skol

Ad Restricted

Musanze:Umusaza yakubise umuhungu we ifuni mu mutwe ari kwitabara

Umusaza yakubise umuhungu we ifuni mu mutwe abaturanyi bavuga ko uyu mubyeyi yabikoze yitabara (…)

Abanya-Burayi bagiriye ishyari Afurika bari kwibaza impamvu icyorezo cya Coronovirus kitarahagera

Muri iyi minsi abatuye isi baryamiye amajanja bakora ibishoboka byose ngo birinde icyorezo cya (…)

Pasiteri Temidayo yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 13

Polisi yo mu mujyi wa Lagos muri Nigeria yataye muri yombi pasiteri Temidayo Afolabi w’imyaka 36 (…)

Ibyo Google Translation mu Kinyarwanda ikomeje kwereka abantu biri kubasetsa cyane[AMAFOTO]

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Google kimaze iminsi aribwo cyemeje ko indimi eshanu zirimo (…)

Lady Gaga yahishuye uburyo yamaranye na Yesu iminsi 7 akomoza no ku matabi 40 yagiye anywa ku munsi umwe gusa

Umuhanzikazi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, Lady Gaga, yatangaje ko yabonye Yezu/Yesu (…)

Umurwayi wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus muri Koreya ya Ruguru yishwe bunyamaswa n’ubutegetsi

Umwe mu barwayi ba mbere ba Coronavirus muri Koreya ya Ruguru yishwe bunyamaswa araswa (…)

Polisi yarashe umujura wiswe ikigoryi nyuma yo gufatwa avuye kwiba Televiziyo kuri Polisi

Polisi ya Kenya yarashe umujura arapfa wiswe ikigoryi, nyuma yo gusimbuka uruzitiro yikoreye (…)

Miss Umwiza Phionah yahishuye amagambo yabwiwe n’ababyeyi be nyuma yo kuba igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2020[AMAFOTO]

Miss Umwiza Phionah wabaye igisonga cya Mbere cya Nympinga w’u Rwanda 2020, yavuze ko ashimira (…)

Huye:Abasore 2 biga muri Kaminuza batawe muri yombi bazira ubusambanyi

Abasore babiri biga mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro riri mu karere ka Huye, IPRC-Huye (…)

Hagaragajwe urutonde rw’ibihugu byo muri Afurika bishobora gushegeshwa bikomeye n’icyorezo cya Coronavirus

Indwara z’ibyorezo ziterwa na virusi kandi zikwirakwira byihuse zigenda ziyongera umunsi ku (…)

Congo:Gen. Kahimbi wari ukuriye iperereza rya gisirikare yasanzwe mu gitondo yapfuye

Général Delphin Kahimbi wari ukuriye iperereza rya gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya (…)

Igitutu kuri Joseph Kabila kimubuza kwivanga mu butegetsi bwa Tshisekedi

Mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yasuwe n’intumwa (…)