Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje ko itangazamakuru irigukwirakwiza ibinyoma ku cyorezo cya coronavirus rigamije kumwicira...
Perezida Donald Trump yemeje ko umukuru w’umutwe wiyita leta ya kisilamu (IS),Abu Bakr al-Baghdadi,Wari mu buhungiro yishwe n’ingabo z’iki gihugu mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa...
Perezida wa USA,Donald Trump yamaze kugera Hanoi mu gihugu cya Vietnam aho agiye guhurira na mugenzi we Kim Jong Un wa Koreya y’Amajyaruguru bahoze badacana...
Rihanna yasabye Trump guhagarika gucuranga indirimbo ze nyuma yuko imwe mu ndirimbo ze yumvikanye iri gucurangwa mu bikorwa byo kwamamaza abakandida b’aba...
Michael Cohen, wahoze yunganira mu mategeko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yemereye urukiko rw’i New York ko yishe amategeko agenga ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora ya...
On the issue of migrants, Ivanka Trump, Donald Trump’s daughter has a vision other than that of his father. On the occasion of a conference in Washington, the eldest daughter of the American...
Icyamamare mu mukino wa Basketball Lebron James yatangarije abanyamakuru ku munsi wejo ko perezida wa USA Donald Trump ari kwifashisha siporo kugira ngo acemo igihugu ibice ndetse avuga ko kuva...
Perezida wa USA Donald Trump yishimiwe n’Abanyamerika benshi kubera ko yarekuye umugore witwa Alice Marie Johnson wakatiwe igihano cy’urupfu mu mwaka wa 1995 azira gucuruza ibiyobyabwenge,akaza...
Iranian lawmakers burned an American flag and cried "Death to America" in parliament on Wednesday to protest President Donald Trump’s decision to withdraw from the multi-party nuclear...
Icyamamare mu gukina filimi Samuel L Jackson cyatutse bikomeye perezeda w’Amerika Donald Trump kubera ubutumwa aherutse gushyira kuri Tweeter ye avuga ko abarimu bo muri iki gihugu bakagombye...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 ko ashyigikiye kandidatire y’umurepubulikani Roy Moore urimo guhatanira umwanya wo...
Keith Schiller wahoze ari umurinzi wa Donald Trump yatangaje ko ubwo bari mu ruzinduko mu Burusiya mu mwaka wa 2013, umwe mu Barusiya yemereye Donald Trump abakobwa batanu bo kumuraza ariko...
Ubushinjacyaha bwa Amerika bwabonye amajwi ya Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika, yemera ko hari inyandiko ziriho amabanga ya Leta yasigaranye ubwo yavaga ku butegetsi nubwo bitemewe....
Stormy Daniels bivugwa ko yaryamanye na Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikaba bimugejeje mu nkiko, yavuze ko atifuza ko uwo mugabo afungwa nkuko ubushinjacyaha...
Kevin McKay warindaga Donald Trump yahishuye uko yagurije 130 $ uyu mugabo wamukoreshaga uri no mu bakize ku Isi ariko agategereza kwishyurwa amaso agahera mu...
Donald Trump yatangaje ko nta migambi afite yo gushinga ishyaka ryishya kuko ngo byacamo ibice abarepubulikani, nk’uko yabibwiye igiterane cy’abo muri iri shyaka i...
Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne wemeye Icyaha cyo kwitwaza imbunda kandi...
Nyuma y’uko uyu mwaka wa 2020 usa n’uri gukabakaba ku ndunduro, ibitangazamakuru hirya no hino ku Isi birawuvugaho byinsnhi binyuranye , ariko kimwe mu bitangazamakuru bikomeye mu Budage no ku...
Umucamanza mukuru mu mujyi wa Washington, DC Karl Racine, yemeje ko Ivanka yatangiye guhatwa ibibazo bijyanye na dosiye yo kunyereza umutungo wa Leta ku wa kabiri w’iki...
Perezida Donald Trump w’Amerika yirukanye umukozi wo ku rwego rwo hejuru ushinzwe amatora wamuvuguruje ku byo yavuze ko habayeho uburiganya mu matora ya...
Abashyigikiye Perezida Donald Trump w’Amerika babarirwa mu bihumbi baraye bateraniye i Washington DC mu myigaragambyo yo gushyigikira ibivugwa bidafitiwe gihamya byuko habayeho uburiganya mu...
Ari muri leta ya Delaware, Joe Biden yagejeje ijambo kuri rubanda, avuga ko ari mu nzira zo gutsinda, mukeba we Trump yanditse kuri Twitter ko bari "kugerageza kwiba...
Abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) bafitanye isano n’Uburusiya, Ubushinwa na Iran barimo kugera amajanja abantu n’amatsinda afite uruhare mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu mwaka...