skol
Kigali

Search: Kwiyamamaza (754)

U Burundi ntabwo bwiteguye amatora- UN

Intumwa y’ Umuryango w’Abibumye yatangaje ko u Burundi butiteguye gukora amatora yizewe bitewe n’ uko Ishyaka riri ku butegetsi n’ amashaka akorana naryo bafite mu biganza ubuzima bw’ igihugu kandi...
28 February 2018 1365 0

Umwe yapfuye abandi barakomereka mu kwamagana Perezida Kabila

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umuntu umwe yishwe i Kinshasa, abandi benshi barakomereka igihe Polisi yageragezaga gutatanya ibigaragambya bamagana...
25 February 2018 1535 0

Umuturage yasabye Uganda kwemerera imfungwa n’ abagororwa gutora

Umuturage wa Uganda yandikiye urukiko rukuru rwa Kampala arugaragariza inenge yo kuba imfungwa n’ abagororwa ndetse n’ Abanya Uganda baba mu muhanga Komisiyo y’ amatora ibaheza mu bikorwa by’...
20 February 2018 320 0

Trump yikomye FBI kubera umusore warashe abanyeshuri 17 bagapfa

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika yacyashye ibiro by’ Amerika bishinzwe ubutasi FBI abishinja igisa n’ uburangare bwo kuba bitaratahuye mbere umugambi w’ umusore warashe abanyeshuri akica 17...
18 February 2018 1608 0

Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14 Gashyantare 2018, bamwe bahawe imirimo abandi birukanwa burundu

None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri...
15 February 2018 4852 0

Kiliziya Gatolika yahamagariye abaturage indi myigaragambyo yo kweguza Kabila

Ihuriro CLC, rihuriyemo amashyirahamwe yiganjemo abayoboke ba Kiliziya Gatolika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ryahamagariye abaturage b’iki gihugu indi myigaragambyo yo gusaba...
11 February 2018 1066 0

FIFA yarahiriye gukemura ikibazo cya Rwemarika wareze akanama gashinzwe amatora y’umuyobozi wa FERWAFA

Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
31 January 2018 1440 0

Oprah azahangana na Trump? Umva icyo abivugaho.

Oprah Winfrey yatangaje ko adakunda politiki ndetse bitigeze biba mu maraso ye kumva yahanganira ubutegetsi, nubwo mu minsi ishize byari byatangajwe ko yifuza guhangana na Donald Trump mu matora...
26 January 2018 948 0

Oprah wafashwe ku ngufu ku myaka 14 ashobora kuzahangana na Perezida Trump

Umugore w’ umwirabura, umukinnyi w’ amafilime akana b’ umunyamakurukazi wavukiye mu muryango w’ abakene agafatwa ku ngufu agaterwa inda afite imyaka 14 y’ amavuko, ubu akaba ari icyamamarekazi cy’...
9 January 2018 772 0

Benon wayahaye ubuhamya uwanditse igitabo kivuga nabi Trump yahinduye imvugo

Steve Bannon, watanze ubuhamya mu gitabo rutwitsi kivuga kuri Perezida Donald Trump, yahinduye imvugo ashaka kugaragaza ko uwacyanditse yagoretse ibyo yamubwiye. Igitabo ‘Fire and Fury : Inside...
8 January 2018 268 0

De Gaulle yarenze ku mategeko agenga amatora ya FERWAFA

Umukandida Nzamwita Vincent [De Gaulle]yarenze ku mategeko agenga amatora ubwo yararanaga muri Hilltop Hotel i Remera n’abayobozi b’amakipe bagera kuri 30, kugira ngo yigarurire imitima yabo...
30 December 2017 1220 0

Icyamamare muri ruhago atorewe kuyobora Liberia

George Weah wahoze umukinnyi w’ umupira w’ amaguru niwe watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika ya Liberia atsinze uwahoze ari visi Perezida w’ iki gihugu. Weah abaye Perezida wa 25 w’ iki...
27 December 2017 1278 0

Ikibazo cya Trump n’ Ubusiya: Umucamanza Mueller arashinjwa kubona email mu buryo butaribwo

Umunyamategeko washyizweho n’itsinda ryafashije Donald Trump mu nzibacyuho yashinje umushinjacyaha ukora iperereza Robert Mueller kubona ubutumwa bwa email mu buryo bunyuranye n’amategeko. Kory...
17 December 2017 422 0

Uganda: Besigye yakuwe kubuyobozi bw’ishyaka FDC yashinze

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu gihugu cya Uganda ryatoye umuyobozi mushya usimbura umunyepolitiki Dr.Kiza Besigye mu matora yabereye kuri stade ya Mandela hafi y’umugi wa Kampala....
25 November 2017 2822 0

Mugabe yandikiye inteko ishinga amategeko ayimenyesha ko yeguye ku mpamvu ze bwite

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
21 November 2017 2260 0

Ishyaka Green Party ryizeye intebe mu nteko ishinga amategeko

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), riravuga ko rifite icyizere ko mu matora y’ abadepite ateganyijwe umwaka utaha rizitwara neza ku buryo...
12 November 2017 718 0

Uganda: Besigye na bagenzi be barekuwe batanze miliyoni eshanu z’amashilingi

Umuyobozi utavuga rumwe na Leta ya Uganda, "Forum for Democratic Change", yamenyesheje ko Kizza Besigye n’abandi bantu batanu, bari bafatiwe rimwe bari mu myigaragambyo bamagana ibikubiye mu...
26 October 2017 392 0

Abanyarwanda barimo Minisitiri Uwizeye bifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

Tariki 23 Ukwakira mu 1957 nibwo Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame yavukiye i Nyarutovu mu yahoze ari Komini Tambwe, Perefegitura ya Gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo....
23 October 2017 959 0

Uganda:Abapolisi bazindukiye mu masengesho yo gusabira Itegekonshinga-AMAFOTO

Kuwa Kane tariki ya 19 Ukwakira2017 abaturage batunguwe no kubona abapolisi bashyize hasi imbunda batera indirimbo z’amazamuka baramya umwami n’umukiza ari nako batamba basaba Imana kugarura ituze...
20 October 2017 1714 0

Amatora yo muri Congo yigijwe imbere mu minsi 504

Komisiyo y’Amatora yo muri Repubulika Demokarasi ya Congo yatangaje ko nta matora azaba muri iki gihugu muri uyu mwaka wa 2017, ngo hakenewe nibura iminsi 504 bivuze ari mu ntango z’umwaka...
12 October 2017 684 0

Uganda: Abadepite bakomerekeye mu mirwamo bagiye kuvurizwa mu mahanga

Abadepite babiri babarizwa mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagiye koherezwa kwivuriza mu Buhinde.Ni nyuma yo gukomerekera mu mirwano yahuje Abadepite y’abashyigikiye n’abadashyigikiye ko...
9 October 2017 1604 0

Abo kwa Rwigara bakuriweho ibyaha bibiri

Abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol barimo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’Umubyeyi wabo Mukangemanyi Adeline bakuriweho ibyaha bibiri mu byo bari bakurikiranyweho....
3 October 2017 3902 0

Kadaga ngo ntazemera ko abadepide ba Uganda bamera nk’ Abafurika y’ Epfo

Perezidante w’ intego ishinga amategeko ya Uganda Rebecca Kadaga yavuze ko adashobora kwihanganira akavuyo mu nteko ishinga amateko nk’ uko bamwe mu badepite b’ Afurika y’ Epfo bajya bagateza. Ibi...
2 October 2017 1741 0

Igihombo Afurika iterwa no guhagarika interineti cyatangajwe

Umuryango mpuzamahanga uteza imbere ikoranabuhanga CIPESA watangaje ibyavuye mu iperereza wakoze ku bihombo ibihugu by’ Afurika biterwa no guhagarikira abaturage interineti. Ibihugu bitandukanye...
30 September 2017 522 0

Uganda :Minisitiri n’Abadepite 25 bahagaritswe ku kazi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga, kuri uyu wa Gatatu yirukanye umwe mu baminisitiri n’abadepite 25 bagize uruhare mu mirwano ikaze yabereye mu ngoro y’Inteko Ishinga...
28 September 2017 2563 0

Diane Rwigara murumuna we n’umubyeyi wabo batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri uyu mwaka,Polisi y’u Rwanda yafunze Diane Rwigara,murumuna we Anne Diane n’umubyeyi wabo; bakaba bafungiye kuri Station ya Remera....
24 September 2017 4513 0

Uganda : 48 badashyigikye ko Museveni aguma ku butegetsi batawe muri yombi

Polisi ya Uganda yatangaje ko imaze guta muri yombi 48 badashyigikiye umugambi wo kuvugurura itegeko Nshinga mu buryo bwemerera Perezida Museveni kongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu muri...
23 September 2017 789 0

NEC yamaganye ibyavuzwe na Ambasaderi w‘u Bwongereza ko amatora atanyuze mu mucyo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza yamaganiye kure ibyavuzwe na Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda watangaje ko amatora yo mu Rwanda aherutse kuba muri Kanama tariki ya 03 na...
17 September 2017 2252 0

Dr Frank yongeye gusaba inzego z’ubutabera gukurikirana uwamwise Perezida w‘Ingagi

Dr Frank HABINEZA arasaba inzego z’ubutabera n’iz’umutekano z’u Rwanda ko zashyira imbaraga mu gukurikira umuntu wa mwise ingagi akanamushinja gukora Jenoside akoresheje imbuga nkoranyambaga . Kuba...
11 September 2017 6255 0

Ellen Jonson wabaye Perezida wa mbere w’ umugore muri Afurika aritegura gutanga imfuguzo za Perezidansi

Ibikorwa byo kwiyamamaza birarimbanije mu gihugu cya Liberia. Bazatora umukuru w’igihugu taliki ya 10 Ukwakira 2017. Abaturage miliyoni ebyiri ni bo biyandikishije kugirango bazatore. Manda...
9 September 2017 1106 0
0 | ... | 480 | 510 | 540 | 570 | 600 | 630 | 660 | 690 | 720 | 750