Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate, yabwiye abafana b’ikipe ko atazigera na rimwe yemera guca bugufi imbere ya APR FC mu kibuga ariko hanze y’ikibuga azabana neza n’andi makipe yose yo mu...
Amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye aravuga ko bidasubirwaho Muhadjili Hakizimana yamaze kuba umukinnyi wa Rayon Sports mu mwaka w’imikino wa...
Kuva shampiyona y’Ubwongereza yasubukurwa nyuma ya Guma mu rugo,ntabwo Mesut Ozil aragaragara mu ikipe ya Arsenal gusa umutoza Mikel Arteta akunze kuvuga ko uyu mukinnyi arwaye kandi ari...
Nyuma yo kunanirwa kumvikana na APR FC ku bijyanye no kuba yakongererwa amasezerano, Dr Nabil Bekroui wari umutoza wungirije muri iyi kipe yatangaje ko agomba gutandukana na yo akava mu Rwanda...
Myugariro Faustin Usengimana yateye umugongo Rayon Sports asinya imyaka ibiri muri Police FC nyuma yo kurangiza amasezerano mu ikipe ya Buildcon yo mu gihugu cya Zambia...
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Nyakanga 2020,Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije abakinnyi babiri bahoze bakinira ikipe ya APR FC barimo umunyezamu Kwizera Olivier na...
Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United akaba na nyirayo, Kakoza Nkuriza Charles [KNC]yabwiye Rayon Sports ko ishobora gukomeza guterateranya amafaranga yo kugura Hakizimana Muhadjiri igashiduka...
Myugariro w’Umufaransa Adil Rami wakiniye amakipe akomeye nka AC Milan na Marseille ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ngo yabwiye bagenzi be ko ubwo yari mu rukundo n’umunyamideli uzwi cyane...
Ikipe ya Liverpool ifite ubwoba bw’uko ishobora gutakaza rutahizamu wayo Sadio Mane igenderaho ushobora kwerekeza muri Real Madrid mu mpera z’iyi shampiyona yasubukuwe nyuma ya Guma mu...
Ku wa kane, perezida mushya w’Uburundi yarahiriye mu murwa mukuru wa politiki Gitega (u Burundi rwagati). Byvuzwe ko yatsinze amatora yo muri Gicurasi, asimbuye Pierre Nkurunziza, wapfuye mu buryo...
Ikipe ya Chelsea yatangaje ko yasinyishije rutahizamu Timo Werner ku mugaragaro itanze akayabo ka miliyoni 53 z’amapawundi ndetse uyu musore yamaze gukora ikizamini...
Nyuma y’umwaka umwe ageze mu ikipe ya Rayon Sports,Rugwiro Herve yagizwe kapiteni mushya wa Rayon Sports asimbuye Rutanga Eric wagiye muri Police FC mu kwezi...
Ikinyamakuru Forbes cyatangaje ko kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus yaciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku isi mu mupira w’amaguru utunze akayabo ka miliyari y’amadolari...
Umutoza Javier Martinez Espinoza ukomoka muri Mexico biravugwa ko yareze Rayon Sports muri FIFA akayitsinda ndetse iyi kipe ikunzwe mu Rwanda itegekwa kumwishyura ibihumbi 8 by’amadolari ya...
Uwari kapiteni wa Rayon Sports,Rutanga Eric yahishuye ko impamvu yatumye ava muri Rayon Sports akerekeza muri Police FC ari uko yanze kumwishyura miliyoni 7 FRW yari imurimo kandi ibizi ko afite...
Rutahizamu wa Chelsea witwa Callum Hudson Odoi w’imyaka 19 yatawe muri yombi na polisi saa kumi z’ijoro ryo mu rukerera rwo ku cyumweru nyuma yo gushwana n’umunyamideli bahuriye ku mbuga...
Umuyobozi wa tekinike mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Hussein Habimana, amaze ukwezi ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku...
Umuyobozi wa Gasogi United akaba na nyirayo,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC,yatangaje ko akunda imikinire ya rutahizamu Micheal Sarpong uherutse kwirukanwa na Rayon Sports ndetse ngo yiteguye...
Uwahoze ari rutahizamu wa Rayon Sports,Micheal Sarpong yatunguwe n’abakunzi ba ruhago bo mu Rwanda bamusanze iwe bakamugenera ibyo kurya bitandukanye byo kumutunga muri iki gihe cya Coronavirus...