Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Barack Obama asigaje igihe kitageze ku kwezi ngo yimukire Donald Trump muri White House.
Obama na Trump ntibumvikana ku bintu bitandukanye...
Mu gihugu cy’ u Bufaransa babereye imyigaragambyo ikomeye yamagana Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump wari witabiriye umunsi mukuru wa Bastille. Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru...
Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki gihugu Donald Trump akwiye kwegura mbere y’ intego rusange yo kumweguza iterana.
Madamu Jackie Speier...
Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017. Dr. Tom Price yasezeye mu kazi kubera ibibazo byazamuwe n’uko yakoresheje...
Bimwe mu byamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byababajwe n’amagambo ya perezida wa USA Donald Trump wise ibihugu by’Afurika na Haiti imisarani ndetse bimwe byakoresheje ibitutsi mu kunenga...
Umukazana wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma y’uko afunguye ibaruwa yari igenewe umugabo we bicyekwako yarimo uburozi.
Uyu mugore...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump umenyerewe ho udukoryo no gutungurana cyane mu myanzuro igiye itandukanye ku buryo buri muntu wese aho ari aba yumva yamenya ibiri kujya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Trump nyuma y’ umunsi umwe yandikiye mugenzi wa Kim Jon Un wa Koreya ya Ruguru amumenyesha ko ibiganiro byagombaga kubahuriza muri Singapore bitakibaye...
Mu biganiro by’amateka byahuje perezida wa USA Donald Trump na Kim Jong Un wa Koreya bari bamaze amezi arenga 18 bashyamirana ndetse babwirana amagambo akomeye,byarangiye bemeye gushyikirana...
Ibihumbi by’Abongereza byiroshye mu mihanda byamagana perezida wa USA Donald Trump wabasuye aho mu byapa byinshi aba baturage bari bafite beretse uyu muperezida ko batakunze politiki...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasezeranyije ko agiye gufasha mu kurangiza amakimbirane yo ku mugabane w’Afurika arangwa n’ ubugome n’ubugizi bwa...
Perezida wa USA Donald Trump yatangaje ko agiye kubaka urukuta rurerure mu butayu bwa Sahara kugira ngo abimukira baturuka muri Afurika berekeze I Burayi bahagarika ingendo...
Nyuma y’urugendo umugore wa perezida wa Amarika Melania Trump yagiriye mu gihugu cya Ghana na Malawi,yageze no mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki 2 Ukwakira...
Perezida wa USA,Donald J.Trump yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa ISIS uri hafi gutsindwa ubwo yasuraga mu buryo butunguranye ingabo za USA ziba muri Iraq.
Sarah Sanders ushinzwe itangazamakuru muri White House,yabwiye ikinyamakuru CBN ko Donald Trump yatowe n’Imana kugira ngo abe perezida wa USA,ntibyishimirwa n’abanyamerika benshi banga urunuka uyu...
Perezida wa Korea ya ruguru,Kim Jong Un yabwiye abanyamakuru ko amaze iminsi yandikirana na Donald Trump wa US,babazanya amakuru ndetse ngo bashobora kongera guhura igihe bazaba bagize ibyo...
Ikinyamakuru cya Leta ya Koreya ya ruguru cyatangaje ko perezida, Kim Jong-un, umutegetsi mukuru w’iki gihugu, yashimishijwe n’ibaruwa yandikiwe na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe...
Kim Darroch uhagarariye Ubwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,Perezida Donald Trump aherutse ku mwita igicucu kibi none yeguye ku mirimo ye yari ashinjwe muri iki...
Perezida wa USA,Donald Trump yongeye kugaragaza imyitwarire idahwitse ubwo yajyaga kuri Twitter agatukana bidasanzwe n’umuhanzi John Legend bikarangira ageze no ku mugore w’uyu muhanzi...
Perezida wa USA,Donald Trump,yasabye abarinda umupaka wa USA-Mexico ko bajya barasa amaguru abimukira bashaka kwinjira ku ngufu ku butaka bw’iki gihugu cye ndetse kuri uyu mupaka hagashyirwaho...
Perezida wa Leta Zunze z’Amerika,Donald Trump,yatunguye benshi kubera ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter yiyambitse nk’umuteramakofe w’icyamamare Rocky Balboa ubwo yari mu kiruhuko cy’umunsi...
Kenya na Nigeria biri mu bihugu bifite abantu benshi bakunda Perezida Donald Trump wa Amerika, nk’uko byerekanwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Pew Research Center cyo muri Amerika gikora amatora...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko azasinya itegeko rihagarika by’agateganyo kwimukira muri Amerika kubera icyorezo cya...