skol

Amakuru

Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu [UAE] yahamagariye Abanyarwanda bari muri (…)

Nigeria: Abaganga batatu bahagaritswe bazira urupfu rw’umwana w’umwanditsi Chimamanda Ngozi

Inama Nkuru y’Abaganga muri Nigeria yafashe icyemezo cyo guhagarika abaganga batatu nyuma y’uko (…)

Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019

Byahishuwe ko Leta y’u Burundi yateguye, iha imyitozo, kandi iyobora abagabye igitero (…)

U Rwanda rwatije ikigo cyo muri Brasil ubutaka bwo gukoreraho uruganda rw’inyama z’inka

Inama y’Abaminisitiri yatije ikigo cy’Ubucuruzi Planner Corretora de Valores SA ubutaka bwa Leta (…)

Umunyamakuru w’i Burundi umaze imyaka ibiri afunze yafunguwe atarangije igihano ashyirirwaho nyirantarengwa

Umunyamakuru Sandra Aline Muhoza wo mu Gihugu cy’u Burundi wakatiwe gufungwa imyaka ine, (…)

Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko irimo gukorera ‘online’

Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko irimo gukorera ‘online’ “kubera uko umutekano (…)

Uwayoboye Rayon yashyize hanze ukuri ku isezera ry’abahoze mu buyobozi bwayo

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports F.C, Uwayezu Jean Fidèle, yashyize amabanga hanze asobanura (…)

Uwabaye mu gisirikare kirwanira mu mazi cya America yasohowe nabi n’abapolisi muri Sena kubera ibyo yavugiyemo

Brian McGinnis wahoze mu gisirikare kirwanira mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za America, yasohowe (…)

Perezida Trump na Netanyahu bateye ubwoba Ayatollah uzasimbura uherutse kwicwa

Ikiriyo cya Ayatollah Ali Khamenei cyahagaritswe, kandi ubwoba ni bwose ko umuyobozi w’ikirenga (…)

Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u (…)

Musanze: Kutagira amarimbi bituma bakora ingendo ndende bajya gushyingura i Nyabihu

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu Mirenge ya Busogo na Gataraga (…)

Ahagombaga kubakwa Gare ya Rutsiro harahinduwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko kubera imiterere y’akarere bwahisemo guhindura (…)

U Rwanda rugiye gutangiza ibigo bibiri bitanga serivisi z’ubuhuza butisunze inkiko

Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) yatangaje ko mu rwego rwo guteza imbere uburyo bwo gukemura (…)

WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza, abatabushaka bishyure 6.000 RWF buri kwezi

Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza (…)

Huye-Nyamagabe: Barishimira ko iteme ryari rigiye gutwarwa n’ibiza ryasanwe

Abakoresha umuhanda Huye-Nyamagabe barashima ko iteme riri mu gishanga cya KONFIGI (…)