbura se akabisiba inshuro ebyiri, bivuze iki?

Kuwa kane, ku nshuro ya kabiri muri uku kwezi, Jenerali Muhoozi Kainerugaba yasibye ubutumwa yatangaje ko aziyamamariza gusimbura se Perezida Yoweri Museveni mu matora ya 2026. Tariki 03 z’uku...
17 March 2023 1100 0

Trump yaciye amarenga akomeye ko aziyamamaza mu 2024

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House. Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati...
4 November 2022 373 0

Guverinoma nshya ya Perezida Ruto irimo abanyapolitiki n’abo yagororeye

Kuwa kabiri, Perezida William Ruto yatangaje ba minisitiri bagize guverinoma ye n’abajyanama barimo abagore 10 n’abanyapolitiki batowe. Ruto yari yizeje ko 50% by’imyanya azayiha abagore, ariko...
28 September 2022 1446 0

Kenya: Umukobwa uvuka mu bakene yatorewe kuba umudepite kaba akazi ke ka mbere abonye

Habaye ibirori byo kwishima mu cyaro cya Chemomul mu karere ka Bomet mu burengerazuba bwa Kenya, nyuma yuko Linet Chepkorir yemejwe ko yatsinze amatora nka depite uhagarariye abagore bo muri aka...
14 August 2022 2214 0

U Rwanda rwanyomoje amakuru arushinja kwivanga muri Politiki ya Centrafrique

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yamaganye ibirego byo kuba u Rwanda ngo rufasha ubutegetsi buriho muri Centrafrica guhindura itegeko nshinga, ngo Perezida uriho...
29 July 2022 1059 0

"Turifuza kubona Perezida avuyeho ntawe umwishe cyangwa umufunze"-Hon.Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Habineza Frank aratangaza ko agifite inyota yo kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ndetse ko kuba Perezida Kagame...
13 July 2022 2635 0

Mayor mushya wa Johannesburg yapfiriye mu mpanuka y’imodoka

Perezida w’Afurika y’epfo Cyril Ramaphosa yahaye icyubahiro uwari umuyobozi mushya w’umujyi wa Johannesburg, nyuma y’urupfu rwe mu mpanuka y’imodoka ku myaka...
20 September 2021 783 0

Perezida Museveni akomeje kwanikira Bobi Wine mu majwi y’agateganyo

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda ari imbere mu majwi amaze gutangazwa by’agateganyo na komisiyo y’amatora mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu. Museveni amaze kugira amajwi 1,536,205 (65.02%) mu...
15 January 2021 2134 0

Abarinzi bose b’urugo rwa Bobi Wine batawe muri yombi

Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine uri mu bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yatangaje ko abasirikare b’igihigu bateye iwe mu rugo muri iki gitondo, bata muri yombi...
13 January 2021 6710 0

Wa muhanzi ufite ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa ufite imiterere idasanzwe agiye gukorana indirimbo na Koffi...

Umuhanzi witwa Grand-P ndetse akaba ari umukandida mu matora mu mwanya w’umukuru w’igihugu muri Guinee agiye gukorana indirimbo na Koffi Olomide uri mu bakomeye muri...
31 December 2020 3102 0

Perezida Nana Akufo-Addo yongeye gutorerwa kuyobora igihugu cya Ghana

Perezida Nana Akufo-Addo wa Ghana yatorewe indi manda nyuma y’amatora yo ku wa mbere yabayemo guhatana gukomeye.
10 December 2020 410 0

Uganda: Bamwe mu bacunga Bobi Wine bakomerekeye mu mvururu zatewe na Polisi

Abantu batari bake bakomerekeye mu karere ka Kayunga, hafi y’umurwa mukuru Kampala muri Uganda ubwo abashinjwe umutekano barimo bahangana n’abarwanashyaka ba Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya...
1 December 2020 1069 0

Ibiteye amatsiko byihariye wamenya kuri Kamala watorewe kuba Visi Perezida wa Amerika[AMAFOTO]

Kamala Devi Harris yavutse ku ya 20 Ukwakira 1964, akaba Umurwanashyaka w’abaharanira demokarasi muri Amerika, nk’uko amategeko abiteganya, yiteguye gutangira imirimo ye ku ya 20 Mutarama 2021,...
24 November 2020 3661 0
0 | ... | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | ... | 720