Ibihuha biganisha Zinedine Zidane mu ikipe ya Manchester United bikomeje kwiyongera nyuma y’aho muri iyi weekend ishize atangarije televiziyo yitwa TVE ko yizeye ko agiye kugaruka mu kazi ko...
Iki giti cyarandutse biturutse ku mvura yaguye mu Mujyi wa Kigali irimo umuyaga mwinshi cyane. Cyaguye ahagana ku isaha ya saa kumi n’igice z’umugoroba nk’ uko ababonye kiranduka babitangarije....
Urukiko rw’ Ikirenga rwagombaga kuburanisha ubujurire mu rubanza rwa Kizito Mihigo na Jean Paul Dukuzumuremyi kuri uyu wa 10 Nzeli 2018, rwanzuyeko ubujurire bwa Kizito Mihigo na Jean Paul...
Abagabo babiri bo mu mujyi wa Bristol, Mike na Tom, bafashwe amashusho bari kwingingira abagore b’abapangayi amazu yabo ku buntu kugira ngo bajye babasambanya igihe bashatse imibonano...
Umupadiri mu idini katolika muri Leta ya Massachusetts yo muri muri Leta zunze ubumwe za Amerika byemezwa n’ abaganga ko yapfuye akazuka avuga ko yagiye amahirwe yo kujya mu ijuru agahura n’ Imana...
Umuraperi Nicki Minaj uherutse gukozanyaho na Cardi B yagaragaye yambaye imyambarire itangaje ubwo yabwiraga abanyamakuru ko Cardi B uherutse gushaka kumukubita mu birori New York Fashion...
Umusifuzi w’umunya Namibia Jackson Pavaza wasifuye umukino Amavubi na Cote d’Ivoire yamaze gutanga ikirego muri CAF arega bamwe mu bayobozi ba FERWAFA kumuha ibahasha ya kaki akeka ko yarimo...
Ikipe ya Enyimba FC yaraye igeze mu Rwanda saa 21h00, ije gukina na Rayon Sports umukino ubanza wa 1/4 cya Total CAF Confederation Cup 2018,yatangaje ko itaje kujenjekera Rayon Sports ahubwo ije...
Umutoza w’Ubwongereza Gareth Southgate yahawe urw’amenyo ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru,kubera amagambo yavuze ko rutahizamu we Marcus Rashford wananiwe kubona umwanya muri Manchester...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2018, mu gihuru kiri mu kagari ka Kagasa mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, hatoraguwe umurambo w’ umugabo wari uzwi ku izina rya...
1.Mwereke ko umwitayeho
Igitsina gore gikunda kwitabwaho cyane niba koko mukundana uzirinde kumwereka ko utamwitayeho ahubwo umunsi ku wundi ujye umuba hafi. mu buzima uzaba umuremyemo icyizere...
Umutoza w’ikipe ya Mancehester City Pep Guardiola yatunguye benshi ubwo yavugaga ko yifuza kurangiriza ubutoza bwe mu ikipe y’abana ya FC Barcelona izwi ku izina rya La...
Umukobwa wiga ku ishuri ryitwa Junior High School yakubiswe n’umwarimu we amuziza ko yanze kwiga isomo rye mu gihe bari bagiye kwiga ibijyanye n’amateka.
Ikipe ya Real Madrid imaze iminsi itarekura amafaranga menshi ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi,igiye kurekura akayabo ka miliyoni 330 z’amapawundi mu mpeshyi y’umwaka utaha igura Neymar...