skol

Amakuru

Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatolika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri

Kiliziya Gatulika mu Rwanda yatangaje inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona (…)

Ibivugwa nyuma yuko hasakaye ifoto y’Umusirikare wa Israel amenagura ishusho ya Yezu akoresheje kinubi

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangiye gukora iperereza ku musirikare wacyo wagaragaye mu ifoto (…)

Kenya: Ruto yavuze ku biciro bya lisansi byatumbagiye ugereranyije n’ibihugu baturanye

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasobanuye impamvu ibiciro bya lisansi muri iki gihugu bisa (…)

Ku wa 20 Mata 1994: Umunsi Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe

Tariki ya 20 Mata 2026 leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi (…)

Ingabo za RDC zasutse ibisasu ahagenzurwa na M23 na Twirwaneho

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gusuka ibisasu mu bice bigenzurwa (…)

Amerika: Umugabo yishe arashe abana umunani barimo barindwi be

Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko witwa Shamar Elkins yishe arashe abana umunani, barindwi muri bo (…)

Ibikomoka kuri peteroli bizahenda ariko ntabwo bizabura – MINICOM

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Marie Kajangwe yahumurije (…)

Tanzania: Abagabo batatu bakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rw’Ubujurire ruherereye i Mbeya muri Tanzania rwemeje igihano cy’urupfu cyari cyahawe (…)

Leta ya RDC yemereye abahuza kutazongera kwica abasivile n’amatungo yabo

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemereye abahuza hagati yayo n’Ihuriro rya AFC/M23 ko (…)

Ndayishimiye yahamije ko inkongi yafashe ububiko bw’ibisasu i Bujumbura itatewe n’amashanyarazi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko inkongi yafashe ububiko bw’intwaro bwo (…)

Burundi: Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho ashobora kuba yarishwe biri kwiyongera

Mu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri (…)

Madagascar: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kwica Perezida

Ku wa 17 Mata 2026, inzego z’umutekano za Madagascar zataye muri yombi Colonel Patrick (…)

2025: Habaye gatanya 4,479, Kigali iza ku isonga na 1,119

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko umwaka ushize wa 2025, muri raporo (…)

U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen

Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside (…)

Amb Maj. Gen. Nzabamwita yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Serbia

Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Serbia, (…)