Stanley Kakubo wari minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Zambia yeguye kuri uwo mwanya nyuma y’uko bivuzwe ko yafashwe amashusho arimo kwakira umurundo wa cash azihabwa n’umucuruzi...
Rukundo Patrick wari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yeguye kuri uwo mwanya,nyuma yo kwitabira umukino wa APR FC na Pyramids FC yambaye umwambaro w’iyi Kipe y’Ingabo...
Uwari Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports, Abraham Kelly wari umaze amezi 5 gusa atorewe uwo mwanya yeguye ku mirimo ye bituma aba umuyobozi wa 2 ufashe uwo mwanzuro nyuma y’uwari umuvugizi wa...
Amakuru akomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko Visi perezida wa mbere wa Rayon Sports Thadee Twagirayezu yaba yeguye ku nshingano ze kubera impamvu zitandukanye...
Robert Jenrick yeguye ku mwanya wa minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, kuko atemeranya n’umushinga mushya w’itegeko ku Rwanda wa guverinoma...
Kabanda Innocent wari Umunyamabanga Mukuru wa Etincelles FC yeguye nyuma y’uko iyi kipe yo mu Karere ka Rubavu itewe mpaga na Musanze FC ku mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona yari yakiriye...
Anthony Rota wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko muri Canada yeguye kuri uyu mwanya, nyuma y’uko yumvikanye arata ibigwi umwe mu bagabo wakoranye n’ishyaka ry’aba- Nazi rya Adolf Hitler wayoboye...
Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Andrew Rucyahana Mpuhwe, yeguye ku mirimo ye nyuma y’iminsi mike yitabiriye umuhango wo kwimika umutware w’abo mu bwoko...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Buyapani, yataganje ko yeguye kubera igikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabaye muri iki Gihugu, aho uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, yarashwe akicwa mu kwezi...
Umunyamakuru Bagirishya Jean De Dieu uzwi ku izina rya Jado Castar yatangaje ko yeguye ku mirimo ye muri FRVB aho yari visi Perezida wa kabiri mu ishyirahamwe rya Valleyball hano mu...
Rtd Brg gen. Sekamana Jean Damascène wari umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko yeguye kuri iyi mirimo ku mpamvu ze bwite habura amezi 8 ngo asoze manda ye ya...
Umukozi w’akagari ka Kibungo mu murenge wa Ntarama y’akarere ka Bugesera, ushinzwe iterambere n’imibereho y’abaturage,witwa NIYONAGIRA Jean Paul yeguye ku mirimo ye nyuma yo gushinjwa n’abaturage...
Guverinoma y’Uburusiya yeguye nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin asabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga zishobora kumwongerera igihe ku butegetsi.
Kim Darroch uhagarariye Ubwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,Perezida Donald Trump aherutse ku mwita igicucu kibi none yeguye ku mirimo ye yari ashinjwe muri iki...
Nyuma y’amezi 6 atowe mu badepite bari kuri rutonde rw’abakandida b’ishyaka FPR Inkotanyi, Amb. Kanyamashuli Kabeya Janvier kuri uyu wa kabili taliki 12/3/2019 yeguye ku mwanya yari ariho...
Umukuru w’ubutasi bwa gisirikare bwa Israel yeguye, avuga ko yirengera (ari we wabazwa) ibyo iki gihugu cyananiwe mbere y’igitero cya Hamas muri Israel cyo ku itariki ya 7 Ukwakira (10) mu...
Kuri uyu wa mbere,tariki ya 05 Gashyantare, Samuel Eto’o yeguye ku kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Kameruni ariko Komite Nyobozi irabyanga.