Kuri uyu wa Gatandatu saa munani nibwo hategerejwe umukino ufatwa nk’uwa mbere ku isi uzahuza Real Madrid na FC Barcelona uzabera kuri stade ya Santiago Bernabeu ya Real Madrid.
Uyu mukino ugiye...
Umutoza Pep Guardiola w’ikipe ya Manchester City ari gukorwaho iperereza na polisi ya Espagne kubera kwivanga mu myigargambyo mu buryo butemewe asaba ubwigenge bw’intara ya Catalonia.
Uyu mutoza...
Binyuje mu ijwi ry’umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye Raila Odinga kudahirahira akomeza umugambi wo kurahirira kuyobora Kenya yirengagije ko Uhuru Kenyatta yatowe mu buryo...
Depite Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu nteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA), kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 2017 yatorewe kuyobora iyi nteko.
Yatowe...
Ikipe y’igihugu ya Espagne ishobora gukurwa mu bihugu bizakina igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha kubera kwivanga kwa Leta mu bikorwa bya ruhago. Ku munsi w’ejo...
Leta y’ u Burundi irimo gukusanya mu baturage ingengo y’ imari izakoreshwa mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri 2020.
Nk’ uko UMURYANGO ubikesha ibiro ntaramakuru by’ Abongereza...
Muri iyi minsi hari kuba CECAFA ihuza ibihugu iri kuba ku nshuro ya 39 aho ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutera intambwe iyisohora muri iri rushanwa yitabiriye mu rwego rwo kwitegura imikino ya...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane.
Uyu munya...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 nibwo umwe mu bayobozi b’abatavuga rumwe na leta muri Kenya, David Ndii, yatawe muri yombi.
Umwunganira mu mategeko yavuze ko yiteze ko aza gushinjwa...
Kuva kuri uno wa gatanu, iguhugu cya Zimbabwe kiyobowe na Perezida mushya nyuma y’imyaka 37 yari ishize Robert Mugabe yisangiza ubutegetsi.Perezida Mushya wa Zimbabwe yagiriwe icyizere cyo...
• Amavubi yimuwe mu mugi yagombaga gukiniramo CECAFA 2017
• Amavubi n’andi makipe bahuriye mu itsinda A bavuye mu mugi wa Kisumu berekeza mu witwa Machakos
• U Rwanda nirwo ruzafungura irushanwa...
• Barcelona FC yahawe gasopo na La Liga
• La Liga yabwiye FC Barcelona ko abafana bayo nibaramuka baririmbye indirimbo zo kwamagana Leta ya Espagne stade ya Camp Nou...
Abantu bagera kuri babiri basize ubuzima igihe igipolisi cyatanaga mu mitwe n’abashyigikiye utavuga rumwe na leta Raila Odinga ku murwa mukuru Nairobi.
Biravugwa kandi ko imdoka y’umupolisi umwe...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2017, akarere ka Rubavu ko mu ntara y’ iburengerazuba kabonenye umuyobozi mushya ariwe Habyarimana Gilbert.
Habyarimana Gilbert yasimbuye kuri uyu mwanya...
Abajyanama bahagarariye imirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wa Gatanu batoreye Kayitesi Alice kuba umuyobozi mushya w’aka karere kari kamaze amezi atanu kayoborwa...
Mu gihe ibintu bitarasobanuka neza mu gihugu cya Zimbabwe ngo hamenyekane niba Perezida Robert Mugabe asimburwa ku butegetsi cyangwa yemererwa kurangiza ye, hari umugabo ukekwaho ko yaba ariwe...
None ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Mu gihe hakomeje kwibazwa uzasimbura ku butegetsi Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, Emmerson Mnangagwa wari Visi Perezida w’ iki gihugu yirukanywe kuri uyu mwanya azira kubaza igihe Mugabe...
Kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ugushyingo 2018, mu nama mpuzamahanga ya ITU iteraniye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, U Rwanda rwatorewe indi manda y’imyaka ine mu kanama k’ibibugu biyobora...
Nubwo Ethiopia yari yasabye CAF kwimura umukino bari bafitanye n’u Rwanda kuri iki cyumweru,perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ethiopia yamaze kugarura abakinnyi bari bahamagawe mu...
Miss Uwase Hirwa Honorine (Igisabo) uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya miss Earth 2017 riri kubera mu gihugu cya Philippines yabuze amahirwe yo kuza mu bakobwa 15 baberwa n’amafoto cyane...
Robert Mueller, niwe uyoboye itohoza ku ruhare rw’Uburusiya
Ibinyamakuru byo muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika byatangaje ko hari ibirego byatanzwe ku ruhare rw’ u Burusiya mu matora y’ umukuru wa...
Nyirabera Marie Rose w’ imyaka 70 y’ amavuko avuga ko amaze imyaka myinshi yifuza guhura na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. Uyu mukecuru avuga ko byatumye ajya gusengera I Kibeho ngo Imana...
Ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukorera imyitozo ku kibuga yari yahawe na SKOL giherereye mu Nzove igakorera mu Rugunga ahazwi nko kuri Malaria nyuma...