skol

Amakuru

Nigeria: 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka

Abantu 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka nk’uko (…)

Perezida Ramaphosa yasabye umuryango wa Afurika yunze ubumwe gufatanya mu kugarura amahoro mu karere

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuze ko Afurika ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye (…)

Mottley wongeye gutorerwa kuyobora Barbados yijeje ubufatanye n’u Rwanda

Mia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, (…)

Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie

Urwego rugenzura itangazamakuru muri Ethiopie (EMA) rwahagaritse ibyangombwa by’abanyamakuru (…)

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Umuryango w’Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi (…)

Nkunda u Rwanda n’Abanyarwanda- Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko mu minsi (…)

U Bushinwa bugiye gukuraho imisoro bwishyuzaga ku bicuruzwa biva mu bihugu 53 bya Afurika

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko guhera tariki ya 1 Gicurasi 2026, ibicuruzwa byinjira i (…)

U Rwanda rwasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo muri RDC bitagira uruhare mu buhuza

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye ko ibihugu byijanditse mu (…)

Nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye abagore bagipfa babyara – Dr Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko nta gihugu cyakwemeza ko (…)

Mu mfuruka z’icyumba Perezida Ndayishimiye yaherewemo kuyobora AU

Kuva ku wa 14-15 Gashyantare 2026, Abakuru b’igihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (…)

Isi igeze aho amagara atererwa hejuru buri wese agasama aye- Chancelier w’u Budage

Mu nama ngarukamwaka yiga ku mutekano yatangiye i Munich ku wa Gatanu, Chancelier w’u Budage, (…)

U Rwanda rwerekanye uko rubona politiki y’ubu mu Nama y’Umutekano y’i Munich

Itsinda ry’intumwa za Guverinoma y’u Rwanda riyobowe na Minisitiri w’Umutekano, Dr. Vincent (…)

Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados

Perezida Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Barbados Mia Amor Mottley, kuba yongeye (…)

Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama ihuza (…)

Innocent Mutimura yagizwe umuyobozi wa Paratus Rwanda

Sosiyete itanga serivisi z’ikoranabuhanga muri Afurika imaze igihe gito ifunguye ishami mu (…)