skol

Ad Restricted

Abakozi bagiye kujya bakatwa 0.5% by’umushahara wabo

Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo, yatangaje ko abakozi ba leta n’ab’ibigo byigenga bagiye (…)

Imvura y’Itumba iteganyijwe mu Rwanda izaba iri hejuru y’isanzwe igwa mu turere dutandukanye

Ikigo k’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kinejejwe no gutangariza (…)

Kujya i Macca byasubitswe kubera Caronavirus

Arabia Saudite yatangaje ko yahagaritse ingendo ntagatifu zakorwaga n’Abisilamu baturutse hirya (…)

Grace yavuze uburyo umugabo umesa ikariso y’umugore ari ikivume

Grace Omaboe, wahoze ari umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi yavuze ko umugabo umesa ikariso (…)

John w’imyaka 23 bamukatiye azira kwimya inka

Muri Kenya urukiko rwo mu mujyi wa Kapenguria ruherereye mu gace ka Pikot y’Uburengerazuba (…)

Umusore yabengewe n’umukobwa mu ruhame nawe ahita amwihimuraho

Kuri iki cyumweru.tariki ya 23/02/2020, mu gihugu cya Angola umusore yari yasohokanye n’umukobwa (…)

Harmonize yakubiswe n’umufana we akizwa n’abashinzwe kumurinda

Umuhanzi Harmonize, ubwo yari yagiye gutaramira abakunzi be mu Mujyi wa Mbeya, yakubiswe ingumi (…)

Umuherwe Bill Gates yatanze akayabo k’amafaranga nk’inkunga yo gukumira inzige zishobora guteza inzara idasanzwe

Umuryango Fondation Bill et Melinda Gates washinzwe n’umuherweBill Gates, watanze miliyoni 10 (…)

Reba ibiciro ku muntu ushaka kureba ikipe y’u Rwanda ’AMAVUBI’ icakirana n’iya Congo

Kuri uyu wa gatanu tariki 28 Gashyantare 2020 ikipe y’igihugu amavubi izakina umukino wa gicuti (…)

Umusaza waruherutse gutangazwa ko ariwe ukuze kurusha abandi ku isi Yapfuye

Chitetsu Watanabe, umusaza w’imyaka 112 y’amavuko wari uherutse gutangazwa ko ariwe ukuze (…)

Zimwe mu mpuzi zazanywe mu Rwanda zivuye muri Libya zatangiye kujyanwa mu bindi bihugu

Impunzi 33 zari zarazanwe mu Rwanda zivuye muri Libya, zikaba zari zimaze igihe ziri mu nkambi (…)

Abantu bagura ibibanza bikamara imyaka irenga 3 batarabyubakamo akabo kashobotse

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko igiye gufata mu buryo bukomeye ikibazo cy’abantu bagura (…)

Umuraperi nyarwanda Glory Majesty yakomoje ku rupfu rwa Mama we no ku buzima bukakaye yakuriyemo

Umuraperi nyarwanda uzwi nka Glory Majesty yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye yise ’ISI (…)