skol

Amakuru

Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi bwagaragaje intambwe ikomeye bumaze gutera mu kwesa imihigo

Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buratangaza ko bwishimiye uko buhagaze muri gahunda yo kwesa (…)

Nyanza: Umugabo yakubiswe ibuye ahita apfa nyuma yo gushaka gusambanya umugore wa mukuru we

Umugabo witwa Habyarimana Evariste w’imyaka 44 y’amavuko, yahuriye n’uruva gusenya mu rugo rwa (…)

Umugangakazi yaciye ururimi rw’umugabo washakaga kumufata ku ngufu yigize umurwayi [AMAFOTO]

Umugangakazi w’imyaka 24ukomoka muri Afurika y’Epfo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera (…)

Kamonyi:Imodoka yagonze moto abantu babiri bahasiga ubuzima

Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yavaga i Muhanga yerekeza I Kigali kuwa 07 Kamena 2019, yaraye (…)

PAN Africa Movement/Rwanda yasabye urubyiruko kwitegura guhatana ku isoko rusange ry’Africa

Umuryango wa Pan-African Movement mu Rwanda uharanira iterambere ry’abakomoka muri Afurika, (…)

Nyagatare: Inkuba idasanzwe yakubise inka 7 zirapfa

Mu murenge wa Nyagatare, Akagari ka Rutaraka, inkuba yakubise inka zirindwi z’uwitwa James (…)

Kicukiro: Abaturage bafashije Police gufata umuyobozi wahoraga abasaba ruswa

Polisi yataye muri yombi umugabo w’imyaka 30 wari usanzwe ashinzwe ubuzima n’isuku mu murenge wa (…)

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na bagenzi be Tshisekedi na Lourenço byafatiwemo imyanzuro ikomeye

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 31 Gicurasi 2019, Perezida Kagame, Perezida Manuel Gonçalves (…)

Ingabire ukuriye Transparency International Rwanda yababajwe n’izamuka rya Pasiporo ku bafite amikoro make

Umuyobozi wa Transparency International/Rwanda, Ingabire Marie Immaculée,yababajwe cyane no kuba (…)

Ibiciro bya pasiporo byongerewe ku baturage basanzwe ntibyahinduka ku banyacyubahiro

Iteka rya Minisitiri ryo kuwa 30 Gicurasi 2019 ryerekeye abinjira n’abasohoka,ryatangaje (…)

Umurambo wa Etienne Tshisekedi wamaze kugezwa muri RDC

Umurambo wa Etienne Tshisekedi,wabaye Minisitiri w’intebe wa RDC ndetse akaba ari se wa Perezida (…)

Umwana w’Umudipolomate w’u Rwanda mu Burusiya yahanutse kuri etaje ya 21 arapfa

Umuhungu w’umunyamabanga wa mbere wa ambasade y’u Rwanda mu Burusiya kuri uyu wa gatatu (…)

Abahindekazi bafitiye umujinya Miss India yorohereza cyane abakobwa b’abazungu

Irushanwa rya Miss India rikomeje gutuma abakobwa b’Abirabura mu gihugu cy’Ubuhinde baryanga (…)

Obasanjo wahoze ayobora Nigeria yarokotse impanuka y’indege ya kompanyi Ethiopian airlines we n’abantu 393

Uwahoze ari perezida wa Nigeria, Olusegun Obasanjo we n’abandi bagenzi 393 barokotse impanuka (…)