Kuri iyi tariki yagenwe na ONU nk’umunsi mpuzamahanga w’ibyishimo ku isi raporo igaragaza uko ibyishimo bihagaze ku isi uyu mwaka yibanze ku kureba ku byishimo mu bantu hakurikijwe ikiciro...
Mu gitondo cyo kuwa gatatu taliki ya 13 werurwe 2024 , nibwo abatuye mu mujyi wa Maputo muri Mozambike basanze imodoka y’umushoramari Innocent Rutayisire mu mugezi wa...
Umutoza w’Amavubi,Torsten Frank Spittler ukomoka mu Budage atangwaho akayabo ka miliyoni zirenga 23 FRW ku kwezi ubariyemo umushahara we n’ibindi by’ingenzi...
Ambasaderi wa Israel muri DR Congo yatangaje ko hashize iminsi ibiri bashyira imbaraga ku buryo ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo, kandi bifuza ko iki gihugu kiganira n’u...
Ikipe ya Misiri yanganyije na Ghana ibitego 2-2 mu gikombe cya Afurika mu gihe Cote d’Ivoire yatsindiwe mu rugo igitego 1-0 na Nigeria yafatwaga nk’idakanganye.
Mu mukino wo mu itsinda A mu gikombe cya Afurika wa mbere,Nigeria yanganyije igitego 1-1 Equatorial Guinea bituma benshi banenga urwego iyi kipe y’ubukombe ya Super Eagles...
Ikipe y’igihugu ’Amavubi’yiyunze n’abakunzi bayo nyuma yo gutsinda Afurika y’Epfo ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wo mu Itsinda C mu Gushaka Itike y’Igikombe cy’Isi cya...
Umukinnyi wa Filimi,Kalisa Ernest,wamenyekanye nka Samusure,Rulinda na Makuta,yatangaje ko yavuye mu Rwanda ahunze kubera amadeni yafashe kugira ngo akine filimi ye yitwa...
Inama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bya Africa y’Amajyepfo,SADC yagaragaje ko ihangayikishijwe no kuba imirwano mishya ikomeje hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa, ibyo ngo...
Umutoza wa Zimbabwe Sunday "Mhofu" Chidzambwa,yatangaje ko bagomba gutsinda u Rwanda bagahesha ishema igihugu bahagarariye mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi...
Raporo ya Human Right Watch yo ku wa 10 Ukwakira 2023, igaruka cyane ku Banyarwanda baba mumahanga aho ivuga ko “u Rwanda rucecekesha abashaka kurunenga.”
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Ikipe y’igihugu "Amavubi" yanganyije na Senegal igitego 1-1,mu mukino wa nyuma wo mu itsinda L mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika, wabereye I...
Jimmy Mulisa ntakiri mu batoza bazatoza umukino wa Senegal usoza itsinda L uzaba mu mpera z’iki cyumweru kubera ko ubu ari Tanzania aho yagiye gukora amahugurwa yo gushaka License...
Perezida Kagame yabwiye ingabo z’u Rwanda ko zitabereyeho guteza intambara ahubwo zibereyeho kurinda amahoro yaba mu Rwanda no hirya no hino ku isi aho...
Ku nshuro ya kane yari ikozwe n’igisirikare cy’u Rwanda, iyi myitozo isozwa n’imyiyereko iba yitabiriwe n’abakuru b’ingabo ndetse n’umugaba wazo w’ikirenga ari we perezida wa Repubulika, yaherukaga kuba...
Bwa mbere mu mateka,ikipe y’ u Rwanda y’abagore yageze muri ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’Afrika cya Basketball,nyuma yo gutsinda Uganda amanota 66 kuri 61.
Muri uyu mukino wa 1/4 cy’Igikombe cya...