Umuvugizi w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi,Jean-Claude Karerwa,yavuze ko Perezida Petero Nkurunziza atazigera yisubiraho ngo yiyamamaze mu matora ateganyijwe mu mwaka wa 2020, nubwo hari...
Umuvugizi wa perezida Petero Nkurunziza witwa Ndenzako Karerwa Jean Claude yatangaje ko imbonerakure zifite uburenganzira bwo kwigaragambya mu mahoro zisaba ko perezida Petero Nkurunziza...
Jair Bolsonaro , ubu niwe Perezida mushya w’ igihugu cya Brazil nyuma yo gutsinda amatora ya Perezida na 55.54% mu gihe uwo bari bahanganye bagize 44.46%.
Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda, aravuga ko kuba abanyarwanda bishimiye ari intsinzi ikomeye kuri we, ngo no muri 2024 yiteguye kongera kwiyamamaza naramuka adatsinze amatora yo...
Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos umaze imyaka 37 ku butegetsi, ari nawe wa kabiri mu bakuru b’ ibihugu batinze ku butegetsi muri Afurika yatangaje ko atazongera kwiyamamaza mu matora...
Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023 nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo...
Kuri iki cyumweru, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, yatangiye kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu,kuri sitade Martyrs yari yuzuye abantu mu murwa mukuru...
Perezida Paul Kagame yahishuye ko mu 2016, hari abanyamahanga b’ibyamamare baje mu Rwanda, bakamusezeranya ko azahabwa akazi mpuzamahanga naramuka atongeye kwiyamamaza mu 2017.
Umukuru w’Igihugu...
Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...
Perezida Museveni uri kwiyamamariza kuyobora Uganda ku nshuro ya gatandatu yashimiye abaturage bo mu gace ka Arua bamwakiranye urugwiro ubwo yari agiye kwiyamamariza iwabo bakanamukuburira...
Abantu bataramenyekana mu ijoro ryacyeye bateye igisasu cyo mu bwoko bwa ’grenade’ mu kabari (ikirabo) kari ri zone ya Kamenge mujyi wa Bujumbura, kugeza ubu ntiharamenyekana neza umubare w’abo...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, bazatanga kandidatire hagati ya tariki ya 5 kugeza tariki ya 14 Kamena 2017....
Mike Pence wahoze yungirije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yeruriye Donald Trump mu buryo butigeze bubaho, amubwira akari murori ubwo yatangiraga kwiyamamariza amatora ya...
Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Miss Mutesi Jolly yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza amwenyura, ahagurutsa amarangamutima ya benshi bamubwira ko akwiye gusubira mu irushanwa nya...
Umudepite mu nteko ishingamategeko ya Ghana yishwe arashwe mu ijoro ryacyeye kuri uyu wa gatanu ubwo yari asubiye iwe mu rugo avuye kwiyamamaza.
Ekow Quansah Hayford, wari uhagarariye akarere...
Ishyaka rya Perezida Yoweri Museveni wa Uganda uyu munsi ku wa kabiri ryemeje ko yamaze kwegeranya imikono isabwa ngo arihagararire mu matora y’umukuru...
Muri Uganda hategerejwe amatora mu nzego zitandukanye azaba mu mwaka wa 2021, hagati aho hifuzwaga ko mu bakandida bahatanira umwanya wo kuba umukuru w’iki gihugu ntawe ugomba kuba arengereje...
Mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 Mwiseneza uri mubakobwa bahatanira ikamba ry’uyu mwaka yatangiye kwanikira abakobwa bahataniye iri kamba mu matora yo ku mbuga nkoranyambaga FaceBook, Instagram...