Imiryango irenga 370 igizwe n’abantu barenga 1440 yo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi ni yo igomba kwimurwa aho ituye ikajyanwa ahantu hadashyira ubuzima bwayo mu kaga.
Byatangarijwe...
Rayon sport inyagiye Police FC ikatisha itike ya ½ cya Peace Cup
Umukino wo kwishyura wa ¼ mu Gikombe cy’Amahoro, Rayon Sports yakiragamo Police FC, urangiye ari ibitego 3 bya Rayon sport kuri 2 bya...
Umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangarije Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru(RBA) ko umubare w’abatakarije ubuzima mu biza umaze kugera ku...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze mu Karere ka Rubavu ahabera umuhango wo gushyingura abaturage bahitanywe n’ibiza. Ni umuhango ubera ku irimbi rya Rugerero.
Muri aka karere...
Nyuma y’ibiza byibasiye u Rwanda mu turere twa Karongi na Rutsiro, Rubavu, Ngororero igahitana abagera kuri 130 ikanangiza amazu arenga ibihumbi 5000, ku mugoroba wo ku munsi w’ejo haguye Imvura...
Perezida wa Kiyovu Sports Ltd, Mvukiyehe Juvénal, yageneye ubutumwa APR FC mbere yo guhurira nayo muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro, anashimangira ko yifuza guhurira na Rayon Sports ku mukino wa nyuma...
Abagenzi bategera imodoka mu isantere ya Rubengera mu karere ka Karongi bavuga ko babangamirwa n’abakarasi b’imwe muri kampani zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikorera mu muhanda...
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo-Rwanda), kivuga ko Intara y’Iburasirazuba, Umujyi wa Kigali n’ahandi henshi mu Majyepfo, hateganyijwe imvura nke iri munsi ya milimetero 10 muri uku kwezi...
Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo...
Imibare yavuye mu ibarura rusange rya 2022 igaragaza ko abantu 16.7%, mu bantu bafite kuva ku myaka itatu kuzamura batigeze bagana intebe y’ishuri. Abakuru muri bo bivuze ko batazi gusoma no...
Umubiligi William Junior Lecerf ukinira Soudal–Quick-Step Devo yegukanye Agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2024 ka Karongi-Rubavu kakinwe ku ntera y’ibilometero...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...