Polisi ya Zimabwe yataye muri yombi Umunyamakuru ukorera ikinyamakuru kigenga azira inkuru yanditse ku nkunga y’ imyambaro y’ imbere ya Grace Mugabe (Umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe)...
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 yatunguye muramu we ku isabukuru y’amavuko, amuha impano y’amadolari ya Leta zunze ubumwe z’Amerika 60,000 mu manyarwanda ararenga miliyoni 51...
Ishyaka Zanu-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe ryemeje ko perezida Robert Mugabe azongera kwiyamamaza mu matora yo muri 2018.
Perezida Mugabe w’imyaka 92, ari ku butegetsi kuva igihugu cyabona...
Pariki y’ ubukerarugendo igiye kubakwa i Nyandungu mu mujyi wa Kigali
U Rwanda na Zimbabwe byashyizwe ku rutonde rwiswe Condé Nast ranking nk’ahantu heza ho kuzatembera mu 2017, akaba ari byo...
Uyu mwaka wa 2016 ugiye gusiga hari zimwe mu ngamba umuntu yakwita ko zikakaye zishyizweho mu bihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane w’Afurika. Nubwo izo ngamba zitagiye zishyirirwaho rimwe, buri...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Impunzi zigera ku 10 z’Abanyarwanda zaturutse mu bihugu bitandukanye, kuri uyu wa Kabiri zageze mu Rwanda zigamije kureba uko igihugu kimeze, ngo zizasubire mu bihugu zibamo kubwira abandi uko...
Mu kiganiro cya mbere yagiranye n’itangazamakuru, Umutoza w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”, Torsten Frank Spittler, yavuze ko intego ze ari ugufasha u Rwanda gutsinda no gukina...
Umudage Wabaye Umuyobozi wa Tekinike muri Mozambique na Sierra Leonne,wakoze muri Bayern Munich witwa Torsten Frank Spittler, niwe wemejwe na FERWAFA nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza u Burusiya na Afurika, ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano ku bihugu bimwe na bimwe byo...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ yisanze mu Itsinda C ririmo Nigeria na Afurika y’Epfo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na...
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari "intangiriro...
Ku wa Mbere, tariki ya 30 Mutarama 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Ni inama y’abaminisitiri ya...
Umugabo ukomoka mu gace ka Zhombe, mu Ntara ya Midlands,muri Zimbabwe yahiye bikabije nyuma yo gutwikwa n’amavuta yo guteka yasutsweho n’umugore we amushinja kumuca inyuma.
Umuvugizi wa Polisi mu...
Urutonde rwakozwe na Banki y’Iyi rwashyize u Rwanda ku mwanya wa cyenda mu bihugu 10 bifite ibiciro by’ibiribwa byatumbagiye kurusha ahandi ku Isi.
Banki y’Isi yatangaje ko ibiciro by’ibiribwa...
Mukansanga Salima wakoze amateka yo kuba umugore wa mbere, usifuye imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bagabo,yageze mu Rwanda aho yakiriwe ku kibuga cy’indege n’umunyamabanga w’ishyirahamwe...
Umunyarwandakazi Salma Rhadia Mukansanga arasifura umukino wa mbere mu mateka y’igikombe cya Africa uba uyobowe n’abasifuzi b’abagore gusa uba uyu munsi kuwa kabiri.
Ni amateka mashya mu mikino...