skol

Amakuru

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

Iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, (…)

Starcloud yabonye miliyoni 170$ yo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure

Ikigo gishya gikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ryo mu isanzure cyo muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

Imodoka yari itwaye Minisitiri w’Ubutaka muri Uganda, Judith Nabakooba; yakoze impanuka ikomeye (…)

Papa Léo XIV yasabye Trump kurangiza intambara yo muri Iran mbere ya Pasika

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léo XIV, yasabye Perezida wa Leta Zunze (…)

Umunyamakuru DC Clement arafunzwe nyuma yo gusenyerwa inzu

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, umunyamakuru wamenyekanye cyane ku mbuga (…)

Masisi: Haramukiye imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo

Imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata, mu mujyi wa Shoa, (…)

Abajura bibye ibishushanyo byo mu Butaliyani bya miliyoni 10$

Abajura bane bibye ibishushanyo bitatu bihenze mu nzu y’ubugeni ya Magnani Rocca Foundation (…)

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ikigo Security Company Against Robbery (SCAR) Ltd gitanga (…)

Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze umunsi w’ikiruhuko rusange, (…)

Liban: Ambasade ya Ukraine yashinjwe gucumbikira intasi ya Israel

Ubutegetsi bwa Liban bwasabye Ambasade ya Ukraine i Beirut kubushyikiriza ukekwaho kuba intasi (…)

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bw’ikigo cya Musaga i Bujumbura, bwahuye n’iturika (…)

Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yibukije (…)

Mana rinda u Burundi- Ndayishimiye nyuma yo guhisha ububiko bw’intwaro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye Imana kubana n’u Burundi, nyuma y’uko iki (…)

Trump yatangaje ko intambara ya Iran izarangira mu byumweru bitatu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko bateganya guhagarika intambara ya Iran nko (…)

Trump yihenuye ku bihugu byanze kumufasha Iran biri kugorwa n’itumbagira ry’ibiciro bya lisansi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yihenuye ku ibihugu byanze kumufasha (…)