skol

Amakuru

AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda

Umuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, imiyoborere na dipolomasi, (…)

Kigali: Abageni baraye ku kagari n’ibirongoranwa nyuma y’ubukwe

I Kigali, abageni mu Karere ka Nyarugenge, babuze aho bataha nyuma y’ubukwe bajya kurazwa ku (…)

U Burusiya bwatangiye gukura abaturage babwo muri Cuba

Ubuyobozi bw’u Burusiya bwatangaje ko buri gutegura ibikorwa byo gucyura abaturage babwo bagiye (…)

Babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida Ruto

Mu cyumweru kimwe, abaturage babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida wa Kenya, Dr. William (…)

Afurika Yunze Ubumwe yashimye isinywa ry’agahenge hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC

Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yagaragaje (…)

Uburakari bwa Rumaga bwamuteye gukora ubusizi bubyara amafaranga

Umusizi Junior Rumaga yahishuye ko kwirukanwa ku ishuri nk’igihano yari ahawe kuko yanze kuvuga (…)

Kenya igiye gufungura umupaka wayo na Somalia wari umaze imyaka hafi 15 ufunzwe

Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko muri Mata 2026 igihugu cye kizafungura (…)

Polisi y’u Rwanda yaburiye abadakora ‘mutation’ y’ibinyabiziga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko uwaguze ikinyabiziga (…)

Abaturage 15.000 b’i Gatsibo bagiye kwegerezwa amazi meza

Ambasade y’u Buyapani mu Rwanda yatanze inkunga ya 138.706 Frw (asaga miliyoni 202.962 Frw) yo (…)

U Rwanda na Ethiopia baganiriye ku gusigasira imikoranire mu iterambere

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick (…)

Kenya: Mackenzie washukishije abantu kwiyicisha inzara ngo bajye mu ijuru, akurikiranyweho urupfu rw’abandi 52

Umuvugabutumwa Paul Mackenzie wafunzwe mu 2023 akurikiranyweho gushuka abayoboke b’idini ye ngo (…)

Kuri iyi Si nta bihano byatubuza kurinda imipaka yacu- Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko (…)

WASAC Group yashyikirijwe imashini zipima ubuziranenge bwa Mubazi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC Group), cyashyikirijwe imashini 10 (…)

Nyuma y’umwaka urenga, indege igiye kugwa ku kibuga cy’indege cya Goma

Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Goma cyari kimaze igihe kirenga umwaka kidakoreshwa, kigiye (…)

RDC yareze MTN iyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya

Ikigo gishinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ARPTC) (…)