skol
fortebet

Amakuru

Abasirikare 54 biciwe mu gitero cyagabwe n’intagondwa muri Bénin

Leta ya Bénin yatangaje ko abantu bikekwa ko ari intagondwa zigendera ku matwara akaze y’idini ya (...)

U Rwanda na KOICA byatangije umushinga wa miliyari 9,3 Frw uzafasha urubyiruko kubona akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yasinyanye amasezerano ya miliyoni 6,5$ (arenga miliyari (...)

Perezida Macron yifuza kugira uruhare mu biganiro byo kunga u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yifuza ko igihugu cye cyagira uruhare mu (...)

Ishyaka PPRD rya Kabila ryambuwe ikibanza cyubatsemo icyicaro cyaryo

Minisiteri y’Ubutabera ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko urukiko rwambuye (...)

Yaguze imodoka y’inzozi ze, ishya atayimaranye n’isaha

Mu Buyapani, umugabo witwa Honkon, ubu aribona nk’umunyabyago urusha abandi, kuko yibwira ko (...)

Kimwe kigurishwa Amadolari 233: Muri Kenya hadutse ubushimusi bw’ibimonyo

Polisi ya Kenya iherutse gukora umukwabu mu nyubako yakira ba mukerarugendo ya Jane Guesthouse (...)

Minisitiri Nduhungirehe yashimye intambwe RDC na AFC/M23 byateye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimye (...)

U Rwanda mu nzira yo gutangiza ingendo z’indege zijya muri Pakistan

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko u Rwanda na (...)

RDC mu biganiro byo kugura izindi ‘drones’ zo kwivuna M23

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje ibiganiro n’ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe (...)

Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva

Umuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe (...)

Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude (...)

RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, (...)

Umubiri wa Papa Francis wagejejwe muri Bazirika ya St Peter ngo asezerweho bwa nyuma - AMAFOTO

Nk’uko byari byatangajwe n’ibiro bya Vatican, umubiri wa Papa Francis wamaze kugezwa muri (...)

U Rwanda rwatashye ku mugaragaro Ambasade yarwo muri Pakistan

Leta y’u Rwanda yatashye ku mugaragaro Ambasade yarwo muri Pakistan iherereye mu Mujyi wa (...)

Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla

Umunyemari Elon Musk yatangaje ko ari gutegura uburyo yagabanya inshingano yari afite mu rwego (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1890