skol

Amakuru

Umwihariko w’uruganda rukomeye rukora ‘chips’ Musk agiye kubaka muri Texas

Mu minsi ishize, Elon Musk yatangaje ko sosiyete ze za SpaceX na Tesla, zigiye guhurira ku (…)

Amerika ishobora kohereza ingabo nyinshi mu Burasirazuba bw’Isi

Minisiteri y’Intambara ya Amerika ishobora kohereza abasirikare bo muri Airborne Division mu (…)

Icyo AFC/M23 ivuga kuri raporo ya RSF iyishinja gufunga no kwica urubozo abanyamakuru

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wahakanye (…)

Rubavu: Abantu 11 bafungiwe ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Umwe mu bari mu mukwabu wo kubafata yavuze ko abafashwe bari mu kigero cy’imyaka hagati ya 15 na (…)

Nigeria: ISWAP yahaye leta amasaha 72 yo kuba irekuye abarwanyi bayo yataye muri yombi

Itsinda ry’umutwe w’iterabwoba ukekwa kuba uwa ISWAP wahaye leta ya Nigeria igihe kitageze ku (…)

Kabila yasabye ko habaho ibiganiro, yamagana Tshisekedi yise "gashozantambara"

Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye kunenga (…)

Burundi : Umuturage yahanishijwe kwishyura amande arenga 1,700,000Fbu azira kuragira ihene

Umuturage utuye mu Ntara ya Butanyerera mu Gihugu cy’u Burundi yaciwe amande y’arenga 1,700,000 (…)

Minisitiri w’Intebe Starmer yabwiwe ko ikosa rikomeye yakoze ari ukwikura mu masezerano n’u Rwanda

Anthony John Smith wabaye Umuyobozi w’Urwego rushinzwe umutekano w’imipaka mu Bwongereza, yavuze (…)

FIC iraburira abatera inkunga iterabwoba

Ikigo cy’Ubutasi mu by’Imari (FIC) kiraburira abantu batanga amafaranga cyangwa indi mitungo (…)

Nyabihu: Abantu barindwi batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga

Ku wa mbere Tariki ya 23 Werurwe 2026, Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yeretse (…)

AFC/M23 yatanze impuruza ku mperuka iri kuba mu Minembwe

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2026, watanze impuruza ku bihe bisa (…)

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia, wazamutse ugera ku bantu (…)

Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kabale cyatangiye gukora iperereza nyuma y’urupfu rutunguranye (…)

Impamvu Tshisekedi yahisemo gukoresha umuhungu wa Habyarimana mu barwanya Leta y’u Rwanda

Hashize iminsi havugwa ingendo z’abarwanya Leta y’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokorasi (…)

Uwabaye muri Guverinoma ya Kenya yafungiwe guca igikuba

Raphael Tuju wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Guverinoma ya Kenya, yatawe muri (…)