Ikipe y’igihugu ya Brazil yahabwaga amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cy’isi ku nshuro ya 6,isezerewe muri ¼ n’Ububiligi ku bitego 2-1 mu mukino wabereye mu mujyi wa...
Abakinnyi benshi bo mu ikipe y’igihugu y’Ububiligi iri kwitegura imikino ya Euro 2020 banze kwiteza urukingo rwa Pfizer kubera ko ngo rushobora gutuma batitwara neza muri iri...
Tunisia inaniwe gukura igisuzuguriro amakipe y’Abarabu yari ahagarariye umugabane w’Afurika kuko isezerewe mu gikombe cy’isi itsinzwe n’Ububiligi ibitego 5-2 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda...
Ikipe y’Ububiligi yasezerewe mu gikombe cyisi itarenze amatsinda mu mukino yanganyijemo 0-0 na Croatia irangiza ku mwanya wa 3
Ikipe ya Roberto Martinez, yarangije ku mwanya wa gatatu mu...
Umukinnyi Kevin de Bruyne waraye afashije Ububiligi kwerekeza mu mikino ya ½ cy’irangiza batsinze Brazil ibitego 2-1 mu mukino waraye ubereye mu mujyi wa Kazan,yabwiye abanyamakuru ko we na bagenzi...
Ibitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Igikomangoma cyo mu Bubiligi cyanduye coronavirus nyuma yo kwitabira ibirori mu gihe cy’ingamba za ’guma mu rugo’ muri Espagne, nkuko bitangazwa n’ubwami...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yaraye inenzwe na benshi kubera kwitwara nabi igatsindwa n’Ububiligi igitego 1-0 mu mukino wa 3 wo mu itsinda G,mu rwego rwo kwirinda kuzahura na Brazil mu mikino...
Umutoza w’Ububiligi Roberto Martinez yagiriye inama kapiteni we Eden Hazard yo kureba kure akava mu ikipe ya Chelsea akerekeza mu ikipe ya Real madrid gusimbura Cristiano wamaze kwerekeza mu ikipe...
Ikipe y’igihugu ya Espagne yatangiye igikombe cy’isi inyagira Costa Rica ibitego 7-0 mu mukino wo mu itsinda E wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ugushyingo 2022 mu gihe Ububiligi bwarokotse ikipe...
Mu mugi wa Malmedy mu gihugu cy’Ububiligi bakoze agashya maze mu rwego rwo guha agaciro umuco gakondo wabo ku nshuro ya 22 bateka umuleti w’igitangaza w’amagi ibihumbi...
Perezida wa Republika Paul Kagame uri New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiranye ibiganiro na mugenzi we w‘ubufarana, Emmanuel Macron anabona n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
Inteko...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2018 nibwo mu gihugu cy’Ububiligi batoraga Nyampinga w’iki gihugu aho byarangiye umukobwa witwa Angeline Flor Pua w’imyaka 22 y’amavuko...
Umubano ushingiye kuri za ambasade hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ubwambi bw’Ububirigi uragenda umera nabi uko bwije n’uko bukeye.
Leta ya Congo yasabye Ububirigi gufunga...