skol

Amakuru

Abofisiye n’abasirikare ba RDF mu nzego zitandukanye barangije amahugurwa y’ingabo zidasanzwe

Abofisiye n’abandi basirikare bo mu nzego zitandukanye mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) basoje kuri uyu (…)

Perezida wa Sena yibukije abaturage kwitegura guhangana n’ibitero by’abapfobya Jenoside

Perezida wa Sena, Dr François-Xavier Kalinda, yasabye abaturage gukomeza kunga ubumwe no kuba (…)

Gen. Muhoozi yirukanye intasi nkuru yungirije muri UPDF

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yirukanye Col Abdul Rugumayo wari (…)

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bwa MINUSCA zavuye abagore bo muri gereza ya Bimbo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique, Batayo ya mbere zakoze igikorwa (…)

Minisitiri w’Intebe yageze i Malabo aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya OACPS

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yageze i Malabo, muri Guinée Equatoriale, aho azahagararira (…)

Trump yateguje igitero kuri Cuba

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Cuba ari yo bagiye kugabaho igitero cya gisirikare.

Umukinnyi wa filime Taylor Lautner n’umugore we bagiye kwibaruka imfura

Taylor Lautner uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje (…)

Arenga miliyari 92,9 Frw agiye gushorwa mu cyiciro cya kabiri cyo kuhira i Kayonza

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yemeje burundu amasezerano y’inguzanyo y’inyongera (…)

Rwamagana: Umugabo yarohamye mu mazi aburirwa irengero

Umugabo w’imyaka 31 wari ucumbitse mu kagari ka Rwimbogo mu Murenge wa Nyakaliro mu karere ka (…)

Rubavu: Umugabo n’umugore Bagwiriwe n’urukuta bikekwa ko barimo gutera akabariro

Umugore bivugwa ko yararyamanye n’umugabo utari we Bagwiriwe n’urukuta barapfa, abaturage bavuga (…)

Abagore basabwe kwihatira kujya mu buyobozi bw’inzego z’ibanze aho bakiri bake

Inzego zireberera iterambere ry’abagore mu Rwanda zabasabye kwitabira kujya mu myanya (…)

Perezida Ramaphosa yavuze ku kagambane bivugwa ko yakorewe mu nama ya G7

Ku wa 26 Werurwe 2026, Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida muri Afurika y’Epfo, Vincent Magwenya, (…)

RDC yasabye LONI gukura ingabo z’u Rwanda ku butaka bwayo

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gusaba ko ingabo z’u Rwanda (…)

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukerensa kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizumana Jean Damascene (…)

Hongrie: Umunyamakuru akurikiranyweho gufatanya n’amahanga gutata igihugu cye

Minisitiri w’Ubutabera wa Hongrie, Bence Tuzson yatangaje ko bari gukuerikirana umunyamakuru (…)