Ku munsi w’ejo,Taliki ya 26 Nzeri 2018, nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura imikino y’Agaciro nyuma yo kunyagirirwa muri Nigeria na Enyimba FC ibitego 5-1,imyitozo...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney yagereranyije abakozi ba Leta birengagiza umwanya wa siporo ya buri wa gatanu bagenewe na Leta, nk’imungu zimunga umutungo wa...
Ikipe ya Gicumbi FC imaze gukora impanuka ubwo yavaga mu karere ka Gicumbi iza mu mujyi wa Kigali aho yari ije gukinira umukino wa kamarampaka mu gushaka ugomba gusimbura Intare mu kiciro cya...
Umugabo wo mu Murenge wa Mwiri, ashinjwa ko mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu yishe abana be babiri, umukobwa n’umuhungu, nyuma y’igihe atandukanye na nyina...
Akagera National Park on Thursday announced the death of their most recognised elephant, Mutware.
According to the park officials, Mutware loosely translated as ‘Chief’ died of natural causes, he...
Mu murenge wa Simbi ho mu karere ka Huye uwitwa Mukobwajana Jacqueline n’imwe mu miryango igera ku 10,baravuga ko yarenganye ubwo yakurwaga mu masambu n’uvugako hari iwabo mbere yo mu mwaka w’...
Ubanza niwe Munyarugendo Jean Claude
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rwagize umwere rwahanaguyeho ibyaha Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kinigi mu karere ka Musanze MUNYARUGENDO MANZI...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018, ni bwo Uwihanganye Mwene Butare Fuade uzwi cyane nka Papa w’abatoto mu biganiro bya siporo kuri Tario/TV10, yahamirije umukunzi we Bilha urwo amukunda...
Queen Lydia wahoze ari umukunzi wa Davis D abinyujije kuri Whats App yatangaje ko ari mu rukundo n’undi musore utazwi aho yavuze ko ariwe mugabo we w’ejo...
MURWANASHYAKA Gaspard usanzwe ari umushoferi wa Taxi Voiture,utuye mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi , abana be babiri b’abakobwa umwe w’imyaka 11 undi afite imyaka 8,bavuga ko iyo yazaga...
Ikipe ya Rayon Sports imenyereweho kugira udushya dutandukanye,yatangaje ko muri uyu mwaka igiye gushinga ibiro abakinnyi bazajya bahuriramo bakareba imikinire ya mukeba ndetse...
Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame MUHONGERWA Patricie yasabye buri wese wamwumvise nabi mu mvugo ye yo mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane ko nta kintu...
Rutahizamu wa APR FC Sugira Ernest arashinjwa n’umukobwa witwa Dusabe Yvette wiga mu mashuli yisumbuye kuba yaramuteye inda ariko akaba yifuza ko bayikuramo ariko uyu rutahizamu yahakanye aya...
Kuri uyu wa Gatandatu, mu irimbi rya Rusororo ho mu karere ka Gasabo habereye umuhango wo gushyingura Mucyo Sabine witabye Imana hashize amezi arindwi arushinganye n’umugabo we Caleb Uwagaba. Ni...