skol

Amakuru

Nyagatare: Abagabo bakubitwa n’abagore bagaterwa ipfunwe no kurega

Bamwe mu bagabo bo Murenge wa Musheri mu karere ka Nyagatare, bavuga bahohoterwa bagaterwa (…)

Inkangu yahitanye abamotari babiri b’i Karongi

Imvura nyinshi yaguye mu Karere ka Karongi yateje inkangu ifunga umuhanda, igwira abamotari (…)

‘Signature’ ya Trump igiye gushyirwa ku Madolari

Umukono (signature) wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ugiye gushyirwa (…)

Abanyazimbabwe 15 bishwe barwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine

Zimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu (…)

Igisirikare cy’u Rwanda n’icya Tanzaniya byumvikanye ku ngamba zigamije kongera ubufatanye

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) kuri uyu wa 26 Werurwe 2026, basoje inama ya 15 (…)

. Afurika y’Epfo yahakanye ko yasabye abaturage gukorera mu ngo kubera ibura rya lisansi

Ibihugu bitandukanye byo muri Afurika bikomeje guhura n’ingaruka z’ibikomoka kuri peteroli (…)

Imfu z’ababyeyi babyara zagabanutseho 61/100,000 – Dr. Nsengiyumva

Imfu z’ababyeyi bapfaga mu gihe cyo kubyara zagabanutseho 61/ 100,000, bitewe n’imbaraga (…)

Amajyaruguru: Hangijwe litiro zirenga ibihumbi 157 z’inzoga zutujuje ubuziranenge

Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ifatanyije n’inzego z’ibanze zo mu Ntara y’Amajyepfo yangije (…)

Maduro agiye gutangira kuburanishwa muri Amerika

Nicolas Maduro wahoze ayobora Venezuela wakuwe ku butegetsi ndetse agafatwa na Leta Zunze Ubumwe (…)

I Kinshasa lisansi irabona umugabo igasiba undi

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu Murwa Mukuru, Kinshasa, lisansi (…)

Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro bitihi se ikaraswa mu buryo bwo (…)

Minisitiri Nkulikiyinka yashyikirije Minisitiri w’Intebe wa Maurice ubutumwa bwa Perezida Kagame

Ku wa 25 Werurwe 2026, Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo Amb. Christine Nkulikiyinka, (…)

Umuyobozi mu Ngabo za Loni muri S.Sudani yasuye iz’u Rwanda azibutsa icyo zigomba guhora ziteguye

Umugaba w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, ushinzwe (…)

U Bwongereza: Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani hashyizweho Musenyeri w’umugore

Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani mu Bwongereza, hashyizweho Musenyeri w’umugore uwo akaba ari (…)

U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku bitero bya Iran

U Rwanda rwagaragaje ko ibitero by’ubushotoranyi Iran ikomeje kugaba ku bihugu byo mu (…)