skol

Amakuru

Gen. Makenga yasoje amahugurwa y’abayobozi mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23, Général-Major Sultani Makenga, ku wa Kane yayoboye umuhango (…)

Liban na Israel mu gahenge k’ibyumweru bitatu

Israel na Libani batangiye kumvana imitsi kuva mu 1948. Rwabuze gica bagwa miswi kuko ntabwo (…)

Kigali: Hagiye gushyirwaho aho abantu bazajya basiga imodoka zabo bagatega bisi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gushyirwaho ahantu abantu bazajya baparika (…)

U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye mu nama ya gatanu (…)

Nyanza: Umukecuru yasanzwe yishwe, abantu bane batabwa muri yombi

Umukecuru w’imyaka 67 wo mu Karere ka Nyanza yasanzwe yishwe, bikekwa ko yaba yarishwe n’abantu (…)

Tariki ya 23 Mata 1994: Umunsi Abatutsi bishwe bakajugunywa mu cyuzi cya Nyamagana

Tariki ya 23 Mata mu 1994, ni umunsi wa 17 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba (…)

Ba Perezida 2 baburiye Ndayishimiye ku mugambi we wo gutera u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi biravugwa ko aherutse guhamagarwa na ba Perezida (…)

Leta ya Zambia iracyashaka gushyingura Edgar Lungu wapfuye mu mezi 10 ashize

Guverinoma ya Zambia yatangaje ko igifite umugambi wo gushyingura Edgar Lungu wahoze ari (…)

Umujyi wa Kigali watangaje imihanda yahariwe bisi mu masaha abonekamo abagenzi benshi

Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 hari imihanda imwe (…)

Umukire wa mbere muri Afurika yungutse arenga Tiriyari 4 Frw mu gihe gito

Umunya-Nigeria Aliko Dangote, uzwi nk’umukire wa mbere muri Afurika, akomeje kwiyongera mu (…)

Trump yahaye Iran nyirantarengwa y’iminsi itatu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahaye Iran iminsi iri hagati y’itatu (…)

Abanya-Afghanistan Trump ashaka kohereza kwa Tshisekedi babyanze

Abanya-Afghanistan 1,100 bafashije Amerika mu ntambara leta ya Donald Trump ishaka kohereza muri (…)

Rurageretse hagati ya Perezida Ndayishimiye na ’Imbwa Itukura’

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahanganye n’Umurundi wiyise ‘Imbwa Itukura’ ku (…)

Iran ntiteze gufungura Hormuz, izarwana kugeza ku mwuka wa nyuma

Mu gitondo cyo ku wa gatatu tariki 22 Mata 2026 Iran yavuze ko “yafashe” amato abiri y’imizigo (…)

Ubuhamya bw’abimukira ba mbere birukanywe na America boherejwe muri Congo

Abimukira birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za America bakoherezwa muri Repubulika Iharanira (…)