Mu Karere ka Gakenke Mu gace kazwi nko muri Buranga mu Murenge wa Nemba habereye impanuka ya Fuso yagonganye na Coaster abantu babiri bahasiga ubuzima u 20 barimo babiri bakomereka...
Polisi y’u Rwanda, mu Karere ka Rwamagana, ku wa Gatanu taliki ya 7 Ukwakira, yafashe uwitwa Gashema Tumani w’imyaka 49 y’amavuko, ukurikiranyweho kugerageza guha Ruswa umupolisi ingana n’amafaranga...
Mu gihe ku munsi w’umuganda usoza ukwezi nta ngendo zari zemewe gukorwa mu masaha yawo, kuri iyi nshuro MINALOC yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu, abanyeshuri bemerewe kugenda ndetse ibinyabiziga...
Umurwa mu kuru Kinshasa muri Repuburika ya Demokarasi ya Kongo, haramukiye umurongo mu nini ku ma sitasiyo ya Lisansi yabaye iyanga kuburyo iri guhabwa umugabo igasiba...
Kuri uyu wa 21 Nyakanga 2022, Polisi y’Igihugu yashyize hanze impapuro zisaba sitasiyo za Polisi mu Gihugu hose n’ishami rishinzwe umutekano mu muhanda gushakisha no gufata ibinyabiziga 10...
Imihanda yo muri Kicukiro Centre irimo inyuranamo n’unyura mu kirere yatangiye kuba nyabagendwa.
Amafoto yatangajwe n’Akarere ka Kicukiro agaragaza abanyamaguru n’abagenda mu binyabiziga batangiye...
Ku wa Gatandatu taliki ya 05 Werurwe 2022, Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Rubavu ryafashe umushoferi witwa Habumugisha Jean Marie Vianney ahaye ruswa y’ibihumbi...
Mu gihe imirimo yo kubaka umuhanda Sonatubes-Gahanga-Akagera irimbanyije, Umujyi wa Kigali werekanye uko mu masangano y’imihanda ahazwi nka Kicukiro Centre hazubakwa.
Nk’uko igishushanyo mbonera...
Abagabo babiri bafashwe na Polisi bacyekwaho kwiba ibyapa byo ku muhanda. Bafashwe ku wa Kane tariki ya 18 Ugushyingo, bafatiwe mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Rugera, Akagari ka Gakoro,...
Imodoka yo mu bwoko bwa RAV 4 yihutaga yagonze abanyeshuri 14 biga mu ishuri ry’Ababikira rya Centre Scolaire Elena Guela riherereye mu Mujyi wa Huye, umwe yitaba Imana abandi barakomereka...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Mutarama Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Kamembe yafashe Mukeshimana Mathew w’imyaka 47 akurikiranweho kwambura abaturage amafaranga avuga ko ari...
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Rubavu kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Nyakanga yafatiye mu cyuho uwitwa Ndayambaje Janvier w’imyaka 30 arimo kwakira ruswa ingana n’amafaranga...
Umugabo witwa Viateur Rukundo utuye mu mudugudu w’Akamuhoza, Akagari ka Cyimana, Umurenge wa Tumba,mu karere ka Huye yahembwe n’ubuyobozi ndetse n’abaturanyi be kubakirwa inzu nziza nyuma yo gukora...
Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo, yatangaje ko abakozi ba leta n’ab’ibigo byigenga bagiye kujya bakatwa 0.5 by’umushahara wabo, aya mafaranga akajyanwa mu kigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB...
Ku wa kane tariki 16 Ugushyingo uyu mwaka Polisi y’u Rwanda yaburijemo ibikorwa by’ubwambuzi bushukana bw’amafaranga byakozwe n’abantu babiri biyitaga Abakozi b’Inzego za Leta.
Abakurikiranyweho ibi...