skol

Amakuru

Ububiko bw’intwaro i Bujumbura bwahiye burakongoka

Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Gen Gaspard Baratuza, yatangaje ko hari ububiko bw’intwaro bwo (…)

Perezida Touadéra yarahiriye kuyobora Santarafurika ashima by’umwihariko Ingabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Central Africa, Prof. Faustin-Archange Touadéra, yarahiriye kuyobora (…)

AFC/M23 irashinja ihuriro rishyigikiye Kinshasa kugaba ibitero simusiga ku baturage

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, ihuriro ry’ingabo (…)

Gen. Muhoozi yafunguye Gen. Namanya anamuhanaguraho ibyaha byose

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yafunguye Brig Gen Johnson Namanya (…)

Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa

Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe (…)

Ubwato bwa Amerika bwakoreshejwe mu gufata Maduro bugiye kumara umwaka budakora

Ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, buri mu bukoranye ikoranabuhanga rigezweho (…)

Kenya na Mozambique bagiranye amasezerano yo ’kurwanya iterabwoba’

Perezida wa Kenya William Ruto na Perezida wa Mozambique Daniel Chapo basinye amasezerano menshi (…)

Guverineri wa Nairobi ari guhigishwa uruhindu

Polisi ya Kenya iri guhigisha uruhindu, Guverineri wa Nairobi, Johnson Sakaja, wamenye ko (…)

Nyagatare: Umubyeyi w’abana 3 ugarutse mu ishuri ku myaka 31 yiyemeje kwiga, akaminuza

Nyuma yo gucikiriza amashuri agashaka umugabo, akabyara abana 3, Uwineza Julienne yiyemeje (…)

Koperative Umwalimu SACCO yungutse miliyari 17 Frw mu 2025

Koperative Umwalimu SACCO yatangaje ko yungutse miliyari 17 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka wa (…)

Uganda: Abasirikare bakuru 20 bafunzwe ku itegeko rya Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yategetse ko abasirikare 20 bo mu (…)

AFC/M23 yatangaje amazina n’umubare w’abahitanywe n’ibindi bitero byakoranywe ubugome ndengakamere

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ibitero byagabwe n’uruhande bahanganye mu gace ka Shanji muri (…)

U Rwanda ruyoboye ibindi bihugu ku Isi byizewe gushorwamo imari ikunguka vuba

U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere ku Isi mu cyerekezo cy’ishoramari ritanga inyungu ‘Baseline (…)

U Rwanda rugiye gufasha Madagascar gukoresha EBM

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), cyasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo gishinzwe Imisoro (…)

FARDC yakomeje kurasa mu bice bituwe cyane i Minembwe

Kuri iki Cyumweru, iitariki 29 Werurwe 2026 hagati ya saa 20h45 na 7h00 za mugitondo kuri uyu wa (…)