skol

Amakuru

AFC/M23 yanenze amahanga yinumiye mu gihe Leta ya RDC yakajije ibitero

Ubuyobozi bw’ihuriro AFC/M23 bwagaragaje ko bubabajwe n’uburyo umuryango mpuzamahanga ukomeza (…)

Ababyeyi banjye banyigishije kwanga igihugu n’Abatutsi - Ubuhamya bwa Nubuhoro

Nubuhoro umaze imyaka iigera kuri 20 mu Bubiligi yagaragaje agahinda yakuranye aho ababyeyi be (…)

Uganda: Umukobwa wa Perezida Ruto yasuye Gen. Muhoozi

Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida wa Kenya, William Ruto, yasuye Umugaba Mukuru w’Ingabo za (…)

U Rwanda ntirwumva uburyo Gen Ekenge akidegembya nyuma y’imvugo zibiba urwango

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yahamije ko (…)

Sudani: Loni yafatiye ibihano abayobozi ba RSF barimo murumuna wa Gen. Dagalo

Ku wa 24 Gashyantare, komite ishinzwe ibihano y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe (…)

Brazil: Imvura yateje inkangu yahitanye 25, abandi 45 baburirwa irengero

Abasaga 25 bamaze gutangazwa ko bishwe n’inkangu abandi 43 baburirwa irengero muri Leta ya Minas (…)

Imirambo yose yinjizwa muri Tanzania yatangiye gusakwa

Ikigo gishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Tanzania, cyatangaje ko imirambo y’abantu ikurwa mu (…)

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 22 batashye bavuye muri RDC

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 22 barimo abari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye muri (…)

Habonetse injangwe ifite amatwi ane

Inzu yita ku njangwe zidafite aho kuba muri Leta ya Alabama iri kwitegura gushakira aho kuba (…)

Hatangajwe amakuru ku Banyafurika y’Epfo bisanze mu ntambara y’u Burusiya nyuma yo kwizezwa ibitangaza

Abantu 11 mu itsinda rya 17 bo muri Afurika y’Epfo bisanze barwanira u Burusiya mu ntambara yo (…)

Ubutumwa bwa mbere bw’umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 buca amarenga y’urupfu rwa Willy Ngoma

Mu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy (…)

Nyamasheke: Inzu yafashwe n’inkongi y’umuriro hakekwa amashanyarazi

Inzu y’umuryango w’abantu 5 ya Abizeye Pascaline w’imyaka 40, iri mu Mudugudu w’imiturire (…)

Uhagarariye u Rwanda muri America yitabiriye umuhango Trump yavugiyemo ijambo rizwi nka ‘Union Address’

Uhagarariye u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za America, Mathilde Mukantabana yitabiriye umuhango (…)

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo (…)

Muhanga: Hagiye gusiburwa inzira z’amazi yangizaga imyaka y’abaturage

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga bwahumurije abaturage batuye mu Midugudu (…)