skol
Kigali

Search: Minisante (230)

Abanyeshuli bize ubuvuzi muri UR basabye ubufasha MINISANTE nyuma yo gukurwa ku rutonde rw’abagomba gukora ibirori bisoza...

Umwe mu banyeshuli bamaze imyaka 6 biga muri kaminuza y’u Rwanda mu ishami ry’ubuvuzi yandikiye minisitiri w’Ubuzima,Dr Diane Gashumba amusaba ubufasha nyuma yo gukurwa ku rutonde rw’abagomba gukora...
1 November 2019 3628 0

MINISANTE yaburiye abanyarwanda ku cyorezo cyadutse mu bihugu byo muri Aziya

Minisiteri y’Ubuzima irasaba abaturarwanda bose, cyane cyane abakora ingendo zijya mu mahanga gufata ingamba zo kwirinda icyorezo cya Novel Coronavirus cyagaragaye mu bihugu bitandukanye by’Aziya...
21 January 2020 1822 0

MINISANTE yasabye Abanyarwanda bose kwambara udupfukamunwa aho bari hose

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu bose bagomba kwambara udupfukamunwa haba mu rugo cyangwa bahavuye aho yemeje ko guhera kuri uyu wa Mbere inganda zitangira kudukora ku...
18 April 2020 3717 0

MINISANTE yatangije ku mugaragaro za Robo zunganira abaganga mu kwita ku barwayi ba COVID-19 zahawe amazina atangaje...

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020 Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza ku mugaragaro uburyo bwo gukoresha za robo mu kwita ku barwayi ba COVID19.
19 May 2020 1731 0

"Hari gahunda ko inkingo za Covid-19 zatangira gukorerwa mu Rwanda"-MINISANTE

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Tharcisse Mpunga Yatangarije RBA ko hari ibiganiro bishobora gutuma mu Rwanda hatangira gukorerwa inkingo za...
6 May 2021 830 0

MINISANTE yahagaritse ibitaro bya MBC byakoreraga mu Biryogo

Minisiteri y’Ubuzima yafunze MBC Hospital iherereye mu karere ka Nyarugenge mu Biryogo nyuma yaho ikoze ubugenzuzi igasanga hari amakosa akomeye yatuma iri vuriro rifungwa. Iki cyemezo...
3 October 2021 2376 0

MINISANTE yahishuye umwanzuro wafashwe ku bagenzi binjira mu Rwanda baturutse mu bihugu byo mu majyepfo ya...

Mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’ubwoko bushya bwa COVID-19 biswe Omnicron u Rwanda rwafashe umwanzuro w’uko abagenzi binjira mu Rwanda baturutse muri Botswana, Eswatini, Lesotho, Malawi,...
29 November 2021 313 0

MINISANTE igiye gushora akayabo ka Miliyari 10 Frw mu ndwara y’ ubushita bw’Inkende

Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda ariyo ngengo y’imari, yo guhangana n’icyorezo cy’indwara y’ubushita bw’inkende kimaze kugaragara hirya no hino ku...
27 August 2022 394 0

MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Ebola

Minisiteri y’Ubuzima yasabye abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda ko Ebola yagera mu Rwanda harimo kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa aho yagaragaye. Ibi bije nyuma y’aho iyi ndwara...
22 September 2022 989 0

Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko bari gukora ibishoboboka byose ngo indwara ya Ebola itinjira mu Rwanda. Ebola ikomeje...
24 September 2022 1315 0

MINISANTE yafashe umwanzuro ukomeye mu gufasha abaganga bakora amasaha y’ikirenga

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye kongera umubare w’abakozi bo kwa muganga, mu rwego rwo gufasha abakora mu bigo by’ubuvuzi kugabanya gukora amasaha y’ikirenga bityo bajye babona n’umwanya wo...
11 January 2023 1661 0

MINISANTE yahishuye inyungu zizava mu kugira uruganda rukora inkingo

Kuri uyu wa Mbere, u Rwanda rwakiriye ibikoresho bizakoreshwa mu kubaka uruganda rw’inkingo n’imiti biturutse mu Budage. Mu masaha y’igicamunsi ni bwo icyiciro cya mbere cy’imashini z’urwo ruganda...
14 March 2023 403 0

Minisante yagaragaje ko Abanyarwanda bibasirwa n’umubyibuho ukabije biyongera

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko abafite umubyibuho ukabije biyongereye bava ku ijanisha bariho rya 2.8% muri 2013 bagera ku ijanisha rya 4.3% muri 2022.
30 June 2023 793 0

MINISANTE yafunze amavuriro umunani yakoraga mu buryo burimo na gakondo

Kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ukuboza 2023,Ministeri y’ubuzima yafunze amavuriro 8, azira kurenga ku mahame n’amabwiriza agenga uyu mwunga.
3 December 2023 1831 0

Ibitaro bya Muhima:Umugore wakuwemo ‘Nyababyeyi’ ndetse n’imfura ye igapfa aratabaza

Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
25 July 2017 8044 0

“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba

Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane....
6 October 2017 1197 0

Abakize Coronavirus mu Rwanda babaye 42…Umuntu umwe niwe wayanduye kuri uyu wa Mbere

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda [MINISANTE]yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata 2020, umuntu umwe gusa ariwe wabonetse wanduye coronavirus mu bipimo 901 byafashwe mu gihe kandi mu...
13 April 2020 2910 0

Kagame yasabye Ministiri w’Ubutabera gukurikirana abanyabyaha kugeza kuwifuje kuba Perezida

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko nta muntu n’ umwe utakurikiranwa n’amategeko nubwo yaba ari umuyobozi ukomeye cyangwa se yarigeze kugerageza kwiyamamariza kuyobora igihugu. Ibi...
31 August 2017 7642 0

Abacuruzi ba SHISHA baravuga ko batewe igihombo no kuba yahagaritswe

Nyuma y’uko Minisiteri y’ubuzima itangarije ko itabi rizwi nka Shisha riciwe burundu ku butaka bw’u Rwanda, irasaba abarinyoyeho kugana abaganga bakareba uko ubuzima bwabo buhagaze kuko ngo rifite...
16 December 2017 427 0

Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe

Nibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya...
24 April 2020 6980 0

Habonetse abandi barwayi umunani ba Covid-19 kuri iki Cyumweru..Umubare w’abakize wiyongereyeho 4

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko mu bipimo 1025 byafashwe, hagaragayemo abarwayi 8 mu gihe hakize abarwayi 4 bagasezererwa mu...
26 April 2020 2064 0

Abahawe urukingo rwa mbere rwa Pfizer barahabwa urwa kabiri muri iki cyumweru

Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki 2 kugeza 21 Mata 2021, izatangira gutanga doze ya kabiri y’urukingo rwa Pfizer ku bahawe urwa...
31 March 2021 375 0

Abantu 22 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 772 barayandura

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Mbere COVID-19 yahitanye abantu 22 bituma abo imaze gutwara ubuzima bagera kuri 582. Abapfuye n’abagore 8 b’imyaka 88,83,35(Kigali), 82(Muhanga),...
12 July 2021 2356 0

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abanywi b’itabi biganje mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburasirazuba

Ubushakashatsi ku ndwara zitandura bwamuritswe na Ministeri y’Ubuzima (MINISANTE), ku wa Gatanu tariki ya 30 Kamena 2023, bwagaragaje ko Intara y’Amajyepfo n’iy’Iburasirazuba ziza imbere mu kugira...
1 July 2023 504 0

Nkombo: Babyarira ku nkombe z’ Ikivu babuze ambiransi ibageza ku bitaro

Abatuye umurenge wa Nkombo ugizwe n’ ikirwa kinini kiri mu mazi y’ ikiyaga cya Kivu bavuga ko hari igihe umubyeyi ava muri uyu murenge akabyarira ku nkombe z’ ikiyaga cya Kivu habuze...
4 September 2017 797 0

Harimo gukorwa ubushakashatsi ku isano iri hagati y’ uburwayi bw’ igifu n’ ihungabana

Inzobere mu bijyanye n’ ibibazo byo mu mutwe zivuga ko uburwayi bw’ igifu no gusepfura ari bimwe mu bimenyetso by’ ihungabana, zikavuga ko harimo gukorwa ubushakashatsi ku mpamvu zituma akenshi...
12 September 2017 419 0

Umuganga w’ abana yakomoje ku kuba indwara nka kanseri zisigaye zigaragara no mu bana

Dr Lisine Tuyisenge, Muganga w’ abana mu bitaro bya CHUK Inzobere mu buvuzi bw’ indwara z’ abana mu Rwanda zivuga ko muri iki gihe abana basigaye bagaragarwaho n’ indwara zikomeye zirimo umutima,...
14 September 2017 1829 0

Imibare y’abana bapfa bari munsi y’imyaka 5 iracyari hejuru mu Rwanda

Kigali hatangiye inama ngarukamwaka ihuza abagize ishyirahamwe ry’abaganga bavura abana. Ni inama igamije kureba ibyakorwa byafasha mu kurushaho kwita ku buzima bw’abana, bahabwa serivise...
14 September 2017 267 0

Amaze imyaka irindwi muri Koma mu bitaro bya Gisirikare, uwo yabyaye yatangiye ishuri

Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu. Umugabo we...
28 September 2017 5480 0

Indwara y’umunaniro no guhangayika zifata benshi mu bakozi mu Rwanda

U Rwanda rwifatanije n’ ibindi bihugu byizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe, abakora mu birebana n’ ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko abakoresha bashobora gufasha...
12 October 2017 866 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210