Umugore witwa Tammy Moorer ukomoka muri Leta ya Carolina y’Amajyepfo muri USA, yafashe umugabo we witwa Sidney Moorer ari kumuca inyuma none yamubwiye ko kugira ngo biyunge ari uko yajya...
Imikino ya Olimpike ikinirwa ku rubura (2018 Winter Olympics) izabera muri Koreya y’Amajyepfo mu kwezi gutaha, itumye Koreya ya ruguru n’iya Amajyepfo bidacana uwaka bijya mu biganiro kubera...
Depite Hon. Ngabo Semahundo Amiel yatorewe kuba wa Perezida wa Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage yayoborwaga na Mme Mureshyankwano Marie Rose wagizwe guverineri w’ Intara y’ Amajyepfo.
Ni...
Ku nshuro ya mbere ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro mu ntara y’amajyepfo IPRC south ryantanze impamyabushobozi kubanyeshuri bagera kuri 1094, aho basabwe kuba indashyikirwa no kuba bankore...
Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi aherekejwe na Madamu we bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu kagali ka Cyarwa mu muganda rusange usoza ukwezi...
Hirya no hino mu Rwanda,abayobozi batandukanye bifatanyije n’ abahinzi mu bo mu Mirenge itandukanye mu gufumbira ibigori hifashishijwe ifumbire ya nkunganire yatanzwe na Leta ku...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura...
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu bice by’Amajyepfo bavuga ko kuva Guverinoma y’Abatabazi yahahungira tariki ya 11 Mata 1994, yahise itegura umugambi wo kwica Abatutsi muri ibi bice byari...
Umutwe w’itwaje intwaro wa CNRD/FLN urwanya Ubutegetsi bw’u Rwanda, biravgwa ko ugiye gufasha Leta ya Repulika ya Demokarasi ya Congo kurwanya M23.
Amakuru aturuka muri kivu y’Amajyepfo, avuga ko...
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo zo mu Rwanda ndetse n’uw’Intara ya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya gukora ubuvugizi kugira ngo hafungurwe ibyambu byahoze byambukiraho...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa kabiri tariki 20 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bashya 71 banduye icyorezo cya COVID-19, bituma abamaze kwandura mu Rwanda bose...
Mu ijoro rya Tariki ya 25 Mutarama kuva saa moya z’umugoroba kugeza saa sita z’ijoro Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye mu Murenge wa Huye yakoze igikorwa cyo kurwanya inzoga zitemewe zizwi...
Igisirikare cya DR Congo cyatangaje ko ku wa gatandatu ushize cyashyikirije u Rwanda inyeshyamba 71 ziheruka gufatwa mu rugamba rukomeje rwo kurwanya imitwe y’inyeshyamba muri icyo...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Abahinzi mu batuye mu kagali ka Kabona umurenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye,barasaba ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB kubishyura imyaka yabo ngo ihora yonwa n’inka z’iki kigo ziba...
Kuri uyu wa 26 kanama 2017 igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya misile bitatu.
Abategetsi muri Koreya y’Epfo batangaje ko ibi bisasu...
Ikipe ya REG BBC yongeye gushimangira ko iri ku isonga mu Rwanda nyuma yo gutsinda Patriots amanota 82 kuri 75 mu mukino ubanza ugize uruhererekane rw’imikino ya nyuma ya kamarampaka mu bagabo mu...
Mu mikino ibanza ya kamarampaka mu bari n’abategarugori yabaye Kuri uyu wa gatandatiu tariki ya 1 Nyakanga ikipe y’Ubumwe yasoje shampiyona iri ku mwanya wa kabiri yatunguwe na IPRC Kigali mu gihe...