skol

Amakuru

Iran yateye utwatsi nyiranterangwa ya Perezida Trump

Ku wa 05 Mata 2026 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Jr Trump yanditse ubutumwa (…)

Gatsibo: Umupadiri yatawe muri yombi azira gusomera misa ahatemewe

Umupadiri wa Kiliziya Gatolika muri Paruwasi ya Kiziguro yo mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri (…)

Minisitiri Bizimana yasabye gukosora imvugo “indangamirwa” ikoreshwa ku bakora uburaya

Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, (…)

U Rwanda mu nzira yo kubika umurage ndangamateka mu ikoranabuhanga rya 3D

Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage zo mu Rwanda bwatangaje ko buri mu rugendo rwo gushyira (…)

Ruhango: Arenga miliyoni 900 Frw yashowe mu gutunganya imyanda

Akarere ka Ruhango kashoye miliyoni 980 Frw mu mushinga wo gukusanya imyanda no kuyitunganya, (…)

Ingabo za Amerika zarokoye umusirikare wari mu ndege yarasiwe mu kirere cya Iran

Perezida Donald Trump yatangaje ko igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyarokoye (…)

Kenya: Hateganyijwe icyorezo gishya gishobora guterwa n’imvura nyinshi ikomeje kuhagwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe muri Kenya, KMD, cyatangaje ko iki gihugu gishobora (…)

Rubavu: Abaturage bafashe babiri biyise abapolisi baje kubambura

Habumugisha Dieudonnée w’imyaka 27 na Nsabiyaremye Berson w’imyaka 37 bacakiwe n’abaturage ubwo (…)

Kenya: Abacuruza lisansi bashinjwe kurenza igiciro cyashyizweho na leta

Sitasiyo za lisansi muri Kenya zikomeje gushinjwa kugurisha lisansi na mazutu ku giciro kirenze (…)

E-Cigarette ishobora gutera kanseri y’ibihaha n’ifata mu kanwa

Ubushakashatsi bwakozwe n’abo muri Kaminuza ya New South Wales bwagaragaje ko itabi rikozwe mu (…)

Tibor Nagy yanenze abibasira u Rwanda bakirengagiza RDC mu kibazo cya FDLR

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na (…)

Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze (…)

Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, (…)

Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize

Ku wa Gatanu Mutagatifu, Papa Leo XIV w’imyaka 70 yagaruye umuco wa kera, ayobora abantu bagera (…)

Elon Musk yashinje Afurika y’Epfo irondaruhu

Umushoramari wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Elon Musk, yatangaje ko Afurika y’Epfo ifite (…)