Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude
Ubuyobozi bw’ intara y’ Amajyaruguru butangaza ko bwahize umuhigo wo kuzitabira amatora ku kigero cy’ 100%; bukavuga ko bugifite icyizere...
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza na Perezida w’ urwego rwo mu gihugu cya Maroc rugereranwa na Sena bashyize umukono ku masezerano yagutse y’...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2017 yakiriye itsinda ry’ Abanyeshuri biga ibijyanye n’ ubushabitsi muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bari mu Rwanda mu...
Agnes Mutoni abaye Umunyarwandakazi wa mbere wambaye umwambaro w’Ingabo za Amerika zirwanira mu kirere (US Air Force Academy).
Amakuru dukesha ku rubuga rwa twitter rwa Richard Kwizera,...
Ku nshuro ya mbere, igihugu cya Misiri kigiye kwifashisha inzira Yesu, Yozefu na Mariya baciyemo bava i Bethelehemu bahungiye mu Misiri mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo, aho hatangijwe...
Igishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri uyu...
Abantu 6 barimo abagore batatu bafunzwe na Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba nyuma yo gufatanwa urumogi mu turere twa Rubavu, Rusizi, Rutsiro na Nyamasheke. Bafashwe mu bihe bitandukanye...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame asanga bidakwiye ko umugabane w’ u Burayi n’ uwa Afurika birebana nk’ ibitezanya ibibazo kubera ikibazo cy’ abimukira.
Ibi yabitangarije I Bruxelles mu gihugu cy’ u...
Kuri uyu wa 08 Kamena, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagezaga umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya 2017-2018, yatangaje ko hari ingamba u Rwanda ruhuriyeho n’Ibihugu bihuriye mu...
Ese waba ukoresha telefoni? Uyikoresha ku ruhe rugero? Uramenye utazashiduka wisanga mu bibazo by’imbaturamugabo, nyuma yo kutamenya byinshi ku ngaruka mbi zishobora kukubaho nyuma yo kwibera...
Kuwa Gatatu w’iki cyumweru, abantu 3 bo mu gace ka Juka gaherereye mu karere ka Amuru muri Uganda basize ubuzima mu mirwano itoroshye y’abapfaga amasambu, mu gihe abandi bagera kuri 21 bakomeretse...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kamena 2017, mu ngoro yayo hazabera umuhango wo gusezera mu cyubahiro Depite Muakayisenga Francoise.
Depite...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, François Habitegeko, yabwiye abaturage ko bakwiye kwishimira ibyiza igihugu cyagezeho kandi bakaba aba mbere mu kubisigasira, kuko atari ko byahoze, abibutsa ko...
Ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe hashyizwe icyapa kivuga ko guhera mu tariki ya Mbere Nyakanga uyu mwaka guparika imodoka isaha imwe ya mbere ari ari ibihumbi 3, andi masha...
Mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali mu mudugudu w’Ayabakora, umugabo yagumye iruhande rw’inzu ye kugeza bucyeye.Ni nyuma y’uko umugore we amuciye inyuma akazana undi mugabo mu rugo ufite imyaka...
Umukinnyi Niyonshuti Adrien ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data ikina ku rwego mpuzamahanga yatangaje ko yiteguye gutwara shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku...
Abana b’ imfubyi barererwaga mu kigo cy’ imfubyi cya CENA mu Rusayo mu Murenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi, bamwe bimuriwe I Kigali abandi bimurirwa mu karere ka Nyamagabe.
Iki cyemezo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye abaturage bafite ibikorwa mu bishanga atariho byagenewe kuba ko babihakura vuba mu rwego rwo kurushaho kubungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima.
Ubu butumwa...
Urubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo...