Umuturage wa Uganda yandikiye urukiko rukuru rwa Kampala arugaragariza inenge yo kuba imfungwa n’ abagororwa ndetse n’ Abanya Uganda baba mu muhanga Komisiyo y’ amatora ibaheza mu bikorwa by’...
None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
Oprah Winfrey yatangaje ko adakunda politiki ndetse bitigeze biba mu maraso ye kumva yahanganira ubutegetsi, nubwo mu minsi ishize byari byatangajwe ko yifuza guhangana na Donald Trump mu matora...
Steve Bannon, watanze ubuhamya mu gitabo rutwitsi kivuga kuri Perezida Donald Trump, yahinduye imvugo ashaka kugaragaza ko uwacyanditse yagoretse ibyo yamubwiye.
Igitabo ‘Fire and Fury : Inside...
George Weah wahoze umukinnyi w’ umupira w’ amaguru niwe watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika ya Liberia atsinze uwahoze ari visi Perezida w’ iki gihugu.
Weah abaye Perezida wa 25 w’ iki...
Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu gihugu cya Uganda ryatoye umuyobozi mushya usimbura umunyepolitiki Dr.Kiza Besigye mu matora yabereye kuri stade ya Mandela hafi y’umugi wa Kampala....
Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), riravuga ko rifite icyizere ko mu matora y’ abadepite ateganyijwe umwaka utaha rizitwara neza ku buryo...
Umuyobozi utavuga rumwe na Leta ya Uganda, "Forum for Democratic Change", yamenyesheje ko Kizza Besigye n’abandi bantu batanu, bari bafatiwe rimwe bari mu myigaragambyo bamagana ibikubiye mu...
Tariki 23 Ukwakira mu 1957 nibwo Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame yavukiye i Nyarutovu mu yahoze ari Komini Tambwe, Perefegitura ya Gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo....
Kuwa Kane tariki ya 19 Ukwakira2017 abaturage batunguwe no kubona abapolisi bashyize hasi imbunda batera indirimbo z’amazamuka baramya umwami n’umukiza ari nako batamba basaba Imana kugarura ituze...
Komisiyo y’Amatora yo muri Repubulika Demokarasi ya Congo yatangaje ko nta matora azaba muri iki gihugu muri uyu mwaka wa 2017, ngo hakenewe nibura iminsi 504 bivuze ari mu ntango z’umwaka...
Abadepite babiri babarizwa mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagiye koherezwa kwivuriza mu Buhinde.Ni nyuma yo gukomerekera mu mirwano yahuje Abadepite y’abashyigikiye n’abadashyigikiye ko...
Abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol barimo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’Umubyeyi wabo Mukangemanyi Adeline bakuriweho ibyaha bibiri mu byo bari bakurikiranyweho....
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga, kuri uyu wa Gatatu yirukanye umwe mu baminisitiri n’abadepite 25 bagize uruhare mu mirwano ikaze yabereye mu ngoro y’Inteko Ishinga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri uyu mwaka,Polisi y’u Rwanda yafunze Diane Rwigara,murumuna we Anne Diane n’umubyeyi wabo; bakaba bafungiye kuri Station ya Remera....
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza yamaganiye kure ibyavuzwe na Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda watangaje ko amatora yo mu Rwanda aherutse kuba muri Kanama tariki ya 03 na...