Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu bose bagomba kwambara udupfukamunwa haba mu rugo cyangwa bahavuye aho yemeje ko guhera kuri uyu wa Mbere inganda zitangira kudukora ku...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020 Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza ku mugaragaro uburyo bwo gukoresha za robo mu kwita ku barwayi ba COVID19.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Tharcisse Mpunga Yatangarije RBA ko hari ibiganiro bishobora gutuma mu Rwanda hatangira gukorerwa inkingo za...
Minisiteri y’Ubuzima yafunze MBC Hospital iherereye mu karere ka Nyarugenge mu Biryogo nyuma yaho ikoze ubugenzuzi igasanga hari amakosa akomeye yatuma iri vuriro rifungwa.
Iki cyemezo...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko bari gukora ibishoboboka byose ngo indwara ya Ebola itinjira mu Rwanda.
Ebola ikomeje...
Kuri uyu wa Mbere, u Rwanda rwakiriye ibikoresho bizakoreshwa mu kubaka uruganda rw’inkingo n’imiti biturutse mu Budage.
Mu masaha y’igicamunsi ni bwo icyiciro cya mbere cy’imashini z’urwo ruganda...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane....
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda [MINISANTE]yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata 2020, umuntu umwe gusa ariwe wabonetse wanduye coronavirus mu bipimo 901 byafashwe mu gihe kandi mu...
Nibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya...
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko mu bipimo 1025 byafashwe, hagaragayemo abarwayi 8 mu gihe hakize abarwayi 4 bagasezererwa mu...
Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki 2 kugeza 21 Mata 2021, izatangira gutanga doze ya kabiri y’urukingo rwa Pfizer ku bahawe urwa...
Ubushakashatsi ku ndwara zitandura bwamuritswe na Ministeri y’Ubuzima (MINISANTE), ku wa Gatanu tariki ya 30 Kamena 2023, bwagaragaje ko Intara y’Amajyepfo n’iy’Iburasirazuba ziza imbere mu kugira...
Abatuye umurenge wa Nkombo ugizwe n’ ikirwa kinini kiri mu mazi y’ ikiyaga cya Kivu bavuga ko hari igihe umubyeyi ava muri uyu murenge akabyarira ku nkombe z’ ikiyaga cya Kivu habuze...
Inzobere mu bijyanye n’ ibibazo byo mu mutwe zivuga ko uburwayi bw’ igifu no gusepfura ari bimwe mu bimenyetso by’ ihungabana, zikavuga ko harimo gukorwa ubushakashatsi ku mpamvu zituma akenshi...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
U Rwanda rwifatanije n’ ibindi bihugu byizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe, abakora mu birebana n’ ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko abakoresha bashobora gufasha...