Chief Superintendent of Prisons, (CSP) Camille Zuba agiye kumara amezi abiri afungiye muri Gereza ya Nyanza kubera kwemerera abantu gusura Robert Nyamvumba, murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba...
Mu nyubako ya DownDown iruhande rwa gare yo mu mujyi habereye inkongi y’umuriro itewe n’iturika rya gaz y’ahategurirwa amafunguro, bituma benshi mu bari baje kuyafata bakomereka,abandi...
Umuryango w’abantu 5 wo mu Mudugudu wa Ruhuha, Akagari ka Mwendo mu Murenge wa Kigali bagwiriwe n’inzu, nyir’urugo Emmanuel Iyakaremye w’imyaka 36 ahasiga...
Umukobwa witwa Hatangimana Scolastique w’imyaka 25 y’amavuko,yasimbutse kuri Etage ya kane yo ku nyubako izwi nko kwa Makuza (Makuza Peace Plaza) mu mujyi rwagati ahagana saa tanu z’amanywa,...
Umukobwa wo mu kagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali yaturikanwe na Gaze ahita ajyanwa igitaraganya kwa muganga ubwo yari atetseku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya...
Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster ya kompanyi itwara abagenzi ya RFTC,yabuze feri ita umuhanda igenda igonga amatara yo ku mihanda 3,imodoka na moto imwe, byari imbere yayo ku rundi ruhande,gusa...
Umugabo witwa Dr Emmanuel Bayiringire utuye mu murenge wa Nyamirambo mu kagari ka Mumena, mu mudugudu w’Akanyana,yatawe muri yombi ku munsi w’ejo Taliki ya 07 Mata 2019, nyuma yo kuzana agatabo...
Umugabo witwa Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge wishwe n’ingona, umurambo we wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Kanama 2017....
Muri ruhurura ya Mpazi, mu kagari ka Kora, mu murenge wa Gitega hatoraguwe umurambo w’ umusore uri mu kigero cy’ imyaka 23 y’ amavuko, polisi ihita itangira iperereza kugira ngo hamenyekane icyaba...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer ukurikiranyweho kwiba Telephone ya The Ben afungurwa by’agateganyo akazajya yitaba buri wa Gatanu wa nyuma...
Nyuma y’igihe gikabakaba amezi abiri Urukiko rwisubuye rwa Nyarugenge rwemeje ko umunyepolitiki Kayumba Christpher ari umwere ku byaha yari akurikiranyweho byo gusambanya undi ku gahato...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwavuze ko ubujurire bwa Dr Kayumba Christopher nta shingiro bufite, rutegeka ko icyemezo cy’urw’Ibanze rwa Kicukiro mu rubanza rwaciwe muri Nyakanga 2020...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu,MINALOC yatangaje ko imidugudu itatu (3) yo mu kagali ka Tetero, umurenge wa Muhima muri Nyarugenge yashyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15 mu...
Mu murenge wa Kigali Akarere ka Nyarugenge mu rugo rw’umugore witwa Lidivine hafatiwe abantu 20 biganjemo abana n’abamugaye bikekwa ko uyu mugore abifashisha mu gusabiriza nabo bakamuzanira kubyo...
Umuryango utegamiye kuri Leta Children’ s Voice Today (CVT) wifatanyije n’ abayobozi, abarezi n’ abana bo mu karere ka Nyarugenge kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ umwana w’ umunyafurika uba tariki 16...
Akarere ka Nyarugenge niko karere kahize utundi two mu mugi wa Kigali mu kugira isuku n’ umutekano naho umurenge wa Rwezamenyo niwo wahize indi yo mu mujyi wa...
Kuri uyu wa 24 Kanama 2017 ahagana saa sita z’amanywa ku ruzi rwa Nyabarongo ku ruhande rw’Umurenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, hafatiwe ingona yishwe irashwe.
Iyi ngona iri mu itsinda...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije Rumanzi David watozaga Academy ya Paris Saint-Germain mu Rwanda n’Umucamanza muri urwo rukiko, Eric Twambajimana, icyaha cyo gukoresha inyandiko...
Mu buryo buhishe, Umubyinnyi Titi Brown yagejewe mu cyumba cy’iburanisha mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aho agiye kuburana ku bimenyetso bishya byatanzwe...