Kuwa Gatandatu,ikipe ya Arsenal yahombye umukinnyi Mykhailo Mudryk yari imaze iminsi yirukaho,waguzwe na Chelsea ku munota wa nyuma.
Mikel Arteta nabo bakorana,bari bamaze gutanga asaga...
Abafana ba Arsenal baheruka gufungwa nyuma yo gutabwa muri yombi bazira kwishimira intsinzi y’iyi kipe itsinda Manchester United ibitego 3-2, basabye Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kubafasha...
Ikipe ya Arsenal yashakaga igisubizo hagati mu kibuga yamaze kumvikana n’Umutaliyani,Jorginho,wakiniraga Chelsea ndetse wari ugiye kurangiza amasezerano ye mu mpeshyi.
Arsenal itari ifite...
Rutahizamu Marcus Rashford yongeye gutsinda igitego afasha Manchester United kwinjira muri kimwe cya kane cy’irangiza mu mikino ya Europa League isezereye Real Betis mu gihe Arsenal yasezerewe...
Ikipe ya Arsenal yiteguye gukubura bamwe mu bakinnyi idakeneye barangajwe imbere na kizigenza wayihenze kurusha abandi bakinnyi bose yaguze mu mateka yayo,Nicolas Pepe.
Arsenal yaguze Nicolas...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Gabriel Jesus yavuze ko iyi kipe yabo igomba gukoresha imbaraga zingana mu minota 90 niba ishaka guhatanira igikombe cya Premier League.
Uyu mukinnyi yabigarutseho...
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, ntabwo azaba ari ku ntebe y’abatoza,ku wa gatandatu w’iki cyumweru,ubwo Arsenal izaba yasuye Aston Villa,mu mukino w’umunsi wa 16 wa Premier...
Perezida Kagame yanyuzwe n’intsinzi ikipe afana ya Arsenal FC yanyagiyemo Chelsea ibitego 5-0 mu mukino w’umunsi wa 34 wa Shampiyona y’u Bwongereza, Premier...
Umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger, yatangaje ko muri 2001 yaguze myugariro wakiniraga Tottenham witwa Sol Campbell,ageze mu ikipe abakinnyi yari asanganwe bamuvugiriza...
Uwahoze ari myugariro ukomeye mu Bwongereza by’umwihariko mu ikipe ya Manchester United yakiniye igihe kinini,yatangaje ko abakinnyi bato ba Arsenal barimo Bukayo Saka na Gabriel Martinelli...
Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola ,yagiriye inama Arsenal yo kureka umutoza wayo Mikel Arteta akaguma ku kazi kuko ngo kumwirukana bizaba ari ikosa rikomeye cyane ku buyobozi bw’iyi...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta uri gutsindwa umusubirizo yamaze kubwirwa ko ibyo ari gukora bidashimishije na gato bityo agomba gutsinda imikino 3 iri imbere bitaba ibyo akirukanwa...
Umukinnyi ukiri muto Joe Willock ukina hagati mu ikipe ya Arsenal yakoze impanuka y’imodoka mu cyumweru gishize ubwo yari agiye mu myitozo y’ikipe ariko kubw’amahirwe ntacyo yabaye kuko iyi modoka...
Intambara mu myitozo ya Arsenal ikomeje gufata indi ntera kuko kuwa Gatanu uheruka habaye intambara ikomeye ya David Luiz wakubise Dani Ceballos amuvusha amaraso mu mazuru amuziza gushaka...
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta,yatangaje ko iyi kipe ikiri kure cyane yahoo yakagombye kuba iri nyuma yo gutangira nabi shampiyona y’umwaka wa 2020-2021.
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer,yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye atsindwa na Arsenal ndetse yihishe inyuma yo kugorwa cyane na Premier League uyu mwaka ari ugukinira kuri...
Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2001 - 2019) yatangiye imirimo muri sena y’iki gihugu uyu munsi kuwa kabiri, ubwo iyi nteko yatangiraga imirimo yayo...
Umukinnyi Mesut Ozil ukomeje kuzonga ikipe ya Arsenal ishaka kumugurisha akabyanga,yavuze ko impamvu nyamukuru yateye umutoza Mikel Arteta kumukura mu bakinnyi yifashishije nyuma ya guma mu rugo...
By Peter Auf der Heyde
Going into Saturday’ FA Cup final, all the pressure will be on Arsenal to win the trophy for a record-extending 14th time.
Both finalists – Arsenal and Chelsea – won...
Umutoza Mikel Arteta w’ikipe ya Arsenal avuga ko "yizeye" ko rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang azongera amasezerano mashya muri iyi kipe abereye kapiteni.
Umunya Cameroon Alex Song,wagiriye ibihe byiza muri Arsenal yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye ava muri iyi kipe yo mu Bwongereza akerekeza muri FC Barcelona ari uko yahawe amafaranga menshi...
Umutoza wa Arsenal yatangaje ko iyi kipe ifite ibibazo byinshi kubera kwitwara nabi muri uyu mwaka w’imikino aho yemeje ko mu mpeshyi bashobora kuzagurisha abakinnyi bakomeye natabasha kugera muri...
Kuri uyu wa Gatatu taiki ya 29 Mutarama 2020,ikipe ya Arsenal yatangaje ko yamaze gutizwa na Flamengo mu gihe kingana n’amezi 6, myugariro w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya Espagne witwa Pablo...
Umutoza Arsene Wenger wamaze imyaka 22 atoza ikipe ya Arsenal yavuze ko ubwo iyi kipe yimukiraga ku kibuga gishya cya Emirates mu mwaka wa 2006 abakinnyi be bataye ubuzima ku kibuga cya Highbury...
Umusenateri witwa Gédéon Gahungu wo mu Burundi uheruka gutaha iwe agasanga umugore we yicaranye n’umushyitsi w’umugabo mu nzu, agahita afata agafuni kari mu mu modoka ye akakabahondaguza...