Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi nawe yemeje ko kuva Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zaremeye ko zitagishoboye...
Porogaramu ya ONU yita ku biribwa PAM, yavuze kuri uyu wa kane ko ikeneye byihutirwa miliyoni 162 n’ibihumbi 400 by’amadolari yo gufasha guverinema ya Cadi kwita kuri miliyoni 2 n’ibihumbi 300...
Perezida wa Republika ya Demokrasi ya Congo, Felix Tshisekedi,yanenze ingabo za MONUSCO zimaze imyaka irenga 20 muri icyo gihugu, "ariko zikaba zarananiwe kugarura amahoro mu burasirazuba bw’icyo...
Abacamanza bo mu rukiko rukuru rw’Umuryango w’Abibumbye bategetse nta n’umwe uvuyemo ko Israel ituma imfashanyo igera muri Gaza nta mbogamizi, mu rwego rwo kwirinda...
Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu rirasaba Ubwongereza guhagarika umugambi wo kohereza bamwe mu bimukira bari ku butaka bwabwo mu Rwanda.
Minisitiri w’intebe wa New Zealand, Jacinda Ardern, ku wa mbere yagejeje ijambo rye rya mbere ku nteko y’abitabiriye inama rusange y’umuryango w’abibumbye i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika...
Abasirikare barenga ibihumbi 3000 barimo FARDC ,FDLR,RUD URUNANA na Mai Mai CMC bazengututse ibirindiro bya M23 biri ahitwa Runyoni na Tshanzu mu gihe indege za MONSUCO zatangije intambara yo mu...
Uhagarariye Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo [RDC] mu muryango w’Abibumbye [UN],yemeje ko Umutwe wa M23 waje mu isura nshya ufite intwaro zihambaye ziruta iza Leta y’iki gihugu ndetse...
ONU irimo gushakisha uburyo bwo guhungisha abari mu bitaro Al Shifa mu ntara ya Gaza, ariko nta mahitamo ahagije ahari, bitewe n’umutekano muke n’ibura ry’ibikoresho.
Umuyobozi nshingwa bikorwa w’ishami rya ONU ryita ku biribwa PAM, Cindy McCain, aravuga ko abasivili mu ntara ya Gaza, “bashobora guhura n’inzara bidatinze”.
Abasirikare bagera kuri batatu ba MINUSMA, b’ishyirahamwe mpuzamahanga ONU bagiye kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cya Mali biciwe mu majyepfo y’icyo gihugu kuri iki cyumweru tariki ya...
Umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres, yasabye ko abasirikare ba ONU muri Centrafrika bongererwa abandi 900.Ni nyuma y’ubwicanyi bukomeje kwiyongera muri iki gihugu.
Ibyo biri muri...
Ibikorwa bivuye ku myigaragambyo birimo urugomo, gutwika inzu no gutemana byabaye mu ijoro ryacyeye no mu gitondo cyo kuwa mbere byaguyemo abantu babiri i Goma mu ntara ya Kivu ya ruguru, nk’uko...
Ingabo za MONUSCO zivuga ko nta kintu zabonye cyerekana ko Uganda yafashije umutwe wa M23 gufata umujyi wa Bunagana wo mu ntara ya Kivu ya ruguru muri DR Congo.
Lieutenant-colonel Harvey,...
Igihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe...